• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari minisitiri w’iterambere, Justin Bitakwira, yongeye k’umvikana ahembera amagambo y’urwango ku Batutsi.

minebwenews by minebwenews
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari minisitiri w’iterambere mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Justin Bitakwira Bihona, yongeye gukoresha amagambo asesereza abo mu bwoko bw’Abatutsi.

You might also like

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Ibi yongeye kubivuga ubwo yarimo yi yamamariza umwanya w’u budepite k’urwego rw’i Gihugu. Ni video yakomeje guhererekanywa ku mbuga nkoranya mbaga, yabivuze ubwo yari muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Justin Bitakwira, y’umvikanye kandi anenga Moïse Katumbi Chapwe, kandida nimero 3, uri kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, aho yamwise umunyamahanga nk’uko perezida Félix Tshisekedi akunze ku bivuga nawe!

Bihona yagize ati: “Katumbi, ni umuzungu ntampamvu zokuza kw’iyamamaza muri RDC. Uko njyewe Bitakwira ntaja kw’iyamamaza mu gihugu ca Maroc, niko byari bikwiye no kuri Katumbi, kandi niyo najayo kwiyamaza sinatsinda ayomatora.”

Yanahishuye ko yagize uruhare ngo perezida Félix Tshisekedi, acyane u mubano n’i Gihugu c’u Rwanda.

Ati: “Ndababamiriza ko nagize uruhare runini rwo kugira ngo perezida Félix Tshisekedi acyane u mubano n’i Gihugu c’u Rwanda. Bariya n’Abanzi, ntidukwiye kuba inshuti n’Abanzi.”

Yongeye kandi ati: “Kugira ngo abasirikare ba FARDC, bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, bavanwe muri teritware ya Uvira, na bigizemo uruhare, kandi vuba abasirikare ba FARDC, ba Bapfulero bagiye kuzanwa hano, ibyo nabigizemo uruhare n’ubu ndakomeje.”

“Maï Maï, kuba zarabaye Wazalendo nabyo mbifitemo uruhare. Ibyo bigomba gutuma mungirira icyizere mukazantora nzabakorera n’ibindi byinshi.”

Y’umvikanye kandi avuga ko ariwe munyapolitike wenyine ubonana na perezida Félix Tshisekedi cyane kuruta abandi bavuka muri Kivu y’Amajy’epfo.

Maze asoza abwira abaturage ba Uvira ko ikibazo cya Minembwe akizi neza ko kandi n’ubutegetsi bukizi, aho yanavuze ko Gen Andre Oketi Ohenzo ko yatumwe hariya kuko ariwe wizewe.

Justin Bitakwira, yakunze kugenda akoresha amagambo ahembera Amacyakubiri ku Batutsi nimugihe akunze kubita: “Ubwoko bw’Inzoka, Abanyarwanda n’ibindi…”

Ahanini ibi abikora ashaka gushimisha ubwoko bwa Bapfulero n’Ababembe kugira bakomeze kwanga Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Ahembera amagambo y'urwango ku BatutsiJustin Bitakwira BihonaMinisitiriUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC)

Ibura ry’Ingengo y’Imari mu Muryango wa Afurika y’Iburasirazuba (EAC) Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba (East African Community – EAC) ukomeje guhura n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amafaranga, gishobora kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris

Perezida Kagame yitabiriye Inama Mpuzamahanga yiga ku Ngufu za Nikleyeri i Paris Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, ari mu bayobozi bakomeye ku isi bitabiriye inama mpuzamahanga ya kabiri...

Read moreDetails

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda

Kinshasa: Jean-Luc Habyarimana Aravugwa mu Mugambi wa Tshisekedi wo Guhuza Imitwe Irwanya u Rwanda Amakuru aturuka mu nzego zikurikirana ibibera muri politiki y’akarere k’Ibiyaga Bigari akomeje kugaragaza ko...

Read moreDetails

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC

EAC Yahagurukiye Ikibazo cy’Umutekano mu Burasirazuba bwa RDC Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, uzwi nka East African Community (EAC), wasabye impande zihanganye mu ntambara yo mu burasirazuba bwa Repubulika...

Read moreDetails

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
March 9, 2026
0
Loni Yashinje Ingabo za Leta ya RDC n’Umutwe wa FDLR Gukora Ihohoterwa Rishingiye ku Gitsina ku Baturage

Uvira: Ihuriro Rikomeye ry’Ingamba z’Igihe Kirekire za FDLR n’Ingaruka Zabyo ku Mutekano w’Akarere k’Ibiyaga Bigari Mu mujyi wa Uvira, umwe mu mijyi ifite uruhare rukomeye mu ntara ya...

Read moreDetails
Next Post

Amerika yashimiye umukuru w'igihugu ca RDC nu w'u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?