• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, January 29, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri, ariko ntibyabuza ko avugutirwa umuti .

minebwenews by minebwenews
June 9, 2025
in Conflict & Security
0
Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri, ariko ntibyabuza ko avugutirwa umuti .
120
SHARES
3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwanzi wagabye igitero mu Rugezi yakoresheje andi mayeri.

You might also like

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

Igitero ihuriro ry’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo zagabye mu duce two mu Rugezi tugenzurwa n’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23, ntibisanzwe, kuko ari kurasisha gusa imbunda ziremereye, nk’uko amakuru ava muri ibyo abivuga.

Ibi bitero iri huriro ry’Ingabo zigwiriyemo cyane iz’u Burundi, n’imitwe yitwaje intwaro ya Wazalendo na FDLR, ndetse kikaba kirimo kandi n’abasirikare bake ba FARDC, babigabye mu gitondo cya kare cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 09/06/2025, aho babigabye mu duce two mu Rugezi.

Amakuru avuga ko izi ngabo zirwana ku ruhande rwa Leta, mu kugaba biriya bitero zakoresheje gutera ibi bombe n’izindi mbunda zirasa kure.

Umutangabuhamya wahaye Minembwe Capital News aya makuru, yagize ati: “Ntibisanzwe! Iki gitero umwanzi ari kukirasishamo intwaro zirasa kure gusa, kandi ari kurasa ari kure akerekeza ahari Twirwaneho na M23 ndetse n’ahari abaturage.”

Yongeye kandi ati: “Amakompola n’iyo ari gukorehwa n’ibindi bibunda biremereye. Ubu birakomeye cyane. Nta Esemuji n’imwe irakoreshwa kuva mu gitondo cya kare kugeza ubu.”

Ihangana rikomeye hagati y’impande zombi riri kubera ku musozi wo kwa Didas n’ahazwi nko ku bitaro ugana ahahoze ari kwa kwa Chef Sabune.

Ni mu gihe iyi mirwano yahereye i Muchikachika agace gaherereye mu gice cyerekeza Gasiro aho umwanzi yateye aturutse.

Rugezi yagabwemo ibi bitero, yaherukaga kuberamo imirwano mu byumweru bitatu bishize.

Nyamara, uyu mutwe wa Twirwaneho n’uwa M23 bigenzura iki gice cya Rugezi kuva mu mpera z’ukwezi kwa gatatu uyu mwaka wa 2025, uko utewe usubiza inyuma ibitero wagabweho, nk’uko n’ubundi yagiye isubiza n’ibindi bitero yagiye igabwaho mbere.

Ku rundi ruhande, andi makuru avuga ko iyi mitwe yombi yagabweho ibitero, yabonye musaada ukomeye, kabone nubwo aya makuru atagaragaza aho uwo musaada wa Twirwaneho na M23 waturutse, gusa bikekwa ko waba waturutse muri Minembwe centre. Bityo, umwanzi akaba ari gukubitwa kubi muri aka kanya muri turiya duce dukomeje kuberamo ihangana rikomeye hagati y’impande zombi.

Kimwecyo, nta ruhande rurahunga bigaragara, ariko amakuru amwe avuga ko uruhande rwa Leta ko ruri guhangana rusubira inyuma.

Ngayo nguko uko byifashe ku mirongo y’urugamba mu Rugezi.

Tags: amayeriRugeziUmwanzi
Share48Tweet30Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État

RED Tabara Yamaganiye Kure Ibirego by’Ubutegetsi bw’u Burundi, Ihakana Imikoranire n’u Rwanda, M23 n’Igerageza rya Coup d’État Umutwe witwaje intwaro wa RED Tabara watangaje ku mugaragaro ko udafitanye...

Read moreDetails

Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi

Habaye Gukozanyaho Hagati ya AFC/M23 n’Ingabo za Leta mu Kibaya cya Ruzizi Kuri uyu wa Kane, tariki ya 29/01/2026, habaye imirwano y’akanya gato hagati y’ihuriro Alliance Fleuve Congo...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara

MRDP-Twirwaneho Yafashe Centre y’Ingenzi muri Mutambara Amakuru yizewe aturuka muri teritwari ya Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo avuga ko umutwe wa MRDP-Twirwaneho wigaruriye Centre ya Kirumbi, iherereye...

Read moreDetails

Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
January 29, 2026
0
Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira

Menya Uduce Twabereyemo Imirwano ku Munsi W’ejo mu Nkengero z’Umujyi wa Uvira Ku wa Gatatu tariki ya 28/01/2026, mu nkengero z’Umujyi wa Uvira, humvikanye imirwano ikaze yahuje Ingabo...

Read moreDetails

Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 28, 2026
0
Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23

“Nibongera Kudutera, Tuzasubira i Uvira” – Dr. Balinda wa AFC/M23 Umutwe wa Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) watangaje ko witeguye kongera gufata Umujyi wa Uvira mu gihe ihuriro ry’ingabo...

Read moreDetails
Next Post
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Hahishuwe ko Ubutegetsi bw'i Kinshasa ko buri gutegura ibitero karahabutaka kuri AFC/M23.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?