• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.

minebwenews by minebwenews
January 30, 2025
in Regional Politics
2
Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.
130
SHARES
3.3k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nangaa yatangaje ari i Goma avuga icyo bagiye gukora vuba byihuse.

You might also like

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Ihuriro ry’imitwe ya politike n’igisirikare, rya AFC/M23 riheruka kwirukana ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa leta ya Kinshasa mu mujyi wa Goma mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, umuyobozi waryo yatangaje ko bafashe uyu mujyi wa Goma kandi ko bazawugumamo, ndetse ko bagiye gukomeza bakajya gufata n’i Kinshasa.

Hari mukiganiro umuyobozi w’iri huriro rya AFC/M23, Corneille Nangaa yagiranye n’abanyamakuru muri iki gitondo cyo kuri uyu wa kane tariki ya 30/01/2025, i Goma.

Uyu muyobozi yagize ati: “Twebwe baradukura aha tujyehe ko aha ari iwacu? Turi hano kandi tuzahaguma, ndetse tuzanakomeza tugana i Kinshasa kugeza igihe ubutegetsi bwa Perezida Félix Tshisekedi buzakemura ibibazo byacu.”

Umuyobozi w’iri huriro rya AFC, yabajijwe ko koko bazakomeza kuba hano i Goma bakirengangiza igitutu cya mahanga nka Amerika kibasaba kuva muri uyu mujyi wa Goma.

Maze agira ati: “New York ni New York, Goma na yo ni Goma. Twebwe dufite ibibazo by’abaturage badafite amazi, badafite umuriro, ndetse n’ibibazo by’ubwicanyi byakomeje kubera aha, ni byo duhanganye.”

Nangaa yavuze ko ubu bagiye kwinjira muri gahunda yo gusukura umujyi wa Goma. Avuga kandi ko bagiye gusubiza ibikorwa remezo by’amazi n’amashanyarazi byari byarakuweho na Leta, ndetse ashinja iyi Leta y’i Kinshasa kwica guverineri Maj Gen Peter Cirumwami Nkuba.

Sibyo gusa kuko yavuze ko n’ibikorwa by’iterambere bigiye guhita bikomeza muri Goma.

Nangaa kandi yavuze ko birukanye abicanyi, ati: “Twirukanye abicanyi, abagizi banabi. Ubu tugiye kubana neza n’abaturanyi.” Aha yavugaga u Rwanda ruvuga ko FDLR ibangamiye umutekano w’igihugu cyabo.

Yavuze ko umutekano ugiye kurindwa muburyo bunoze, anasaba Abanye-kongo bahungiye hirya no hino mu bihugu ko bahita batangira guhunguka bagataha kuko igihugu cyabo kigendwa.

Tags: GomaImpunziNangaaUmutekano
Share52Tweet33Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari

INTAMBARA Y’U RWANDA N’U BURUNDI YABA IFITE IZIHE NGARUKA? Isesengura Ryimbitse ku Bushobozi Bwa Gisirikare, Dipolomasi n’Icyo Amahoro Asobanuye ku Karere k’Ibiyaga Bigari MINEMBWE CAPITAL NEWS Mu gihe...

Read moreDetails

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubuyobozi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa

RNC mu Manga: Amacakubiri, Intambara y’Ubutegetsi n’Imitungo Bikomeje Gucamo Ibice Umutwe Washinzwe na Nyamwasa Mu gihe umutwe wa Rwanda National Congress (RNC), washinzwe n’abarwanya ubutegetsi bw’u Rwanda bari...

Read moreDetails

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo

Perezida Trump Yikuye mu Kiganiro cya NBC Atarakirangiza Nyuma yo Guhatwa Ibibazo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye guteza impaka mu ruhando rwa politiki...

Read moreDetails

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

Le Rwanda Réaffirme Ses Attentes dans le Cadre de l’Accord de Washington avec la RDC Le Gouvernement du Rwanda a publié un communiqué important en réponse aux déclarations...

Read moreDetails

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

by Bahanda Bruce
June 6, 2026
0
U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC

U Rwanda Rwongeye Gusobanura Icyo Rushaka mu Masezerano ya Washington Hagati Yarwo na RDC Guverinoma y’u Rwanda yasohoye itangazo rikomeye risubiza ku magambo yatangajwe n’Umunyamabanga wa Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Bwa mbere Tshisekedi avuze icyo agiye gukora, nyuma y’ifatwa rya Goma.

Tshisekedi uyoboye igice kimwe cya RDC yategetswe ibikakaye.

Comments 2

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    1 year ago

    Iyinkuru iryoshye bwana munyamakuru. Gusa kandiko urukuri kuzuye👌 aya mahanga atunvako ubwoko bwabatutsi burimunihe bibi kuva gisegeti yagera kubutegetsi bwiki gihugu.ukuri kuzanesha.

  2. Nzayiramya Fidèle says:
    1 year ago

    Iyinkuru iryoshye bwana munyamakuru. Gusa kandiko urukuri kuzuye👌 aya mahanga atunvako ubwoko bwabatutsi burimunihe bibi kuva gisegeti yagera kubutegetsi bwiki gihugu.ukuri kuzanesha.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?