• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, January 19, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Conflict & Security

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in Conflict & Security
0
Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita
78
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uvira: Uduce twaraye tuvugiramo ibiturika, ni natwo bivugwa ko turimo a Wazalendo b’ukuri, ni nabo kandi badashaka Gen Gasita

You might also like

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Mu ijoro ryaraye rikeye rishyira kuri uyu wa kane tariki ya 04/09/2025, i Uvira muri Kivu y’Amajyepfo, humvikani ye urusaku rw’imbunda rwinshi, zirimo n’izeremereye, aho zaraswaga na Wazalendo mu rwego rwo kugaragaza ko badashaka Brigadier General Olivier Gasita uheruka gutumwa muri icyo gice kuyobora ingabo z’iki gihugu zikirimo.

Aharasiwe izi mbunda ni muri quartier Kalamabenge, Kabindula, Quartier Songo, Nyamianda, Mulongwe na Kasenga.

Amakuru avuga ko urusaku rwazo rwatangiye igihe cya saa ine z’ijoro zija gushyira muri saa tanu.

Umwe uherereye yo yabwiye Minembwe Capital News ko nta kindi cyarimo gituma bazirasa, usibye kwerekana Umzalendo w’ukuri.

Yagize ati: “Wazalendo ubwabo, batangiye gusubiranamo, bamwe bavuga ko bakwiye kwakira General Olivier Gasita, abandi rero bakamwita umwanzi. Iri rasagura bashatse kwerekana abashigikiye na bamwanze aho baherereye.”

Gen. Gasita yageze muri uyu mujyi wa Uvira ku manywa yo ku wa mbere tariki ya 01/09/2025, ariko awuzamo a Wazalendo bawurimo hamwe n’abaturage cyane cyane abo mu bwoko bw’Abapfulero batamushaka.

Bamushinja ubugambanyi, bakamuziza kandi ko ari Umunyamulenge, ndetse bavuga ko ari mubatanze umujyi wa Bukavu ufatwa nk’umurwa mukuru w’i ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu maboko ya AFC/M23/MRDP-Twirwaneho.
Tariki ya 16/02/2025, ni bwo uyu mutwe wigaruriye uyu mujyi wa Bukavu wose, nyuma yo ku wirukanamo ingabo za FARDC, n’iz’u Burundi n’imitwe yitwaje intwaro irimo uwa Wazalendo na FDLR.

Amakuru avuga ko ku munsi w’ejo hashize i Uvira mu duce twayo tunyuranye twabereyemo imyigaragambyo yari yahamagajwe n’abayobozi ba sosiyete sivili, aho barimo bamagana Leta yabohereje umwanzi nk’uko babivugaga. Bagaragaza ko batamushaka kandi ko agomba gusubira iyo yaje ava. Bizwi ko yarasanzwe ayoboye ingabo i Kindu mu ntara ya Maniema.

Nyuma y’aho agereye aha i Uvira na we akabona ko Wazalendo batahamushaka, yabasabye “kubaha Leta yahamutumye aho ku mwubaha we,” bitaba ibyo agahangana na bo.

Ku rundi ruhande, bivugwa ko u Burundi ubwo yanyuzemo yerekeza i Uvira nyuma yo kuva i Kindu, bwamwohereje abasirikare bo ku murindira umutekano(kompanyi). Ibi byerekana ko umwanya uwo ari wo wose impande zombi zishobora gukoresha ingufu za gisirikare, urwanesha urwabo rukayobora.

Hagataho, uwanze kumva ntiyanze no kubona, reka tubihange amaso.

Tags: QuartierUviraWazalendo
Share31Tweet20Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira

Abanyamulenge Bahungiye i Kamanyola Nyuma y’Ihungabana Rikomeye ry’Umutekano i Uvira Abanyamulenge bari batuye mu Mujyi wa Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...

Read moreDetails

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC

Amakosa Akomeye Perezida Tshisekedi Yakoze Akomeje Gukongeza Intambara mu Burasirazuba bwa RDC Abakurikiranira hafi ibibera mu ntambara imaze igihe ibera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bemeza...

Read moreDetails

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23

Impungenge n’Icyitonderwa ku Mutekano w’Umujyi wa Uvira Nyuma y’Igenda ry’Ingabo za AFC/M23 Mu gitondo cyo ku Cyumweru, abarwanyi b’imitwe ya Wazalendo ni bo babanje kwinjira mu mujyi wa...

Read moreDetails

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

by Bahanda Bruce
January 19, 2026
0
Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa

Wazalendo binjiye i Uvira nyuma yo kuhava kwa AFC/M23, hagaragara ibikorwa bikomeye by’isahurwa Mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC), umutwe wa Wazalendo, ubarizwa mu mitwe...

Read moreDetails

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

by Bahanda Bruce
January 18, 2026
0
Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira

Wazalendo Basahuye Ibigo n’Imitungo y’Abaturage Nyuma Yaho AFC/M23 Ivuye Uvira Amakuru yizewe aturuka mu mujyi wa Uvira, uri muri teritwari ya Uvira mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, aravuga...

Read moreDetails
Next Post
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?