Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 13, 2025
in World News
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

You might also like

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, maze akamwemeza mu buryo azahita anabishimangira ku mbugankoranyambaga, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya Amerika akunze kubikora.

Ibi yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, ubwo yabasonuriraga amahirwe y’ishoramari n’ubucuruzi afite muri Botswana.

Yari anaheruka kugira uruzinduko i Washington DC, aho yanahuye na minisitiri w’ubanye n’amahanga waho, Marco Rubio, bakagirana ibiganiro kubufatanye mu bucuruzi no kubungabunga amahoro mu karere.

Avuga ko Amerika ivuga ko ibicuruzwa biva mu gihugu cye cya Botswana bijya i Washington ari byinshi, bityo ngo iki gihugu cye kigomba gushyirirwaho umusoro mwinshi.

Boka akavuga ko ibyo ari ukuri, ati kandi bakwiye kubiganiraho na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Botswana yakomeje avuga ko yagiranye ikiganiro cyiza na minisitiri Rubio, ndetse ko muri icyo kiganiro bagiranye cyanitabiriwe n’umuntu uvugana na perezida Trump inshuro 4 mu cyumweru kimwe.

Boko yavuze ko yagerageje kuvuga byose ibyo yagombaga kuvuga kugira ngo ibyo yashakaga bigezwe kuri perezida Trump. Agaragariza ririya tangazamakuru ko yifuza ko umusoro hagati ya Botswana na Amerika ugera kuri zero aho kuzamurwa.

Yavuze ko umunsi azahura na perezida Trump azamwemeza nk’uko yemeje minisitiri w’ubanye n’amahanga Marco Rubio, kandi ko perezida Trump azabishimangira mu butumwa azanyuza ku mbuga nkoranyambaga.

Yagize ati: “Mutegereze nzahure na we . Ni mara guhura na we, muzategereze “tweets ze,” azababwira. Kubera ko iyo duhagararira inyungu z’igihugu, turitonda, turubaha, tuba dushikamye kandi dukoresha imibare n’ubwenge.”

Mu mwaka ushize, Botswana yohereje i Washington ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 405,1 z’amadolari, mu gihe Amerika yo yohereje muri Botswana ibifite agaciro ka miliyoni 104,3 z’amadolari.

Kubera icyuho cya miliyoni 300,8 z’amadolari cyari hagati y’ubucuruzi bw’ibihugu byombi mu mwaka ushize, Trump yazamuriye Botswana umusoro, ugera kuri 37.

Tags: Aremeza TrumpBotswanaGideo Duma Boka
Share30Tweet19Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

by Bruce Bahanda
July 13, 2025
0
Ibitero bya Israel muri Gaza byari bikaze.

Ibitero bya Israel muri Gaza byari byakaze. Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero bikomeye mu ntara ya Gaza, bisiga bihitanye abantu 110 abandi amagana babikomerekeramo. Ni ibitero iki gisirikare...

Read moreDetails

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

by Bruce Bahanda
July 10, 2025
0
Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya.

Perezida Ruto yategetse abapolisi guhita bakoresha kurasa mu maguru abigaragambya. Umukuru w'igihugu cya Kenya, William Ruto, yategetse igipolisi kurasa mu maguru abakora imyigaragambyo bagamije no kwangiza ibikorwaremezo by'abaturage....

Read moreDetails

YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

by minebwenews
July 9, 2025
0
YouTube to Overhaul Monetization Rules. Only Original Content with Real Voices to Earn Revenue Starting July 15/2025

In a bold move to prioritize authenticity and creativity, YouTube has announced a significant update to its YouTube Partner Program (YPP) monetization policies, effective July 15, 2025. The...

Read moreDetails

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

by minebwenews
July 8, 2025
0
Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

 A groundbreaking malaria treatment tailored for babies and young children has received approval from Swissmedic, making a historic milestone in the fight against malaria. Developed by Novartis in...

Read moreDetails

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

by Bruce Bahanda
July 8, 2025
0
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya. Roman Starovoit, wahoze ari minisitiri w'ingendo mu Burusiya yapfuye urupfu rutunguranye aho ndetse bivugwa ko yiyahuye, akaba yitabye Imana...

Read moreDetails
Next Post
Uvira bari mu marira menshi nyuma y’aho FARDC yishe irashe umuyobozi waho ukomeye.

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y'i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?