Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 8, 2025
in World News
0
Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urupfu rubabaje rwahitanye Roman wahoze ari minisitiri mu Burusiya.

You might also like

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

Umwuzure wahitanye abantu i Texas.

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Roman Starovoit, wahoze ari minisitiri w’ingendo mu Burusiya yapfuye urupfu rutunguranye aho ndetse bivugwa ko yiyahuye, akaba yitabye Imana nyuma y’amasaha make perezida Vladimir Putin amakuye ku nshingano.

Amakuru y’urupfu rwa Roman wahoze ari minisitiri w’ingendo mu Burusiya yamenyekanye ku munsi w’ejo ku wa mbere tariki ya 07/07/2025.

Polisi y’iki gihugu iri mubyatangaje aya makuru mbere, yamenyesheje ko yitabye Imana, kandi ko bikekwa ko yiyahuye.

Inavuga ko basanze umurambo we mu modoka ye mu mujyi wa Odintsovo, hafi ya Moscow umujyi munini w’u Burusiya.

Basobanura ko basanze afite igikomere kinini mu mutwe, banatangaza kandi ko iperereza rigikomeje kugira hamenyekane impamvu nyayo y’urupfu rwe.

Abashinjacyaha n’abo batangaje ko urupfu rwa Roman rushobora kuba rufitanye isano no kwiyahura, ariko bavuga ko iperereza ko riri gukorwa kugira ngo hamenyekane ukuri.

Hari amakuru avuga ko yarasanzwe akurikiranyweho ibyaha bya ruswa, cyane cyane bijyanye no kugenzura nabi ingengo y’imari y’iserukiramuco rya gisirikare ryabereye mu gace ka Kursk, aho yari yarabaye guverineri mbere yo kugirwa minisitiri.

Ibi byongeye urujijo ku bibera muri politiki mu gihugu cy’u Burusiya, ndetse bizamura impungenge ku mutekano n’uburyo abayobozi b’ingenzi bakurwaho mu buryo budasobanutse mu butegetsi bwa Perezida Vladimir Putin.

Tags: Roman StarovoitU BurusiyaYitabye Imana
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

by minebwenews
July 8, 2025
0
Break through Malaria Treatment for Babies and Young Children Approved

 A groundbreaking malaria treatment tailored for babies and young children has received approval from Swissmedic, making a historic milestone in the fight against malaria. Developed by Novartis in...

Read moreDetails

Umwuzure wahitanye abantu i Texas.

by Bruce Bahanda
July 7, 2025
0
Umwuzure wahitanye abantu i Texas.

Umwuzure wahitanye abantu i Texas. Umwuzure udasanzwe wahitanye abantu barenga 80 nyuma y'imvura yaguye ari inyinshi i Texas muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika igateza amapfa menshi. Ni amakuru...

Read moreDetails

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0
Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n’u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho.

Trump wasezeranyije kurangiza intambara ya Ukraine n'u Burusiya mu masaha 24 gusa, yagize icyo abivugaho. Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yatangaje ko intambara ihanganishije u...

Read moreDetails

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya

by Bruce Bahanda
July 6, 2025
0

Elon Musk yatangaje ishyaka rye rishya. Umuherwe wo muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika ufite inkomoko muri Afrika y'Epfo, Elon Musk, yatangaje ko agiye gushyinga ishyaka rye rishyasha yise...

Read moreDetails

Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.

by Bruce Bahanda
July 4, 2025
0
Perezida w’u Burusiya yaganiriye n’uwa Amerika ku bibazo by’intambara.

Perezida w'u Burusiya yaganiriye n'uwa Amerika ku bibazo by'intambara. Perezida w'u Burusiya, Vladimir Putin yavuganye kuri telefone na mugenzi we wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump, baganira...

Read moreDetails
Next Post
Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Muri RDC icyorezo gikaze gikomeje kuhazonga.

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?