• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, July 25, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 21, 2025
in World News
0
Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza
77
SHARES
1.9k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwahoze ari perezida w’u Bufaransa, Sarkozy yinjiye gereza

You might also like

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Nicola Sarkozy wahoze ari perezida w’u Bufaransa, yageze muri gereza, aho agiye gutangira igihano azamaramo imyaka itanu.

Kuri uyu wa kabiri tariki ya 21/10/2025, ni bwo uyu wahoze ari perezida w’u Bufaransa yagejejwe muri gereza iri i Paris.

Amakuru atangazwa n’ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated press(AP), avuga ko gereza ya La Sainte iherereye i Paris ku murwa mukuru w’iki gihugu cy’u Bufaransa, ni yo yafungiwemo.

Aya makuru akomeza avuga ko ubwo yasohokaga mu rugo iwe, yarafashe ukuboko k’umugore we usanzwe ari n’umuririmbyi, Carla Bruni, ahita yinjira mu mudoka yari irinzwe n’abapolisi bari kuri moto.

Ni amakuru kandi avuga ko ubwo yari mu nzira ajyanwa gufungwa, ko yageze hamwe agira ati: “Umuntu utarakoze icyaha arimo gufungwa.”

Ni Nicola Sarkozy bivugwa kandi ko ku wa gatanu w’icyumweru gishize mbere y’uko ajyanwa muri gereza, yabanje kuja mu ngoro ya perezida w’iki gihugu, Emmanuel Macron ku mureba, baraganira.

Sarkozy, yayoboye u Bufaransa kuva mu 2007 kugeza 2012, urukiko rwo muri iki gihugu cye, rwamukatiye igifungo cy’imyaka itanu mu kwezi kwa cyenda uyu mwaka.

Ni nyuma yo kumukurikiranaho icyaha cyo gucura imigambi y’ubugambanyi bijyanye n’umushinga wo kwakira inkunga y’amafaranga, bivugwa ko yaravuye ku wahoze ari perezida wa Libiya, Moamar Gaddafi wishwe muri 2011, akaba yaragiye ku butegetsi mu mwaka wa 1969.

Bigasobanurwa ko ayo mafaranga Sarkozy yayifashishije mu bikorwa bye byo kwiyamamaza mu matora y’umukuru w’igihugu yo mu mwaka wa 2012.

Tags: GerezaLa SainteNicola Sarkozyu Bufaransa
Share31Tweet19Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House

Uko Perezida Trump Yongeye Kwibasira Itangazamakuru muri White House MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yongeye gutangaza amagambo akomeye anenga itangazamakuru...

Read moreDetails

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

by Bahanda Bruce
July 24, 2026
0
Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n’Ibikomeye Babarizwaho

Ni Bande Bazasimbura António Guterres? Dore Abakandida Batandatu Bahataniye Kuyobora Loni n'Ibikomeye Babarizwaho MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Igikorwa cyo gushaka Umunyamabanga Mukuru mushya w'Umuryango w'Abibumbye (Loni/ONU) kigeze mu...

Read moreDetails

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera

Kera Kabaye: Perezida Biya Amaze Iminsi Atagaragara mu Gihugu Cye, Impaka ku Hazaza ha Cameroon Zirushaho Gufata Indi Ntera MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Kera kabaye, ikibazo cy'ibura rya...

Read moreDetails

Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

by Bahanda Bruce
July 17, 2026
0
Amerika na Israel Mu Rwunge rw’Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani

Amerika na Israel Mu Rwunge rw'Amateka Maremare: JD Vance Ashinja Bamwe mu Bayobozi ba Israel Gushaka Gukururira Amerika Intambara Idashira na Irani MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe...

Read moreDetails

BREAKING NEWS: Perezida Trump Yakajije Igitutu Kuri Iran; Inzira ya Hormuz Yongeye Kuba Isibaniro Rishobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi

by Bahanda Bruce
July 13, 2026
0
BREAKING NEWS: Perezida Trump Yakajije Igitutu Kuri Iran; Inzira ya Hormuz Yongeye Kuba Isibaniro Rishobora Guhungabanya Ubukungu bw’Isi

BREAKING NEWS: Perezida Trump Yakajije Igitutu Kuri Iran; Inzira ya Hormuz Yongeye Kuba Isibaniro Rishobora Guhungabanya Ubukungu bw'Isi MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Umwuka mubi hagati ya Leta Zunze...

Read moreDetails
Next Post
Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Amagambo abiri yazamuye imbamutima za benshi, ayavuzwe na Gen. Makanika

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?