• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 21, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 21, 2025
in World News
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza
69
SHARES
1.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

You might also like

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 21/10/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida w’u Bufaransa yagejejwe muri gereza iri i Paris.

Amakuru atangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated press(AP), avuga ko gereza ya La Sainte iherereye i Paris ku murwa mukuru w’iki gihugu cy’u Bufaransa, ni yo yafungiwemo.

Aya makuru akomeza avuga ko ubwo yasohokaga mu rugo iwe, yarafashe ukuboko k’umugore we usanzwe ari n’umuririmbyi, Carla Bruni, ahita yinjira mu mudoka yari irinzwe n’abapolisi bari kuri moto.

Ni amakuru kandi avuga ko ubwo yari mu nzira ajyanwa gufungwa, ko yageze hamwe agira ati: “Umuntu utarakoze icyaha arimo gufungwa.”

Ni Nicola Sarkozy bivugwa kandi ko ku wa gatanu w’icyumweru gishize mbere y’uko ajyanwa muri gereza, yabanje kuja mu ngoro ya perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron ku mureba, baraganira.

Sarkozy, yayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza 2012, urukiko rwo muri iki gihugu cye, rwamukatiye igifungo cy’imyaka itanu mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Ni nyuma yo kumukurikiranaho icyaha cyo gucura imigambi y’ubugambanyi bijyanye n’umushinga wo kwakira inkunga y’amafaranga, bivugwa ko yaravuye ku wahoze ari perezida wa Libiya, Moamar Gaddafi wishwe muri 2011, akaba yaragiye ku butegetsi mu mwaka wa 1969.

Bigasobanurwa ko ayo mafaranga Sarkozy yayifashishije mu bikorwa bye byo kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2012.

Tags: GerezaLa SainteNicola Sarkozyu Bufaransa
Share28Tweet17Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n’igisirikare cya Israel

Gaza yongeye kugabwaho igitero gikaze n'igisirikare cya Israel Igisirikare cya Israel cyagabye ibitero byo mu kirere mu gace ka Rafah ho muri Gaza, nyuma y'aho gishinje umutwe wa...

Read moreDetails

Uheruka kuvugwaho na perezida w’u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro

by Bahanda Bruce
October 20, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

Uheruka kuvugwaho na perezida w'u Burundi yamusabye ko bohurira mu kiganiro Pacifique Nininahazwe ukuriye ishirahamwe rya FECODE, rizwiho gutabariza Abarundi bari mukaga, nyuma y'uko aheruka kuvugwaho ibyo we...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

by Bahanda Bruce
October 19, 2025
0
Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se

Gen.Muhoozi yagize icyo avuga kubakomeje kuvuga ku buzima bwa se General Kainarugaba Muhoozi, umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, akaba kandi n'umuhungu wa perezida w'iki gihugu, yaburiye abakwiza ibihuha...

Read moreDetails

Madagascar iraramutswa perezida mushya

by Bahanda Bruce
October 18, 2025
0
Madagascar iraramutswa perezida mushya

Madagascar iraramutswa perezida mushya Colonel Michael Randrianinina ni we wagizwe umukuru w'igihugu cya Madagascar, nyuma y'aho habaye imyigaragambyo igasiga perezida w'iki gihugu Andry Rajoelina agihunze. Ku munsi w'ejo...

Read moreDetails

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima

by Bahanda Bruce
October 17, 2025
0
Odinga  war’uzwi cyane muri politiki ya Kenya yitabye Imana

Abari baje gusezera kuri Raila Odinga barashweho bamwe bahasiga ubuzima Igipolisi cya Kenya cyarashe ku bari baje gusezera kuri Raila Odinga, babiri muri bo bakahasigaye ubuzima, mu gihe...

Read moreDetails
Next Post
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?