• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, October 16, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

minebwenews by minebwenews
July 8, 2025
in World News
0
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

You might also like

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Roman Starovoit, wahoze ari minisitiri w’ingendo mu Burusiya yapfuye urupfu rutunguranye aho ndetse bivugwa ko yiyahuye, akaba yitabye Imana nyuma y’amasaha make perezida Vladimir Putin amakuye ku nshingano.

Amakuru y’urupfu rwa Roman wahoze ari minisitiri w’ingendo mu Burusiya yamenyekanye ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 07/07/2025.

Polisi y’iki gihugu iri mubyatangaje aya makuru mbere, yamenyesheje ko yitabye Imana, kandi ko bikekwa ko yiyahuye.

Inavuga ko basanze umurambo we mu modoka ye mu mujyi wa Odintsovo, hafi ya Moscow umujyi munini w’u Burusiya.

Basobanura ko basanze afite igikomere kinini mu mutwe, banatangaza kandi ko iperereza rigikomeje kugira hamenyekane impamvu nyayo y’urupfu rwe.

Abashinjacyaha n’abo batangaje ko urupfu rwa Roman rushobora kuba rufitanye isano no kwiyahura, ariko bavuga ko iperereza ko riri gukorwa kugira ngo hamenyekane ukuri.

Hari amakuru avuga ko yarasanzwe akurikiranyweho ibyaha bya ruswa, cyane cyane bijyanye no kugenzura nabi ingengo y’imari y’iserukiramuco rya gisirikare ryabereye mu gace ka Kursk, aho yari yarabaye guverineri mbere yo kugirwa minisitiri.

Ibi byongeye urujijo ku bibera muri politiki mu gihugu cy’u Burusiya, ndetse bizamura impungenge ku mutekano n’uburyo abayobozi b’ingenzi bakurwaho mu buryo budasobanutse mu butegetsi bwa Perezida Vladimir Putin.

Tags: Roman StarovoitU BurusiyaYitabye Imana
Share31Tweet19Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y’ikubagahu muri Kenya

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Urupfu rwa Odinga rutumye hatumizwa inama y'ikubagahu muri Kenya Perezida William Samue Ruto wa Kenya, yatangaje ko yahamagaje inama y'inama nkuru y'umutekano wa Leta nyuma y'urupfu rwa Raila...

Read moreDetails

Odinga war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Odinga war'uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana. Raila Odinga wahoze ari minisitiri w'intebe muri Kenya, yitabye Imana nkuko amakuru ava muri iki gihugu abivuga. Murukerera rwo...

Read moreDetails

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

by Bahanda Bruce
October 15, 2025
0
Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n’ibyo akivugaho

Perezida Trump yanenze ikinyamakuru giheruka kumukoraho inkuru, agira n'ibyo akivugaho Perezida Donald Trump wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, yavuze ko atashimishijwe n'ifoto ikinyamakuru cya "Time Magazine" cyakoresheje kimuvugaho...

Read moreDetails

Ibyo wamenya kuri perezida Rajoelina wahunze akaba yagize n’icyo abivugaho

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Perezida wa Madagascar yahungiye mu kindi gihugu

Perezida Rajoelina nyuma yo guhunga yagize icyo abivugaho Perezida wa Madagascar, Andry Rojoeline yatangarije abanyagihugu be ko adafite kwegura, anabasaba gukundana no gukunda igihugu cyabo kugira ngo cyekubamo...

Read moreDetails

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

by Bahanda Bruce
October 14, 2025
0
Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri

Ijambo Abarabu ryaciwe muri Misiri Ijambo Abarabu rigiye gukurwa mu izina ry'igihugu cya Misiri, aho ryari rimenyerewe cyane nka Repubulika y'Abarabu ya Misiri, nk'uko bikomeje gucikana kumbuga nkoranyambaga...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?