• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, July 27, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
September 4, 2025
in World News
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango
76
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

You might also like

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n’abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya, umukuru w’iki gihugu, Xi Jinping yatangaje ko igihugu cye ko kidahagarikwa kandi ko kitazigera giterwa ubwoba n’abazana ibikangisho.

Mu muhango w’aka karasisi kari kitezwe cyane n’abantu benshi, aho ndetse kanitabiriwe n’abakuru b’ibihugu bagera kuri 26 barimo perezida Vladimir Putin w’u Burusiya na Kim Jong Un wa Korea Yaruguru.

Amakuru avuga ko byanabaye ubwa mbere perezida w’u Burusiya n’uwa Korea Yaruguru bahuye imbonankubone.

Umukuru w’igihugu cya Leta Zunze ubumwe z’Amerika, Donald Trump ntiyitabiriye ibi birori, ariko yahise aja ku rubuga rwa Truth Social, avuga kuri perezida w’u Bushinwa, uwa Korea Yaruguru n’uw’u Burusiya, agira ati: “Bari kugambanira Amerika.”

Aka karasisi kabereye mu murwa mukuru w’iki gihugu, Beijing, kakaba kari ako kwizihiza imyaka 80 ishize u Bushinwa butsinze u Buyapani mu ntambara ya kabiri y’isi.

Mbere y’uko akarasisi gatangira, perezida Xi Jinping yabanje guca mu bihumbi by’abasirikare bo mu mashami atandukanye y’ingabo z’u Bushinwa bahagaze batenyeganyega ku muhanda wa Changan Avenue uherereye i Beijing.

Kuri ubwo rero, muri aka karasisi u Bushinwa bwakagaragajemo imbunda nshya zitandukanye, zirimo misile kirimbuzi nshya ziraswa ku yindi migabane, ibimodoka rutura bitwara za misile zizwi nka “Hypersonic weapons,” n’imbunda nshya itari izwi ikoreshwa n’imirasire y’izuba.

Sizo gusa kuko kandi herekanywe n’intwaro nshya zizwi nka “Robotic dog” drones, izi zirimo izitwa HQ-29 zishobora gufata misile ziraswa zivuye ku butaka zijya mu kirere, hamwe n’imodoka zigenda munsi y’amazi.

Berekanye kandi tekinoloji nyinshi ya za drones harimo izishyirwa ku bifaru bizirinda kuraswaho, izirwanya ibitero by’izindi drones ziteye icya rimwe ari nyinshi, n’izindi.

Harimo indi mbunda yerekanywe yitwa Guam Killer, iyi ni misile iraswa ku ntera igereranyije ushobora gushwanyaguza indege nyinshi icyarimwe, cyangwa ibigo bya gisirikare bya Amerika, biri mu Nyanja ya Pasifika.

Irizina bise iyi mbunda rya Guam Killer rigendana n’agace ka Amerika kitwa Guam kari muri iriya nyanja kariho ibigo bikomeye bya gisirikare bya Amerika bishobora kwifashishwa nk’ahogukorera intwaro n’indege mu gihe Amerika yakwinjira mu ntambara n’u Bushinwa.

Iyi mbunda kandi ya Guam Killer ifite ubushobozi bwo kwihisha “radar” za Amerika ndetse na system ya patriot ishwanyaguza za misile ziraswa zitaragera ku ntego.

Hagataho, akarasisi karangwaga n’intambuko idasobanya, niho amaso ya benshi yarebaga, kimwe mu bibaryohera cyane ni ugutambuka kw’abasirikare ibihumbi badasobanya na gato.

Buri murongo w’abasirikare ugororotse ubagaragaza nk’aho ugizwe n’umuntu umwe, aho abasirikare batambuka bazamura amaguru ku ntera ireshya, ku muvuduko umwe, kandi bahindukije imitwe yabo ku mfuruka igororotse kandi ireshya neza.

Ngayo nguko uko byari byifashe ku munsi w’ejo ku wa gatatu tariki ya 03/09/2025, mu karasisi k’i ngabo z’u Bushinwa.

Tags: AkarasisiChinaimbunda
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

by Bahanda Bruce
July 27, 2026
0
Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n’Ibyaranze Ubuyobozi Bwe

Inkuru Itangaje Yahindutse Amateka: Perezida wa Bangladesh Yeguye ku Bushake, Dore Icyatumye Afata Iki Cyemezo n'Ibyaranze Ubuyobozi Bwe MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gikorwa cyatunguranye cyakuruye impaka n'inyungu...

Read moreDetails

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika

Perezida Trump Yongeye Guteza Impaka Nyuma yo Gutangaza Umugambi wo Kwiyamamariza Indi Manda muri Amerika MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump,...

Read moreDetails

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kera kabaye, ikibazo cy'ibura rya...

Read moreDetails
Next Post
Igitero gishya cya FARDC, FDLR n’Ingabo z’u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Igitero gishya cya FARDC, FDLR n'Ingabo z'u Burundi cyagabwe mu Mikenke giturutse mu duce tubiri

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 amahoro America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?