• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, March 11, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 21, 2025
in World News
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza
75
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

You might also like

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 21/10/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida w’u Bufaransa yagejejwe muri gereza iri i Paris.

Amakuru atangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated press(AP), avuga ko gereza ya La Sainte iherereye i Paris ku murwa mukuru w’iki gihugu cy’u Bufaransa, ni yo yafungiwemo.

Aya makuru akomeza avuga ko ubwo yasohokaga mu rugo iwe, yarafashe ukuboko k’umugore we usanzwe ari n’umuririmbyi, Carla Bruni, ahita yinjira mu mudoka yari irinzwe n’abapolisi bari kuri moto.

Ni amakuru kandi avuga ko ubwo yari mu nzira ajyanwa gufungwa, ko yageze hamwe agira ati: “Umuntu utarakoze icyaha arimo gufungwa.”

Ni Nicola Sarkozy bivugwa kandi ko ku wa gatanu w’icyumweru gishize mbere y’uko ajyanwa muri gereza, yabanje kuja mu ngoro ya perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron ku mureba, baraganira.

Sarkozy, yayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza 2012, urukiko rwo muri iki gihugu cye, rwamukatiye igifungo cy’imyaka itanu mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Ni nyuma yo kumukurikiranaho icyaha cyo gucura imigambi y’ubugambanyi bijyanye n’umushinga wo kwakira inkunga y’amafaranga, bivugwa ko yaravuye ku wahoze ari perezida wa Libiya, Moamar Gaddafi wishwe muri 2011, akaba yaragiye ku butegetsi mu mwaka wa 1969.

Bigasobanurwa ko ayo mafaranga Sarkozy yayifashishije mu bikorwa bye byo kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2012.

Tags: GerezaLa SainteNicola Sarkozyu Bufaransa
Share30Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru

Igitero cy’Indege za Israel i Tehran Cyavuzweho Gukora ku Biro bya Koreya ya Ruguru Mu gihe amakimbirane akomeje gukaza umurego hagati ya Iran, Leta Zunze Ubumwe za Amerika...

Read moreDetails

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

by Bahanda Bruce
March 10, 2026
0
Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byatangiye Gutabara Abagenzi Bari Baheze mu Burasirazuba bwo Hagati Mu gihe umutekano ukomeje guhungabana mu karere k’U burasirazuba bwo Hagati, ibihugu byinshi ku isi...

Read moreDetails

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje

Perezida wa Irani Yasabye Imbabazi Ibihugu Bituranyi mu Gihe Ibitero bya Amerika na Israel Bikomeje Intambara iri gukaza umurego mu karere k’Uburasirazuba bwo Hagati yakomeje gufata indi ntera,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

by Bahanda Bruce
March 8, 2026
0
BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro

BREAKING NEWS: Ikigega Kinini cya Peteroli cya Tehran Cyafashwe n’Inkongi y’Umuriro Amashusho ari gukwirakwira ku mbuga nkoranyambaga agaragaza ikigega kinini cya peteroli kiri mu murwa mukuru wa Iran,...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

by Bahanda Bruce
March 6, 2026
0
BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran

BREAKING NEWS: Impungenge ku Isi Hose Nyuma y’Amakuru ko Amerika Ishobora Kugaba Igitero cyo Ku Butaka bwa Iran Mu gihe amakuru n’isesengura bitandukanye bikomeje kugaragaza ko intambara ishobora...

Read moreDetails
Next Post
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?