• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 18, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urugamba rukaze hagati ya M23, n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
January 22, 2024
in Regional Politics
0
Urugamba rukaze hagati ya M23, n’ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ru komeje gusatira u Mujyi wa Goma.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Imirwano ikaze irimo gusatira u Mujyi wa Goma, uzwi nk’u murwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Nk’uko bya vuzwe imirwano irimo kuba irimo guhuza M23 n’ihuriro ry’Ingabo z’i gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo na SADC, aho iriya mirwano yongeye gukomera kuva k’umunsi w’ejo hashize, tariki ya 21/01/2024.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

N’imirwano yongeye ku bura muri iki Gitondo cyo kuri uyu wa Mbere, tariki ya 22/01/2024, aho bya vuzwe ko ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ku bufatanye n’iza SADC zagabye ibitero mu gace ka Mweso, ahatuwe n’abaturage benshi nk’uko bya vuzwe n’u muvugizi wa M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka.

Yagize ati: “Ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ku bufasha bwa SADC, bagabye ibitero biremereye ahatuwe n’abaturage benshi. M23 yo ikomeje kurwana kinyamwuga irwanirira n’abaturage.”

Iy’i mirwano yaje gukomereza mu bice byo muri teritware ya Nyiragongo, nka Kibumba, Kanyamahoro no mutundi duce turi mu nkengero za Goma.

Ibi bikaba bimaze kwemezwa na Sosiyete sivile yo muri teritware ya Nyiragongo.

Yagize iti: “Amakambi ya Wazalendo na FARDC, aherereye muri teritware ya Nyiragongo, akomeje k’umvikana mo imbunda ziremereye n’izito kuva igihe c’isaha z’igitondo kugeza ubu muri ay’amasaha.”

Nyuma yirahira rya perezida Félix Tshisekedi, biravugwa ko imirwano yongeye gukomera ko kandi ikomeje k’umvikana mu bice byinshi.

Gusa amakuru yizewe Minembwe Capital News, imaze kwakira n’uko ihuriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, kubufatanye na SADC ko bambuwe ibikoresho by’agisirikare byinshi birimo Imbunda zirasa kure nizirasa hafi.

Ahanini ziriya mbunde zambuwe ingabo za leta na SADC, bazamburiwe Kanyamahoro no mugace ka Mweso.

Bruce Bahanda.

Tags: Hagati ya M23 n'ihuriro ry'Ingabo za RDCRurimo gusatira u Mujyi wa GomaUrugamba rukaze

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
John Mvuyekure, umuririmbyi w’indirimbo za ‘Gospel,’ yakoze indirimbo irimo ubutumwa yageneye Abanyamulenge n’Abanyamasisi.

John Mvuyekure, umuririmbyi w'indirimbo za 'Gospel,' yakoze indirimbo irimo ubutumwa yageneye Abanyamulenge n'Abanyamasisi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu révèle ce qu’il a vécu lors de la manifestation de C64 et expose les demandes qu’il a adressées à la police
  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?