• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze avuga rikijana muri leta ya Kinshasa, Gen John Numbi, yasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2023
in Regional Politics
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen John Numbi, wigezeho kuyobora Polisi n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye abanyakinshasa kuba maso no kw’irinda gutawanyika kuri uyu wa Kabiri.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Ibi yabivuze k’u mugoroba wo k’uwa Mbere, tariki 18/12/2023, akoresheje urukuta rwe rwa X, rwahoze rwitwa Twitter, maze agira ati: “Ndahamagarira abaturage ba Kinshasa kw’irinda kugira aho mutawanyikira kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.”

Yunzemo kandi ati: “Rwose mugabanye ingendo uwo munsi.”

Gusa uyu wahoze ari umunyacyubahiro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, arasa nuwacyiye amarenga kumatora yenda kuba muri RDC ariko ntiyagaragaje icyaricyo !

John Numbi, aheruka kuvuga kandi ubwo yarimo ashimira Corneille Nangaa, tariki 15/12/2023, nimugihe Nangaa yaramaze gushira ku mugaragaro Ishyaka rya “Alliance Fleuve Congo,” mu magambo ahinye ni ” AFC.” N’Ishyaka abarizanye batangaje ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ubushize imbuga nkoranya mbaga zatanze amakuru atari ukuri ko uyu Mugabo yoba yageze ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko ibi ntibyari ukuri kuko John Numbi aherereye hanze y’igihugu ca RDC.

Gen John Numbi, ni umukongomani wavutse mu mwaka wa 162. Ni Umusirikare wakera akaba yarazamutse muntera ahagana mu mwaka w’2010, aho yahise anahabwa kuyobora Polisi yose ya Congo, bigeze mu mwaka w’2018 ahabwa kuba umugaba mukuru w’ingabo za RDC. Nyuma yabwo yaje guhunga igihugu kubyaha yarimo ashinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: 19/12/2023GenJohn NumbiKw'irinda ingendoYasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Paul Kagame, w'u Rwanda akaba n'umugaba mukuru w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yazamuye muntera abasirikare b'u Rwanda bagera kuri 502.

Comments 3

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Kwizera Abakongomani njye byarananiye ibyo bavuga sibyo bakora
    Arabuza abantu ingendo sehabayiki?

    • SEBINTU NKINZINGABO JOTHAM says:
      2 years ago

      Mwagiye musoma ibyo mwanditse mbere yo kubyohereza. NUMBI yavutse mu 162 ? Iyo mubanza gusoma byenda mwari gutahura ko mwibeshye . Kuki se mutandika umwaka wa 1962 ? Mugabanye umuvudiko…pole pole ndiyo/njo mwendo…!

  2. toxicity says:
    2 years ago

    toxicity xyandanxvurulmus.un0bOJTPXAy4

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?