• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Thursday, September 17, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo bimwe bya menyekanye.

minebwenews by minebwenews
February 14, 2024
in Regional Politics
0
Uruzinduko, umukuru w’igihugu cy’u Burundi Evariste Ndayishimiye, yagiriye i Kinshasa, ibirurimo  bimwe bya menyekanye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umukuru w’igihugu cy’u Burundi yaraye ageze i Kinshasa k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ni ahagana isaha z’umugoroba zokuri uy’u wa Kabiri, tariki ya 13/02/2024, n’ibwo perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi, yageze i Kinshasa, k’umurwa mukuru w’i Gihugu cya RDC.

READ ALSO

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

Bya navuzwe ko Evariste Ndayishimiye ko yakiriwe na mugenzi we Perezida Félix Tshisekedi, aho yagiye ku mutegera ku k’ibuga cy’indege cya Njili giherereye i Kinshasa.

U butumwa perezidansi y’u Burundi yanyujije kurukuta rwa X yavuze ko Ndayishimiye yakiriwe na Perezida Tshisekedi mu biro bye bya Cité de l’union Africaine.

Mu itangazo rya sohowe n’ibiro bya Evariste Ndayishimiye, rivuga ko umukuru w’igihugu cyabo, Evariste Ndayishimiye ko yerekeje muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo ku ganira na mugenzi we Tshisekedi kuberebana nishirwa mu bikorwa ry’amasezerano yo gushakira amahoro n’umutekano RDC n’akarere k’ibiyaga bigari, ayo bavuze ko yasinyiwe i Addis Ababa muri Ethiopa, mu mwaka w ‘2013.

Ubwo butumwa bukomeza buvuga ko ibihugu byasinye ayo masezerano ko harimo Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Afrika y’Epfo, Angola, u Rwanda, u Burundi, Repubulika ya Centre Afrique, Congo Brazzaville, Uganda, Sudan y’Epfo, Tanzania na Zambia.

Harimo kandi n’imiryango mpuzamahanga nka Afrika Yunze ubumwe, Afrika y’Amajy’epfo n’indi….

N’ubwo leta y’u Burundi bivugwa ko ishakira RDC amahoro, ariko icyo gihugu kiri mu bishinjwa guteza umutekano muke mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo.

Ninyuma y’uko cyohereje ingabo zabo k’u rwanya umutwe wa M23, mu ntambara FARDC ifatanije na FDLR bahanganyemo n’uwo mutwe.

Ingabo z’u Burundi kandi zishinjwa gufatikanya na FDLR irimo abasize bakoze Genocide mu Rwanda, mu mwaka w ‘1994.

Intambara ibera mu Burasirazuba bwa RDC imaze gutuma abaturage ba barirwa muri za miliyoni bata izabo. Ni imirwano kandi bivugwa ko imaze gupfiramo abasirikare b’u Burundi batari bake harimo nabafatiwe k’urugamba.

Kugeza ubu impande zihanganye mu Burasirazuba bwa RDC imirwano yabo irakomeje kandi irimo gusatira u Mujyi wa Goma; mu makuru Minembwe Capital News imaze kwakira muri iki Gitondo avuga ko M23 igeze mu birometre 17 uturuka mu muhanda wa Sake-Goma.

Ibi n’inyuma y’uko M23 ifashe u Mujyi wa Sake uri mu birometre 27 n’u Mujyi wa Goma.

Bruce Bahanda.

Tags: BurundiBya menyekanyeEvariste NdayishimiyeKinshasaUruzinduko

Related Posts

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC
Regional Politics

U Rwanda n’u Bubiligi: Minisitiri Nduhungirehe Yavuze Icyo Bihagazeho, Anagaruka ku Mubano na Tanzania, u Burundi na RDC

September 15, 2026
Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza
Regional Politics

Bujumbura Mu Rujijo: Pasiteri Isidori Mbayahaga Ari Kubazwa n’Inzego z’Iperereza

September 14, 2026
Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR
Regional Politics

Rwanda–Burundi: Amagambo Akomeye ya Nduhungirehe Asubiza Bizimana ku Kibazo cya FDLR

September 14, 2026
Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura
Regional Politics

Following the Arrest of Three Pastors, Another Munyamulenge Arrested in Bujumbura

September 12, 2026
Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura
Regional Politics

Nyuma y’Abapasitori Batatu, Undi Munyamulenge Yafashwe i Bujumbura

September 12, 2026
Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Next Post
I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n’ingabo za General Sultan Makenga!

I Masisi, haravugwa urugamba rukaze, naho ihuriro ry'Ingabo z'ubutegetsi bwa Kinshasa, ngo bazengurutswe n'ingabo za General Sultan Makenga!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Martin Fayulu Yashyize Hanze Ibyamubayeho mu Myigaragambyo ya C64; Anagaragaza Ibyo Yasabye Abapolisi
  • RDC : L’Assemblée nationale rejette la participation de l’AFC/M23 au dialogue national et fixe une ligne rouge
  • Inteko Ishinga Amategeko ya RDC yanze uruhare rwa AFC/M23 mu biganiro by’Abanyekongo, ishyiraho umurong
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?