• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home sport & entertainment

Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.

minebwenews by minebwenews
May 4, 2025
in sport & entertainment
0
Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urupfu rw’uwari umuherwe rwashenguye abaturage ba Uganda.

You might also like

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Umuherwe Rajiv Ruparelia yitabye Imana azize impanuka y’imodoka; urupfu rwe rubabaza benshi mu gihugu cya Uganda.

Aya makuru yashyizwe hanze n’igipolisi cya Uganda kuri iki cyumweru aho cyamenyesheje ko yishwe n’impanuka y’imodoka yabereye Busabala Flyover, mu gace ka Makindye-Ssabagabo muri Wakiso.

Bizwi ko Rajiv yari akiri muto ku myaka y’amavuko, kuko yarafite imyaka 35. Akaba yari mwene Sudhir Ruparelia nawe uzwiho kuba ari umuherwe wo ku rwego rwo hejuru.

Igipolisi kivuga ko yari atwaye Imodoka ya Nissan GT-R avuye Kajjansi yerekeza i Munyonyo, aho niho yahise agonga inkuta z’ibyuma zari ahari kubakwa umuhanda, Imodoka irahirima, ihita ifatwa n’inkongi y’umuriro, apfira aho.

Uyu wari umuyobozi mukuru wa Ruparelia Group, isanzwe ifite imitungo ibarirwa mu ma miliyari y’amadorali ya Amerika. Muri Uganda kandi yari ahafite ibigo by’uburezi, ibigo by’imari n’ibindi byinshi.

Ubundi kandi iki kigo yarabereye umuyobozi mukuru cya Raparelia Group yashoye menshi mu mishinga y’ikoranabuhanga, inatanga akazi ku bihumbi by’abiganjemo urubyiruko.

Abaturage batuye muri Uganda bashenguwe bikomeye n’urupfu rw’uyu mugabo wari uzwiho ibikorwa by’ubugira neza.

Umuyobozi mukuru w’inteko ishinga amategeko ya Uganda, Madamu Anita Annet Among, yakoresheje urubuga rwa x ko urupfu rwa Rajiv rwababaje cyane , ashimira umusanzu yatanze mukuzamura ubukungu bw’igihugu no gutanga akazi.

Maze agira ati: “Imana ihumurize abari mu gahinda kandi ihe roho yawe iruhuko ridashira.”

Umunyapolitiki Bobi Wine, udacana uwaka n’ubutegetsi bwa perezida Museveni, nawe yababajwe n’urupfu rw’uyu muherwe wapfuye akiri muto, avuga ko yari umuntu wicisha bugufi, wuje ineza n’umutima w’urukundo.

Biteganyijwe ko uyu wapfuye azashyingurwa ku wa gatanu w’iki cyumweru gitaha. Kandi mu kumushingura hazifashishwa uburyo bwo gutwika umurambo, nk’uko bisanzwe bikorwa mu muco w’Abahindu, kuko nawe ari uwo muri ubwo bwoko.

Tags: Umuherweyapfuye
Share31Tweet20Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya

Sénégal Yegukanye Igikombe cya Afurika 2025 Nyuma y’Umukino Wabaye Intandaro y’Impaka n’Amateka Mashya Ku Cyumweru, tariki ya 18/01/2026, ni bwo hasojwe ku mugaragaro irushanwa rikomeye ry’Igikombe cya Afurika...

Read moreDetails

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

by Bahanda Bruce
January 7, 2026
0
Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira

Inkuru Ikomeye y’Umufana wa Congo Wafashe Imitima ya Afurika, Ariko Birangira Ari Amarira Mu Gikombe cya Afurika kiri kubera muri Maroc, hagaragaye umufana w’Ikipe y’Igihugu ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

by Bahanda Bruce
December 27, 2025
0
Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi

Menya Ibintu By’Ingenzi Dukura muri Tangawizi Tangawizi ni ikirungo gikunze kuboneka mu ngo nyinshi hirya no hino ku isi, cyane cyane mu bihugu byo mu karere kacu nko...

Read moreDetails

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

by Bahanda Bruce
December 25, 2025
0
Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho

Israel Mbonyi Yujuje BK Arena mu Gitaramo “Icyambu 4” Gihinduka Igitambo cy’Isengesho Mu ijoro rya Noheli, tariki ya 25/12/2025, umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Israel Mbonyi,...

Read moreDetails

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4

Mu rugendo Rutangaje rw’Umuhanzi Israel Mbonyi Ugeze Kure, Akaba Ategerejwe mu Icyambu Season 4 Umuhanzi w’icyamamare ku rwego mpuzamahanga, Israel Mbonyi, akomeje kwandika amateka adasanzwe mu muziki wo...

Read moreDetails
Next Post
U Rwanda na Congo Kinshasa bigiye kubana mu mahoro.

perezida Trump yahindutse indirimbo nyuma yo gukora agashya.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?