• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, January 24, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo bimwe bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo  bimwe bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yaraye ageze i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Ni ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, n’ibwo perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yageze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

Bya navuzwe ko Evariste Ndayishimiye ko yakiriwe na mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi, aho yagiye ku mutegera ku k’ibuga cy’indege cya Njili giherereye i Kinshasa.

U butumwa perezidansi y’u Burundi yanyujije kurukuta rwa X yavuze ko Ndayishimiye yakiriwe na Perezida Tshisekedi mu biro bye bya Cité de l’union Africaine.

Mu itangazo rya sohowe n’ibiro bya Evariste Ndayishimiye, rivuga ko umukuru w’igihugu cyabo, Evariste Ndayishimiye ko yerekeje muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku ganira na mugenzi we Tshisekedi kuberebana nishirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo gushakira amahoro n’umutekano RDC n’akarere k’ibiyaga bigari, ayo bavuze ko yasinyiwe i Addis Ababa muri Ethiopa, mu mwaka w ‘2013.

Ubwo butumwa bukomeza buvuga ko ibihugu byasinye ayo masezerano ko harimo Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Afrika y’Epfo, Angola, u Rwanda, u Burundi, Repubulika ya Centre Afrique, Congo Brazzaville, Uganda, Sudan y’Epfo, Tanzania na Zambia.

Harimo kandi n’imiryango mpuzamahanga nka Afrika Yunze ubumwe, Afrika y’Amajy’epfo n’indi….

N’ubwo leta y’u Burundi bivugwa ko ishakira RDC amahoro, ariko icyo gihugu kiri mu bishinjwa guteza umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ninyuma y’uko cyohereje ingabo zabo k’u rwanya umutwe wa M23, mu ntambara FARDC ifatanije na FDLR bahanganyemo n’uwo mutwe.

Ingabo z’u Burundi kandi zishinjwa gufatikanya na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w ‘1994.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC imaze gutuma abaturage ba barirwa muri za miliyoni bata izabo. Ni imirwano kandi bivugwa ko imaze gupfiramo abasirikare b’u Burundi batari bake harimo nabafatiwe k’urugamba.

Kugeza ubu impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC imirwano yabo irakomeje kandi irimo gusatira u Mujyi wa Goma; mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira muri iki Gitondo avuga ko M23 igeze mu birometre 17 uturuka mu muhanda wa Sake-Goma.

Ibi n’inyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: BurundiBya menyekanyeEvariste NdayishimiyeKinshasaUruzinduko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana

Ihangana rya Perezida Ndayishimiye n’Ubuyobozi bw’Ishyaka, Ibimenyetso by’Inzira u Burundi Bushobora Kugana Mu gihe u Burundi bwitegura imyaka ikomeye ya politiki irimo amatora y’Umukuru w’Igihugu ateganyijwe mu 2027,...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 24, 2026
0
AFC/M23 Yashimangiye Ko Itazatezuka ku Rugamba, Ubutumwa Bukomeye Bwerekeza ku Baturage n’Isi Yose

U Rwanda Rwagaragaje Aho Ruhurira na AFC/M23 Ambasaderi w’u Rwanda muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Madamu Mathilde Mukantabana, yagaragaje ku mugaragaro aho u Rwanda ruhurira n’ihuriro rya...

Read moreDetails

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro

Perezida Macron na Tshisekedi Bashyize Umutekano w’Iburasirazuba bwa Congo ku Isonga ry’Ibiganiro Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yakiriwe na mugenzi we w’u...

Read moreDetails

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira

RDC Yongeye Kwikoma u Rwanda Bikomeye ku ruhare rushinjwa mu Mutekano Muke i Uvira Guverinoma ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yashyize ahagaragara, ku wa Kane tariki...

Read moreDetails

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

by Bahanda Bruce
January 23, 2026
0
U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi

U Rwanda Rwagaragaje Icyatuma Rukuraho Ingamba Zarwo z’Umutekano n’Ubwirinzi Guverinoma y’u Rwanda yashimangiye ko izakomeza gushyira mu bikorwa ingamba z’ubwirinzi n’umutekano mu gihe umutwe w’iterabwoba wa FDLR utarasenywa...

Read moreDetails
Next Post
I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n’ingabo za General Sultan Makenga!

I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n'ingabo za General Sultan Makenga!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Paul Kagame Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?