• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 22, 2025
in Conflict & Security
0
AFC/M23/MRDP yagize icyo isezeranya ku mujyi wa Uvira
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi muntu yishwe arashwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo

You might also like

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Umudamu uri mu kigero cy’imyaka 50 yishwe arashwe n’abo bikekwa ko ari wazalendo, akaba yariciwe i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo.

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 22/10/2025, ni bwo uyu mugore wo mu bwoko bw’Abapfulero yishwe arashwe.

Amakuru aturuka muri iki gice cya Uvira agaragaza ko uyu mugore yarasiwe neza ahitwa Kata muri Quartier ya Kalundu.

Uwaduhaye aya makuru anavuga ko yiciwe hafi n’ishuri riherereye muri kariya gace rya Nganga.

Anavuga kandi ko yari umugore wa Kaluku wo mu muryango wa Balizi, umwe mu miryango igize ubwoko bw’Abapfulero, kandi ko yishwe arashwe n’abo bikekwa ko ari wazalendo.

Umuryango we wemeje aya makuru mu rwandiko washyize hanze, aho wagaragaje ko yishwe igihe cya saa moya n’igice z’iri joro rya keye.

Muri ubwo butumwa washyize hanze wanasabye Ingabo za Leta kubikurikirana no gukora ibishoboka byose ababigizemo uruhare bakabiryozwa.

Mu cyumweru gishize na bwo undi muntu w’Umugabo yishwe nk’uku, arasiwe muri Quartier ya Kavimvira itari mu ntera ndende uvuye aha muri Kalundu.

Nta cyumweru gishyira aha muri Uvira hatishwe umuntu umwe cyangwa barenze babiri, kandi ahanini bakicwa n’imitwe yitwaje intwaro irimo n’uwa Wazalendo.

Ni bikorwa byarushijeho gufata indi ntera mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka, nyuma y’aho umutwe wa AFC /M23/MRDP-Twirwaneho ufashe umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ukanafata n’indi mijyi mito irimo Kamanyola, hagahungira abo ku ruhande rwa Leta benshi, FDLR, Wazalendo, Ingabo z’u Burundi n’iza RDC.

Ibi bikorwa bya Wazalendo byo kwica abasivili i Uvira bikomeje gutuma icyizere abaturage bayigiriraga gishyira, ndetse kikaba kandi gikomeje gutuma haba umwuka mubi hagati yabo.

Tags: Bishe barasheUviraWazalendo
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira

AFC/M23/MRDP-Twirwaneho Yahamagariye Abaturage Gutaha, Isezeranya Umutekano n’Ubutabera mu Mujyi wa Uvira Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twirwaneho) ryatangaje ko ryafashe burundu umujyi wa Uvira, nyuma y’amezi arenga atatu...

Read moreDetails

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane

Minembwe: Abanyamulenge Bishimiye Ifatwa ry’Umujyi wa Uvira, Bizeye Ihumure n’Isubukurwa ry’Ubuhahirane Abaturage b’Abanyamulenge batuye mu Minembwe, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, batangaje ko bishimiye cyane ifatwa ry’umujyi wa...

Read moreDetails

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje”

Olivier Rumenge: “Turi muri Uvira kugira ngo turengere abaturage, kandi urugendo rwo kugera i Kinshasa rurakomeje” Olivier Rumenge Rugeyo, wahoze ahatanira kuba umudepite mu karere ka Fizi, yongeye...

Read moreDetails

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda

Corneille Nangaa Yasobanuye Ifatwa rya Uvira, Ahakana Ubufasha bw’u Rwanda Amakuru mashya aturuka mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo yemeza ko ihuriro rya Alliance Fleuve Congo,...

Read moreDetails

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo

Uvira Mu Maboko ya AFC/M23/MRDP-Twitwaneho: Ifatwa ry’Umujyi Rihinduye Imiterere y’Intambara muri Kivu y’Amajyepfo Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo (AFC/M23/MRDP-Twitwaneho) ryamaze kwigarurira umujyi wa Uvira, nubwo hari uduce duke...

Read moreDetails
Next Post
Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

Isi ngo yungutse ukundi kwezi -Ubushakashatsi

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?