• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 5, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2025
in World News
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

You might also like

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, maze akamwemeza mu buryo azahita anabishimangira ku mbugankoranyambaga, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya Amerika akunze kubikora.

Ibi yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, ubwo yabasonuriraga amahirwe y’ishoramari n’ubucuruzi afite muri Botswana.

Yari anaheruka kugira uruzinduko i Washington DC, aho yanahuye na minisitiri w’ubanye n’amahanga waho, Marco Rubio, bakagirana ibiganiro kubufatanye mu bucuruzi no kubungabunga amahoro mu karere.

Avuga ko Amerika ivuga ko ibicuruzwa biva mu gihugu cye cya Botswana bijya i Washington ari byinshi, bityo ngo iki gihugu cye kigomba gushyirirwaho umusoro mwinshi.

Boka akavuga ko ibyo ari ukuri, ati kandi bakwiye kubiganiraho na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Botswana yakomeje avuga ko yagiranye ikiganiro cyiza na minisitiri Rubio, ndetse ko muri icyo kiganiro bagiranye cyanitabiriwe n’umuntu uvugana na perezida Trump inshuro 4 mu cyumweru kimwe.

Boko yavuze ko yagerageje kuvuga byose ibyo yagombaga kuvuga kugira ngo ibyo yashakaga bigezwe kuri perezida Trump. Agaragariza ririya tangazamakuru ko yifuza ko umusoro hagati ya Botswana na Amerika ugera kuri zero aho kuzamurwa.

Yavuze ko umunsi azahura na perezida Trump azamwemeza nk’uko yemeje minisitiri w’ubanye n’amahanga Marco Rubio, kandi ko perezida Trump azabishimangira mu butumwa azanyuza ku mbuga nkoranyambaga.

Yagize ati: “Mutegereze nzahure na we . Ni mara guhura na we, muzategereze “tweets ze,” azababwira. Kubera ko iyo duhagararira inyungu z’igihugu, turitonda, turubaha, tuba dushikamye kandi dukoresha imibare n’ubwenge.”

Mu mwaka ushize, Botswana yohereje i Washington ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 405,1 z’amadolari, mu gihe Amerika yo yohereje muri Botswana ibifite agaciro ka miliyoni 104,3 z’amadolari.

Kubera icyuho cya miliyoni 300,8 z’amadolari cyari hagati y’ubucuruzi bw’ibihugu byombi mu mwaka ushize, Trump yazamuriye Botswana umusoro, ugera kuri 37.

Tags: Aremeza TrumpBotswanaGideo Duma Boka
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails

Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

by minebwenews
August 31, 2025
0
Kubera telefone minisitiri w’intebe wa Thailand yegujwe

Kubera telefone minisitiri w'intebe wa Thailand yegujwe Urukiko rw'ikirenga rwo muri Thailand rwafashe icyemezo cyo kweguza minisitiri w'intebe w'iki gihugu, Poetongtarn Shinawatra, kubera ikiganiro cya telefone yagiranye na...

Read moreDetails

Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Uwayoboye urwego rw’ubutasi bw’igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi.

Uwayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda yatawe muri yombi. Major General James Birungi wayoboye urwego rw'ubutasi bw'igisirikare cya Uganda, yatawe muri yombi ajanwa muri gereza y'Ishami rishyinzwe imyitwarire...

Read moreDetails

Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

by minebwenews
August 24, 2025
0
Koreya y’Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane.

Koreya y'Epfo yarashe ku basirikare ba Koreya ya Ruguru. Ibintu bishobora kuba bibi cyane. Igisirikare cya Koreya y'Epfo cyarashe ku basirikare ba Koreya Yaruguru barinda umupaka uhuza ibihugu...

Read moreDetails
Next Post

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y'i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rugezi Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?