• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2025
in Regional Politics
0
Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.
98
SHARES
2.4k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Umutekano wamaze kugaruka mu mujyi wa Goma nyuma y’uko M23 ifashe uyu mujyi ufatwa nk’umurwa mukuru w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Nyuma y’aho umujyi wa Goma utangiye kugenzura n’abarwanyi ba M23 , amakuru ava yo avuga ko hatangiye kuba umutekano mwiza. Ibyanatumye zimwe mu mpunzi zari zarahungiye mu Rwanda ziwugarukamo.

Impunzi zahungutse, nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangaza makuru byinshi, zibarirwa muri 275.

Inyinshi muri izi mpunzi ni abari bashyizwe mu nkambi yagateganyo ya Rugerero iri mu nkengero z’umujyi wa Rubavu mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Aba biganjemo abaturage batari bafite ubushobozi bwo kwikodeshereza inzu mu mujyi wa Rubavu cyangwa imiryango bwite ibakira.

Abandi muri izi mpunzi bagera kuri 68 bagiye gucumbika mu miryango yabo ituye mu karere ka Rubavu.

Izi mpunzi zavuye muri iyi nkambi ziriyongera ku zirenga 600 zaraye zitashye zisubira i Goma nyuma y’aho M23 ifashe uyu mujyi wa Goma.

Gusa mu mihanda y’uyu mujyi wa Goma, nk’uko abariyo babibwiye Minembwe.com iracyarimo ibonekamo imbunda, amasasu n’imyambaro ya gisirikare, byatawe na FARDC na Wazalendo, aho ndetse hari kuboneka n’ibindi bikoresho bitarakurwa mu nzira, bityo bikaba biteje akavuyo.

Ikindi kitaratungana mu mujyi wa Goma ni uko hakiri ibura ry’amazi, umuriro, ndetse n’uburyo bw’itumanaho kuko bavuga ko bibagiraho ingaruka zitandukanye.

Ariko kubijyanye n’umutekano muri uyu mujyi hari ituze ryinshi. Amakuru kandi avuga ko ingabo z’uyu mutwe wa M23 nyuma yo gufata uyu mujyi wa Goma abenshi muri zo berekeje muri Kivu y’Amajy’epfo aho bagenda bagazura ibirindiro by’uyu mutwe.

Tags: GomaImpunziUrujya n'uruza
Share39Tweet25Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.

Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?