• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

minebwenews by minebwenews
July 13, 2025
in World News
0
Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.
86
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bakuru b’ibihugu bya Afrika yatangaje ko agiye kwemeza Trump avuga n’uburyo azabikora.

You might also like

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Gideon Duma Boka wa Botswana yatangaje ko agiye gukora ibishoboka byose akazahura na perezida wa Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump, maze akamwemeza mu buryo azahita anabishimangira ku mbugankoranyambaga, nk’uko uyu mukuru w’igihugu cya Amerika akunze kubikora.

Ibi yabitangarije mu kiganiro aheruka kugirana n’abanyamakuru, ubwo yabasonuriraga amahirwe y’ishoramari n’ubucuruzi afite muri Botswana.

Yari anaheruka kugira uruzinduko i Washington DC, aho yanahuye na minisitiri w’ubanye n’amahanga waho, Marco Rubio, bakagirana ibiganiro kubufatanye mu bucuruzi no kubungabunga amahoro mu karere.

Avuga ko Amerika ivuga ko ibicuruzwa biva mu gihugu cye cya Botswana bijya i Washington ari byinshi, bityo ngo iki gihugu cye kigomba gushyirirwaho umusoro mwinshi.

Boka akavuga ko ibyo ari ukuri, ati kandi bakwiye kubiganiraho na Leta Zunze ubumwe z’Amerika.

Uyu mukuru w’iki gihugu cya Botswana yakomeje avuga ko yagiranye ikiganiro cyiza na minisitiri Rubio, ndetse ko muri icyo kiganiro bagiranye cyanitabiriwe n’umuntu uvugana na perezida Trump inshuro 4 mu cyumweru kimwe.

Boko yavuze ko yagerageje kuvuga byose ibyo yagombaga kuvuga kugira ngo ibyo yashakaga bigezwe kuri perezida Trump. Agaragariza ririya tangazamakuru ko yifuza ko umusoro hagati ya Botswana na Amerika ugera kuri zero aho kuzamurwa.

Yavuze ko umunsi azahura na perezida Trump azamwemeza nk’uko yemeje minisitiri w’ubanye n’amahanga Marco Rubio, kandi ko perezida Trump azabishimangira mu butumwa azanyuza ku mbuga nkoranyambaga.

Yagize ati: “Mutegereze nzahure na we . Ni mara guhura na we, muzategereze “tweets ze,” azababwira. Kubera ko iyo duhagararira inyungu z’igihugu, turitonda, turubaha, tuba dushikamye kandi dukoresha imibare n’ubwenge.”

Mu mwaka ushize, Botswana yohereje i Washington ibicuruzwa bifite agaciro ka miliyoni 405,1 z’amadolari, mu gihe Amerika yo yohereje muri Botswana ibifite agaciro ka miliyoni 104,3 z’amadolari.

Kubera icyuho cya miliyoni 300,8 z’amadolari cyari hagati y’ubucuruzi bw’ibihugu byombi mu mwaka ushize, Trump yazamuriye Botswana umusoro, ugera kuri 37.

Tags: Aremeza TrumpBotswanaGideo Duma Boka
Share34Tweet22Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC

After Pursuing President Putin and Prime Minister Netanyahu: Karim Khan Faces a Legal Crisis Shaking the ICC The International Criminal Court (ICC), headquartered in The Hague, Netherlands, is...

Read moreDetails

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

by Bahanda Bruce
June 10, 2026
0
Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC

Nyuma yo Gukurikirana Perezida Putin na Minisitiri Netanyahu: Karim Khan Na We Ari Mu Rujijo Rw’Amategeko Rwahungabanyije ICC Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha (ICC/CPI) rufite icyicaro i La Haye mu...

Read moreDetails

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati

Perezida Trump, Netanyahu na Iran: Intambara y’Amagambo n’Igitutu cya Dipolomasi Ihindanya Umutekano w’Uburasirazuba bwo Hagati Umwuka wa politiki mpuzamahanga ukomeje kuzamo igitutu gikomeye hagati ya Leta Zunze Ubumwe...

Read moreDetails

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba

Xi Jinping i Pyongyang: Uruzinduko Rudasanzwe Rushobora Guhindura Isura y’Ububanyi n’Amahanga muri Aziya y’Uburasirazuba Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, yageze mu murwa mukuru wa Koreya ya Ruguru, Pyongyang,...

Read moreDetails

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja

Philippines Yanyeganyejwe n’Umutingito wa 7.8: Abantu Bahitanywe na Wo, Hatangwa Umuburo wa Tsunami ku Nkombe z’Inyanja Igihugu cya Philippines cyongeye kwibasirwa n’umutingito ukomeye wapimwe ku gipimo cya 7.8,...

Read moreDetails
Next Post

Uvira ngo yaba igiye gufatwa cyangwa ni amayeri Leta y'i Kinshasa irimo gukoresha, ibirambuye

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?