• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, March 6, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Urujijo ku ngabo z’u Burundi za hurutse mu Bibogobogo.

minebwenews by minebwenews
June 19, 2025
in Conflict & Security
0
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.
85
SHARES
2.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujijo ku ngabo z’u Burundi za hurutse mu Bibogobogo.

You might also like

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Abasirikare bagera kuri 300 b’u Burundi, baheruka kugera ku butaka bwa Bibogobogo, amakuru yabo ntavugwaho rumwe nabose.

Umusibo ejo ku wa gatatu ni bwo aba basirikare b’u Burundi bakiriwe muri iki gice cya Bibogobogo kibarizwa muri teritware ya Fizi mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Amakuru avugwa kuri aba basirikare b’u Burundi basanzwe bakorana byahafi n’Ingabo za Congo kuva mu mpera z’umwaka wa 2022 mu rugamba zirimo rwo kurwanya umutwe wa M23 n’uwa Twirwaneho, hari avuga ko bashaka gukomeza berekeza mu Minembwe kugaba ibitero kuri iriya mitwe yombi barwanya.

Andi nanone akavuga ko baje gusimbura bagenzi babo bari basanzwe aha mu Bibogobogo.

Mu gihe andi na yo ahamya ko baje kongera imbaraga z’abari bahasanzwe, mu rwego rwo kugira ngo barinde iki gice kitazagwa mu maboko ya Twirwaneho na M23.

Umwe wacu uherereye hafi no mu Bibogobogo yagize ati: “Kugera kw’aba basirikare b’u Burundi ku butaka bwa Bibogobogo, nta wakubeshya ngwazi ukuri kwabyo. Hari abavuga ko bashaka kwerekeza mu Minembwe na Mikenke kuhagaba ibitero, abandi n’abo bakavuga ibindi! Ariko bigaragara ko baje gukomeza ibi birindiro bahitiyemo.”

Ubwo bazaga mu ijoro ryo ku wa kabiri binutse i Baraka, bahitiye mu Magunga, nyuma boherezwa mu birindiro byababo biri ahatandukanye muri iki gice.

Kuva mu mumpera z’u mwaka ushize wa 2024, Ingabo z’u Burundi zari aha mu Bibogobogo zihafite ibirindiro bigera kuri bine, usibye ko kuri ubu hari hasigaye bibiri kubera ubuke bw’izari zihasigaye. Kandi nk’uko bivugwa izi ngabo zigenda zisimburana, uko zimwe zihakurwa ni nako ubuyobozi bwazo bwihutira kuhohereza izindi.

Abakurikiranira hafi politiki yo muri kariya gace, bavuga ko umujyi wa Baraka ufatwa nk’umurwa mukuru w’iyi teritware ya Fizi ibarizwamo n’aka gace ka Bibogobogo, ko ingabo zikarimo arizo maso w’uyu mujyi wa Baraka.

Mu gihe Twirwaneho na M23 byoramuka bibohoje Bibogobogo, icyo gihe iyi mitwe yombi ibifite amahirwe menshi yo kwigarurira Baraka bitayiruhije.

Kimwecyo, Twirwaneho na M23 biracyari kure kuko igice bigenzura cya Minembwe giherereye mu ntera y’i birometero bibarirwa muri 74, uvuye aha mu Bibogobogo.

Mu Bibogobogo si ingabo z’u Burundi zihari gusa, hari kandi n’ingabo za Congo (FARDC). Mu gihe i Baraka ho hariyo Wazalendo na FDLR ndetse kandi n’izi ngabo za RDC n’iz’u Burundi.

Tags: BibobogobogoIngabo z'u BurundiUrujijo
Share34Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani

AFC/M23 Yashinje Ingabo za Leta ya Congo Kurasa mu Baturage i Kisangani Umutwe wa AFC/M23 watangaje ko utewe impungenge n’ibikorwa by’ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC)...

Read moreDetails

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo

Abasore 14 b’Abanyamulenge Bari Bafungiwe i Kinshasa Bafunguwe Nyuma y’Igihe Kinini Babazwa ku Buzima Bwabo Amakuru aturuka mu murwa mukuru wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Kinshasa, aravuga...

Read moreDetails

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO

Umunyamerika Swan Yagizwe Umuyobozi wa MONUSCO Umunyamerika James Swan yagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ubutumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bushinzwe kubungabunga amahoro muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo, buzwi nka MONUSCO, asimbuye...

Read moreDetails

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo

AFC/M23 Yahanganye Bikomeye na FARDC, FDLR, Wazalendo n’Ingabo z’u Burundi mu Bice bya Kabunambo Amakuru aturuka mu gace ka Kimuka, kari muri Groupement ya Kabunambo, muri Teritwari ya...

Read moreDetails

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Igitero Kiyobowe na Omari Cyasubijwe Inyuma na MRDP–Twirwaneho mu Mirwano Ikaze ku Ndondo

Imirwano Ikomeye Yadutse i Mwenga muri Kivu y’Epfo: AFC/M23 Ihanganye n’Ihuriro rya FARDC, Ingabo z’u Burundi, FDLR na Wazalendo Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kane tariki ya...

Read moreDetails
Next Post
AFC/M23 yabohoje akandi gace muri Kivu y’Epfo.

Haravugwa imirwano ikomeye hagati ya AFC/M23 na FARDC n'abambari bayo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?