• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.

minebwenews by minebwenews
September 16, 2024
in Regional Politics
0
Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.
61
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urwango Abatutsi bangwa muri RDC, rwaba rugiye gucika nyuma y’umwanzuro wafashwe n’Urubyiruko.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni mu biganiro byahuje urubyiruko ruherereye mu bice bigenzurwa n’umutwe wa M23, byabereye ahitwa i Kiwanja muri teritware ya Rutshuru, tariki ya 14/09/2024, aho rwiyemeje kurwanya iryo vangura rwivuye inyuma.

Ahanini uru rubyiruko rwaturutse mu bice byinshi byo muri teritware ya Rutshuru, Masisi n’ahandi.

Uru rubyiruko rwari rurimo abaruhagarariye mu bice rwagiye ruturukamo, rwari rurimo abize ibitandukanye, nka bakora imikino yo kwiruka, abize amashuri abanza n’ayisumbuye.

Mu ngingo zaganiriweho cyane, ni ukurwanya amakuru y’ibihuha n’ababiba urwango mu baturage ba RDC, ruvuga ko rugiye gufata iya mbere kurwanya ibyo, mu rwego rwo kunga ubumwe.

Umwe mu babaye muri ibyo biganiro yagize ati: “Twaganiriye ku hazaza hacu, hatari urwango rw’amoko n’amatsinda y’abagizi ba nabi barimo Wazalendo n’abandi bakoreshwa na Tshisekedi.”

Hari kandi undi wagize ati: “Amahoro ntabwo ari ikintu cyubakwa ngo guhite kirangira ako kanya, bisaba urugendo. Turashimira M23 yadufashije guhura na bagenzi bacu baturutse mu moko atandukanye, kandi tubanye neza.”

Umuvugizi wa M23 mu bya politiki, Lawrence Kanyuka uri mu bitabiriye ibi biganiro yasabye uru rubyiruko ‘kuba intangarugero mu kurangwa n’urukundo n’amahoro, bakima amatwi abashaka kubacamo ibice bitwikiriye umutaka w’amoko.’

Abasaba kwitandukanya n’ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi bukomeje gufata iya mbere mu kwiyicira abenegihugu, gukwirakwiza imvugo z’urwango, no gukangurira urubyiruko kwambura ubuzima abenegihugu mu cyiswe Wazalendo.

Yanavuze kandi ko intego ya mbere ya AFC/M23 ari ukubana mu mahoro hagati y’abatuye iki gihugu cya RDC.

Nubwo biruko ariko ukurebana ayingwe hagati y’uruhande rwa Leta ya Kinshasa n’uyu mutwe wa M23. Mu ntangiriro z’iki Cyumweru dusoje habaye imirwano ikaze hagati y’izi mpande zombi.

Gusa, hari icyizere gike gihari cyuko ibiganiro by’i Luanda byazazana amahoro muri aka karere.

                MCN.
Tags: AbatutsiGuca amacakubiriKiwanjaRwiyemejeUrubyiruko
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y’iki gihugu.

Perezida wa Uganda yashimiye Muammar Gaddafi na Nyerere, ndetse agaruka no ku mateka akomeye y'iki gihugu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?