• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, March 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

minebwenews by minebwenews
September 1, 2024
in Regional Politics
0
Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari intasi ya FDLR yatanze inama kuri M23.

You might also like

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Hari mu kiganiro Colonel Nshimiyimana yagiranye na Bwiza Tv, aho yaburiye ubuyobozi bwa M23 gukora ibishoboka byose bakarinda umutekano wo mu duce two mu ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, utwo ugenzura.

Colonel Nshimiyimana wakoze iki kiganiro, yahoze akuriye ubutasi bwo hanze mu mutwe wa FDLR. Uyu mugabo kandi azwi cyane ku mazina ya Bora Manasse.

Bwana Bora kuri ubu asigaye atuye mu Rwanda, nyuma y’uko agaye imikorere ya FDLR agataha mu rwa mubyaye, yavuze ko M23 ikwiye kubanza guhagarika imirwano maze ikarinda umutekano w’abaturage bo mu duce yamaze kubohoza.

Yagize ati: “Njyewe mbaye ndi mu bayobozi ba M23 kuri iyi itariki ikintu nakwihutira gukora ni uguhita ncungira umutekano aho namaze gufata. Nka banza nkibaza nti ‘aho nafashe abaturage bafite umutekano? Nta maraso ari kuhameneka.”

Muri iki kiganiro bwana Bora yakoze yanagaragaje ko amaraso y’inzira karengane akomeje ku meneka mu mujyi wa Goma aruta ari ku meneka mu Ntara ya Gaza, ashimangira ko uyu mujyi uri muyo M23 yakabaye irinda.

I Goma mu Ntara yo muri Kivu Yaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo, hagiye haba ubwicanyi bwa hato nahato ndetse kandi hakarwangwa n’umutekano muke ahanini ugasanga byose biva ku barwanyi bo mu mitwe ikorana byahafi n’ingabo za RDC.

Ubu bwicanyi bwaje gufata intera mu mwaka ushize gukomerezaho, ndetse hari n’igihe kigera ugasanga i cyumweru cyose gishize buri munsi hapfa umuntu cyangwa babiri yewe hari n’igihe hapfa abarenze batanu.

Umutwe wa M23 umaze igihe kirekire ugenzura uduce dutandukanye twa Kivu y’Amajyaruguru, by’u mwihariko utwa za teritware za Lubero, Rutshuru, Masisi na Nyiragongo. Kandi ahantu ugenzura abaturage bafite amahoro.

Utu duce turi mutugenzurwa na M23 , yatwigaruriye nyuma y’uko itwirukanyemo ihuriro ry’Ingabo za RDC rigizwe na FARDC, imitwe y’itwaje imbunda irimo FDLR, Wazalendo, ingabo z’u Burundi, abacanshuro na SADC.

                MCN.
Tags: BoraFDLRIntasiNshimiyimana AugstinYatanze inama kuri m23
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC

Perezida Museveni Yashyikirijwe Inkoni y’Ubuyobozi bwa EAC Mu nama ya 25 y’Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, East African Community (EAC), yabereye mu Mujyi wa Arusha muri...

Read moreDetails

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

by Bahanda Bruce
March 7, 2026
0
Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington

Perezida Kagame Yagaragaje Icyo Igihugu cye cyiteguye Gukora mu Gihe RDC Yubahirije Amasezerano ya Washington Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, yatangaje ko u Rwanda rwifuza amahoro arambye mu...

Read moreDetails

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze

Abarundi Batuye ku Mupaka wa Ruhwa Barataka Igihombo Nyuma y’Imyaka Irenga Ibiri Umupaka uhuza u Rwanda n’u Burundi Ugifunze Mu gihe ibihugu byo mu Karere k’Ibiyaga Bigari bikomeje...

Read moreDetails

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

by Bahanda Bruce
March 5, 2026
0
Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza

Uganda Yanze Kwakira Ibirindiro by’Ingabo za Amerika n’u Bwongereza Mu gihe ibibazo by’umutekano bikomeje kwiyongera mu bice bitandukanye by’umugabane wa Afurika, Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje...

Read moreDetails
Next Post
Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Byinshi wa menya ku baherwe batanu bakize kurusha abandi muri Afrika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?