• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, December 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze avuga rikijana muri leta ya Kinshasa, Gen John Numbi, yasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2023
in Regional Politics
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen John Numbi, wigezeho kuyobora Polisi n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye abanyakinshasa kuba maso no kw’irinda gutawanyika kuri uyu wa Kabiri.

You might also like

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

Ibi yabivuze k’u mugoroba wo k’uwa Mbere, tariki 18/12/2023, akoresheje urukuta rwe rwa X, rwahoze rwitwa Twitter, maze agira ati: “Ndahamagarira abaturage ba Kinshasa kw’irinda kugira aho mutawanyikira kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.”

Yunzemo kandi ati: “Rwose mugabanye ingendo uwo munsi.”

Gusa uyu wahoze ari umunyacyubahiro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, arasa nuwacyiye amarenga kumatora yenda kuba muri RDC ariko ntiyagaragaje icyaricyo !

John Numbi, aheruka kuvuga kandi ubwo yarimo ashimira Corneille Nangaa, tariki 15/12/2023, nimugihe Nangaa yaramaze gushira ku mugaragaro Ishyaka rya “Alliance Fleuve Congo,” mu magambo ahinye ni ” AFC.” N’Ishyaka abarizanye batangaje ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ubushize imbuga nkoranya mbaga zatanze amakuru atari ukuri ko uyu Mugabo yoba yageze ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko ibi ntibyari ukuri kuko John Numbi aherereye hanze y’igihugu ca RDC.

Gen John Numbi, ni umukongomani wavutse mu mwaka wa 162. Ni Umusirikare wakera akaba yarazamutse muntera ahagana mu mwaka w’2010, aho yahise anahabwa kuyobora Polisi yose ya Congo, bigeze mu mwaka w’2018 ahabwa kuba umugaba mukuru w’ingabo za RDC. Nyuma yabwo yaje guhunga igihugu kubyaha yarimo ashinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: 19/12/2023GenJohn NumbiKw'irinda ingendoYasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
AFC/M23 Yiyemeje Gusana Igihugu: “Tugiye Kugarura Ubutware bwa Leta muri Congo Hose”

Ibihugu Bikomeye ku Isi Byihanangirije M23 na RDF: Icyegeranyo Mpuzamahanga ku Mutekano wa RDC n’Impungenge ku Karere k’Ibiyaga Bigari Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bubiligi, u Bufaransa,...

Read moreDetails

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano?

by Bahanda Bruce
December 10, 2025
0
Amahoro nyayo ntashoboka FDLR igihari- Léonard Okitundu w’umunye-Kongo

Perezida Ndayishimiye Yigeze Gutangaza ko “Uvira Nifatwa” Azatera u Rwanda, Ese U Burundi Bwinjiye mu Gice Gishya cy’Akaduruvayo ka Politiki n’Umutekano? Perezida Évariste Ndayishimiye yagaragaje amagambo akomeye igihe...

Read moreDetails

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe

RDC:Imirwano ikaze muri Kivu y’Amajyepfo ikomeje guhitana ingabo z’u Burundi, Kamenge yuzuye indembe Intambara ikomeje mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) ikomeje kugira ingaruka zikomeye...

Read moreDetails

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda

by Bahanda Bruce
December 9, 2025
0
Perezida w’u Burundi agiye gufatanya na Kigali na Kinshasa mu rugendo rw’amahoro i Washington

U Burundi bwatangaje amagambo akakaye ku bitero buvuga ko bwagabweho n’u Rwanda Leta y’u Burundi yatangaje ko u Rwanda rukomeje ibikorwa busobanura nk’iby’urugomo no guhungabanya umutekano” ku mupaka...

Read moreDetails

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

by Bahanda Bruce
December 6, 2025
0
Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri

Imodoka ya Gisirikare y’u Burundi Yikoreye Imirambo y’Abasirikare Bayo Baguye ku Rugamba muri RDC Inshuro Zirenga Ebyiri Amakuru mashya aturuka mu Burundi akomeje kugaragaza urugendo rutavugwaho rumwe rw’imodoka...

Read moreDetails
Next Post

Perezida Paul Kagame, w'u Rwanda akaba n'umugaba mukuru w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yazamuye muntera abasirikare b'u Rwanda bagera kuri 502.

Comments 3

  1. Gasore says:
    2 years ago

    Kwizera Abakongomani njye byarananiye ibyo bavuga sibyo bakora
    Arabuza abantu ingendo sehabayiki?

    • SEBINTU NKINZINGABO JOTHAM says:
      2 years ago

      Mwagiye musoma ibyo mwanditse mbere yo kubyohereza. NUMBI yavutse mu 162 ? Iyo mubanza gusoma byenda mwari gutahura ko mwibeshye . Kuki se mutandika umwaka wa 1962 ? Mugabanye umuvudiko…pole pole ndiyo/njo mwendo…!

  2. toxicity says:
    2 years ago

    toxicity xyandanxvurulmus.un0bOJTPXAy4

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?