• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, April 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze ari minisitiri w’iterambere, Justin Bitakwira, yongeye k’umvikana ahembera amagambo y’urwango ku Batutsi.

minebwenews by minebwenews
December 14, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari minisitiri w’iterambere mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, Justin Bitakwira Bihona, yongeye gukoresha amagambo asesereza abo mu bwoko bw’Abatutsi.

You might also like

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

Ibi yongeye kubivuga ubwo yarimo yi yamamariza umwanya w’u budepite k’urwego rw’i Gihugu. Ni video yakomeje guhererekanywa ku mbuga nkoranya mbaga, yabivuze ubwo yari muri teritware ya Uvira, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

Justin Bitakwira, y’umvikanye kandi anenga Moïse Katumbi Chapwe, kandida nimero 3, uri kw’iyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, aho yamwise umunyamahanga nk’uko perezida Félix Tshisekedi akunze ku bivuga nawe!

Bihona yagize ati: “Katumbi, ni umuzungu ntampamvu zokuza kw’iyamamaza muri RDC. Uko njyewe Bitakwira ntaja kw’iyamamaza mu gihugu ca Maroc, niko byari bikwiye no kuri Katumbi, kandi niyo najayo kwiyamaza sinatsinda ayomatora.”

Yanahishuye ko yagize uruhare ngo perezida Félix Tshisekedi, acyane u mubano n’i Gihugu c’u Rwanda.

Ati: “Ndababamiriza ko nagize uruhare runini rwo kugira ngo perezida Félix Tshisekedi acyane u mubano n’i Gihugu c’u Rwanda. Bariya n’Abanzi, ntidukwiye kuba inshuti n’Abanzi.”

Yongeye kandi ati: “Kugira ngo abasirikare ba FARDC, bavuga ururimi rw’Ikinyarwanda, bavanwe muri teritware ya Uvira, na bigizemo uruhare, kandi vuba abasirikare ba FARDC, ba Bapfulero bagiye kuzanwa hano, ibyo nabigizemo uruhare n’ubu ndakomeje.”

“Maï Maï, kuba zarabaye Wazalendo nabyo mbifitemo uruhare. Ibyo bigomba gutuma mungirira icyizere mukazantora nzabakorera n’ibindi byinshi.”

Y’umvikanye kandi avuga ko ariwe munyapolitike wenyine ubonana na perezida Félix Tshisekedi cyane kuruta abandi bavuka muri Kivu y’Amajy’epfo.

Maze asoza abwira abaturage ba Uvira ko ikibazo cya Minembwe akizi neza ko kandi n’ubutegetsi bukizi, aho yanavuze ko Gen Andre Oketi Ohenzo ko yatumwe hariya kuko ariwe wizewe.

Justin Bitakwira, yakunze kugenda akoresha amagambo ahembera Amacyakubiri ku Batutsi nimugihe akunze kubita: “Ubwoko bw’Inzoka, Abanyarwanda n’ibindi…”

Ahanini ibi abikora ashaka gushimisha ubwoko bwa Bapfulero n’Ababembe kugira bakomeze kwanga Abatutsi.

Bruce Bahanda.

Tags: Ahembera amagambo y'urwango ku BatutsiJustin Bitakwira BihonaMinisitiriUvira
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC

Les États-Unis envisagent de transférer des réfugiés afghans en RDC Dans le cadre de discussions menées dans la plus grande discrétion, les États-Unis d’Amérique sont en pourparlers avec...

Read moreDetails

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC

Amerika igiye kwimurira impunzi z’Abanyafghanistan muri RDC Mu biganiro bikomeje kurangwa n’ibanga rikomeye, Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziri kuganira na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) ku...

Read moreDetails
Next Post

Amerika yashimiye umukuru w'igihugu ca RDC nu w'u Rwanda, hagati aho muri Nyiragongo, haratutumba intambara ishobora kuzayogoza akarere.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?