• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, January 18, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Undi Muzalendo yapfuye nyuma y’uko basubiranyemo na FARDC

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 7, 2025
in Conflict & Security
0
Undi Muzalendo yapfuye nyuma y’uko basubiranyemo na FARDC
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Undi Muzalendo yapfuye nyuma y’uko basubiranyemo na FARDC

You might also like

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira

Umuzalendo wari wakomeretse ubwo aba barwanyi basubiranagamo n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC mu mpera zakiriya cyumweru i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, na we yapfuye.

Ku wa gatandatu tariki ya 04/10/2025, ni bwo aba barwanyi ba Wazalendo basubiranyemo na FARDC, bararwana karahava.

Isubiranamo ryabo amakuru agaragaza ko ryabereye mu gace ka Mulongwe; icyo gihe Wazalendo bapfushije umwe, mu gihe undi yakomeretse.

Aya makuru akomeza avuga ko uyu wakomeretse yapfuye, aho binavugwa ko yarangije ku mwanywa yo kuri uyu wa kabiri.

Umwe mu baturage baherereye muri ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News ko i “Uvira abantu bakomeje kwicwa nk’isazi, kandi ko bicwa mu buryo we avuga ko ari mu mafuti.”

Yagize ati: “Ino i Uvira abantu bakomeje gupfa nk’isazi. Tubona nta kindi kibitera ni ubutegetsi bubi.”

Yongeye kandi ati: “Ku wa gatandatu Wazalendo na FARDC, muri Quartier ya Mulongwe, bararwanye, hapfa umuzalendo umwe, undi arakomeretswa, none dore na we apfuye uyu munsi.”

Iri subiranamo ryaje rikurikira irindi ryabaye mu ntangiriro z’icyo cyumweru hagati y’izi mpande zombi, aho naryo ryabereye Mulongwe ndetse rikomereza mu Gasenga.

Muri icyo gihe nabwo hapfuye batatu bo muri Wazalendo, na ho FARDC yo itakaza babiri abandi n’abo batanu barakomeretswa, nk’uko amasoko yacu yagiye abigaragaza.

Kuva iki gice cya Uvira gihungiyemo abasirikare ba Leta n’abarwanyi ba Wazalendo benshi, nyuma yo gutsindirwa i Bukavu n’umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho mu kwezi kwa kabiri uyu mwaka. Habaye ugusubiranamo kenshi, bigatuma haba imfu zidasobanutse, kandi zibaka kuri buri ruhande haba kuri Wazalendo, abasivili n’abasirikare.

Bikanasobanurwa ko ari ikibazo cy’imiyoborere mibi.
Uretse kwicwa, abantu bananyagwa n’ibyabo, amafaranga n’ibindi bintu by’agaciro.

Ubu bugizi bwa nabi bugashinjwa Wazalendo, ingabo z’u, FDLR na FARDC bagenzura iki gice cya Uvira.

Kubera iki kibazo, abaturage bagasaba ko bohabwa umutekano wabo, bitaba ibyo uruhande rwa Leta rukarekera umutwe wa AFC/M23/MRDP-Twirwaneho kugenzura Uvira, ngo kuko yo aho ireba harangwa n’ituza n’amahoro.

Tags: UviraWazalendoyapfuye
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu

Leta ya RDC Yakomeje Guha FDLR Intwaro n’Amasasu Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC) cyongeye gushinjwa gukomeza guha umutwe w’iterabwoba wa FDLR n’indi mitwe yitwaje intwaro...

Read moreDetails

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi

Ingabo z’u Burundi Zakubitiwe i Mulenge, Twirwaneho Yigarurira Ibirindiro by’Ingenzi Ingabo z’u Burundi zakomeje guhura n’ibibazo bikomeye mu mirwano yabereye mu nkengero za Minembwe, mu Ntara ya Kivu...

Read moreDetails

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
AFC/M23 Yasabye u Burundi Gufungura Umupaka wa Gatumba

AFC/M23 Yatangaje Ko Yamaze Kuvana Burundu Ingabo Zayo mu Mujyi wa Uvira Ihuriro Alliance Fleuve Congo (AFC/M23) ryatangaje ko ku wa Gatandatu, tariki ya 17/01/2026, ryakuye burundu ingabo...

Read moreDetails

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose Ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, mu mujyi wa Goma, ubuyobozi bw’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

by Bahanda Bruce
January 13, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso

AFC/M23 Yahanganye n’Ingabo za Leta, Abaturage Babarirwa mu Magana Bahungira i Mweso Mu gitondo cyo ku wa Mbere, tariki ya 12/01/2026, habaye imirwano ikaze hagati y’abarwanyi b’ihuriro AFC/M23...

Read moreDetails
Next Post
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Urusika rwari hagati ya 8ème CEPAC na 37ème CADEC rwakuweho-ubuhamya

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?