• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

minebwenews by minebwenews
July 2, 2024
in Regional Politics
0
Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu bashinjwa gushaka guhirika ubutegetsi bwa Kinshasa, yavuze mpuruyaha uko uwo mugambi wacuzwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nibyo Yusufu yavugiye mu rukiko i Kinshasa, umwe mubari mugatsiko kari kayobowe na Christian Malanga Musumari, kari kagamije gukubita ku deta ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi; ingabo za FARDC ziza kuburizamo uwo mugambi zikoresheje imbaraga za gisirikare.

Yusufu, yasobanuye ko kuva mu 2017 ari bwo we yamenye Christian Malanga Musumari, kandi ko icyo gihe bari i Londre mu Bwongereza.

Baza gukorana ingendo, bazengurukana ahantu henshi, avuga ko bavuye mu Bwongereza baja Swaziland n’ahandi, babona kuja muri Repubulika ya demokarasi ya Congo. Hanyuma ngo yaje guhatirwa kwinjira mu mutwe witwa ‘New Zaïre,’ ngo atazi impamvu.

Kuva i Mangayi bamenyekanisha uyu muryango, Kasungulu, bageze kuri Auberge, i Ngaliema. Avuga kandi ko bageze aha Aububakar, umwe wabo azakwicwa nyuma y’uko yari yazanye imyambaro ya gisirikare yakorewe muri Angola.

Yasobanuye kandi ko umuyobozi wakariya gatsiko, yababwiraga ko inshingano zabo kwari ukubanza bagafata Vital Khamere wahoze ari minisitiri w’u bukungu, no kumuzana muri palais de la nation (ingoro y’umukuru w’igihugu) kugira ngo bamuvugishe ku byerekeye uko igihugu gihagaze.

Mbere y’uko bagera kwa Kamerhe, abantu bagera kuri mirongo itandatu bitwaje imbunda nibo binjiye muri bus ndetse n’umuyobozi wabo aja muri jeep ye. Babanje guca kwa Jean Pierre Bemba basanga adahari.

Hanyuma, bagiye kwa Kamerhe aho nk’uko abivuga, nta muntu wahiciwe. Kandi umuntu washakishwaga yari yihishe mu mwijima.

Amaherezo, agatsiko kaje kwigarurira Palais de la nation. Hano, nk’uko uregwa Yusufu abivuga, Jeep ya Christian Malanga yinjiye isenya bariyeri zose kandi yinjira mu ngoro y’umukuru w’igihugu nta kurwanya.”

Maze uwari uyoboye aka gatsiko abwira ingabo ze ati: “Ingeta, bibe bityo, dufashe ubutegetsi.”

Abunganira uregwa, bo bagaragaje ko uyu ushinjwa ko ntaruhare runini yabigizemo. Nta muntu yishe kuko atazi gukoresha imbunda.

Ku ruhande rwabo, ubushinjacyaha bwo bwemeza ko Yusufu ari umuhuzabikorwa w’umutwe kandi yawushakiraga abayoboke. Ngo yagize uruhare mu iyicwa ry’abapolisi babiri aho Kamerhe atuye kandi yari yitwaje intwaro.

Iburanisha ritaha riteganijwe ku wa Gatanu tariki ya 05/07/2024.

         MCN.
Tags: Christian Malanga MusumariKinshasaKu detaUregwaYusufu
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

M23, umutwe uyobowe na Berterand Bisimwa, bidasanzwe wongeye gukora ikintu gikomeye cyababaje ubutegetsi bwa Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?