Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rukaze hagati ya M23, n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rukaze hagati ya M23, n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikaze irimo gusatira u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko bya vuzwe imirwano irimo kuba irimo guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’i gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo na SADC, aho iriya mirwano yongeye gukomera kuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 21/01/2024.

N’imirwano yongeye ku bura muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, aho bya vuzwe ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku bufatanye n’iza SADC zagabye ibitero mu gace ka Mweso, ahatuwe n’abaturage benshi nk’uko bya vuzwe n’u muvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku bufasha bwa SADC, bagabye ibitero biremereye ahatuwe n’abaturage benshi. M23 yo ikomeje kurwana kinyamwuga irwanirira n’abaturage.”

Iy’i mirwano yaje gukomereza mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, nka Kibumba, Kanyamahoro no mutundi duce turi mu nkengero za Goma.

Ibi bikaba bimaze kwemezwa na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo.

Yagize iti: “Amakambi ya Wazalendo na FARDC, aherereye muri teritware ya Nyiragongo, akomeje k’umvikana mo imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo kugeza ubu muri ay’amasaha.”

Nyuma yirahira rya perezida Félix Tshisekedi, biravugwa ko imirwano yongeye gukomera ko kandi ikomeje k’umvikana mu bice byinshi.

Gusa amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, kubufatanye na SADC ko bambuwe ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo Imbunda zirasa kure nizirasa hafi.

Ahanini ziriya mbunde zambuwe ingabo za leta na SADC, bazamburiwe Kanyamahoro no mugace ka Mweso.

Bruce Bahanda.

Tags: Hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDCRurimo gusatira u Mujyi wa GomaUrugamba rukaze
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
John Mvuyekure, umuririmbyi w’indirimbo za ‘Gospel,’ yakoze indirimbo irimo ubutumwa yageneye Abanyamulenge n’Abanyamasisi.

John Mvuyekure, umuririmbyi w'indirimbo za 'Gospel,' yakoze indirimbo irimo ubutumwa yageneye Abanyamulenge n'Abanyamasisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?