• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, March 16, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri, ariko ntibyabuza ko avugutirwa umuti .

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in Conflict & Security
0
Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri, ariko ntibyabuza ko avugutirwa umuti .
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri.

You might also like

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

Igitero ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu duce two mu Rugezi tugenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, ntibisanzwe, kuko ari kurasisha gusa imbunda ziremereye, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Ibi bitero iri huriro ry’Ingabo zigwiriyemo cyane iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, ndetse kikaba kirimo kandi n’abasirikare bake ba FARDC, babigabye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 09/06/2025, aho babigabye mu duce two mu Rugezi.

Amakuru avuga ko izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta, mu kugaba biriya bitero zakoresheje gutera ibi bombe n’izindi mbunda zirasa kure.

Umutangabuhamya wahaye Minembwe Capital News aya makuru, yagize ati: “Ntibisanzwe! Iki gitero umwanzi ari kukirasishamo intwaro zirasa kure gusa, kandi ari kurasa ari kure akerekeza ahari Twirwaneho na M23 ndetse n’ahari abaturage.”

Yongeye kandi ati: “Amakompola n’iyo ari gukorehwa n’ibindi bibunda biremereye. Ubu birakomeye cyane. Nta Esemuji n’imwe irakoreshwa kuva mu gitondo cya kare kugeza ubu.”

Ihangana rikomeye hagati y’impande zombi riri kubera ku musozi wo kwa Didas n’ahazwi nko ku bitaro ugana ahahoze ari kwa kwa Chef Sabune.

Ni mu gihe iyi mirwano yahereye i Muchikachika agace gaherereye mu gice cyerekeza Gasiro aho umwanzi yateye aturutse.

Rugezi yagabwemo ibi bitero, yaherukaga kuberamo imirwano mu byumweru bitatu bishize.

Nyamara, uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bigenzura iki gice cya Rugezi kuva mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, uko utewe usubiza inyuma ibitero wagabweho, nk’uko n’ubundi yagiye isubiza n’ibindi bitero yagiye igabwaho mbere.

Ku rundi ruhande, andi makuru avuga ko iyi mitwe yombi yagabweho ibitero, yabonye musaada ukomeye, kabone nubwo aya makuru atagaragaza aho uwo musaada wa Twirwaneho na M23 waturutse, gusa bikekwa ko waba waturutse muri Minembwe centre. Bityo, umwanzi akaba ari gukubitwa kubi muri aka kanya muri turiya duce dukomeje kuberamo ihangana rikomeye hagati y’impande zombi.

Kimwecyo, nta ruhande rurahunga bigaragara, ariko amakuru amwe avuga ko uruhande rwa Leta ko ruri guhangana rusubira inyuma.

Ngayo nguko uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi.

Tags: amayeriRugeziUmwanzi
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Impinduka mu Magambo ya Mishiki, Abyegetse ku Rwanda Mu minsi mike ishize, amagambo yatangajwe n’umunyapolitiki wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), Willy Mishiki, yakomeje guteza impaka...

Read moreDetails

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe

Inzira z’Ubucuruzi i Uvira Zafunzwe Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutekano ukomeje kuzamba mu duce twinshi two mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aho ibikorwa...

Read moreDetails

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
Umwe mu Badepite Yirukanywe muri Wazalendo Nyuma yo Kwemera Uruhare mu Bitero bya Drones byabereye i Goma

Umunyapolitiki Mishiki Yatawe muri Yombi na FARDC Mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umwuka wa politiki n’umutekano ukomeje gufata indi ntera nyuma y’itabwa muri yombi...

Read moreDetails

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo

FARDC Yifashishije Drones mu Gutera Ibisasu mu Bice by’i Mulenge, Kivu y’Amajyepfo Mu misozi miremire y’i Mulenge, mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, amakuru aturuka mu baturage yemeza ko...

Read moreDetails

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

by Bahanda Bruce
March 15, 2026
0
RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga

RDC: Ubukana bw’Intambara mu Minembwe n’Icyuho cy’Umuryango Mpuzamahanga Mu gihe intambara n’ibihe by’akarengane bikomeje gufata indi ntera mu bice birimo Minembwe, Rubaya, Mushaki, na Nyabiondo mu burasirazuba bwa...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Hahishuwe ko Ubutegetsi bw'i Kinshasa ko buri gutegura ibitero karahabutaka kuri AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?