• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, September 11, 2026
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
  • Login
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwahoze avuga rikijana muri leta ya Kinshasa, Gen John Numbi, yasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.

minebwenews by minebwenews
December 19, 2023
in Regional Politics
3
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Gen John Numbi, wigezeho kuyobora Polisi n’Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye abanyakinshasa kuba maso no kw’irinda gutawanyika kuri uyu wa Kabiri.

Ibi yabivuze k’u mugoroba wo k’uwa Mbere, tariki 18/12/2023, akoresheje urukuta rwe rwa X, rwahoze rwitwa Twitter, maze agira ati: “Ndahamagarira abaturage ba Kinshasa kw’irinda kugira aho mutawanyikira kuri uyu wa Kabiri, tariki 19/12/2023.”

READ ALSO

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

Yunzemo kandi ati: “Rwose mugabanye ingendo uwo munsi.”

Gusa uyu wahoze ari umunyacyubahiro muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, arasa nuwacyiye amarenga kumatora yenda kuba muri RDC ariko ntiyagaragaje icyaricyo !

John Numbi, aheruka kuvuga kandi ubwo yarimo ashimira Corneille Nangaa, tariki 15/12/2023, nimugihe Nangaa yaramaze gushira ku mugaragaro Ishyaka rya “Alliance Fleuve Congo,” mu magambo ahinye ni ” AFC.” N’Ishyaka abarizanye batangaje ko rigamije gushiraho iherezo ubutegetsi bwa perezida Félix Tshisekedi.

Ubushize imbuga nkoranya mbaga zatanze amakuru atari ukuri ko uyu Mugabo yoba yageze ku butaka bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ariko ibi ntibyari ukuri kuko John Numbi aherereye hanze y’igihugu ca RDC.

Gen John Numbi, ni umukongomani wavutse mu mwaka wa 162. Ni Umusirikare wakera akaba yarazamutse muntera ahagana mu mwaka w’2010, aho yahise anahabwa kuyobora Polisi yose ya Congo, bigeze mu mwaka w’2018 ahabwa kuba umugaba mukuru w’ingabo za RDC. Nyuma yabwo yaje guhunga igihugu kubyaha yarimo ashinjwa n’ubutegetsi bwa Félix Tshisekedi.

Bruce Bahanda.

Tags: 19/12/2023GenJohn NumbiKw'irinda ingendoYasabye abaturage ba Kinshasa kuba maso

Related Posts

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
Regional Politics

Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege

September 11, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC : L’ambassadrice Urujeni accuse Kinshasa de poursuivre sa coopération avec les FDLR et les Wazalendo et appelle à traiter le problème à la racine

September 10, 2026
Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi
Regional Politics

Rwanda–RDC: Ambasaderi Urujeni yashinje Kinshasa gukomeza gukorana na FDLR na Wazalendo, asaba gukemura ikibazo mu mizi

September 9, 2026
Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History
Regional Politics

Uganda: Arrests of Former CMI Chiefs Bring Military Intelligence Back Into the Spotlight of the Country’s History

September 9, 2026
Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu
Regional Politics

Uganda: Ifatwa ry’abahoze bayobora CMI ryasubije ubutasi bwa gisirikare mu isura y’amateka akomeye y’igihugu

September 9, 2026
Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC
Regional Politics

Gen. Muhoozi yavuze abo atinya, anagaruka ku cyo avuga ko atigeze ageraho muri RDC

September 9, 2026
Next Post

Perezida Paul Kagame, w'u Rwanda akaba n'umugaba mukuru w'Ikirenga w'Ingabo z'u Rwanda, yazamuye muntera abasirikare b'u Rwanda bagera kuri 502.

Comments 3

  1. Gasore says:
    3 years ago

    Kwizera Abakongomani njye byarananiye ibyo bavuga sibyo bakora
    Arabuza abantu ingendo sehabayiki?

    • SEBINTU NKINZINGABO JOTHAM says:
      3 years ago

      Mwagiye musoma ibyo mwanditse mbere yo kubyohereza. NUMBI yavutse mu 162 ? Iyo mubanza gusoma byenda mwari gutahura ko mwibeshye . Kuki se mutandika umwaka wa 1962 ? Mugabanye umuvudiko…pole pole ndiyo/njo mwendo…!

  2. toxicity says:
    3 years ago

    toxicity xyandanxvurulmus.un0bOJTPXAy4

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Conflict & Security Regional Politics Religion Shop & Explore sport & entertainment Uncategorized World News

RECENT POSTS

  • Amayobera ku Ifatwa ry’Abapasitori Batatu b’Abanyamulenge mu Burundi: Pasitori Jelos Yafatiwe ku Kibuga cy’Indege
  • FARDC, Ingabo z’u Burundi n’Imitwe Yitwaje Intwaro Bageze mu Bice bya Rurambo na Ndondo: Amakuru Mashya ku Miterere y’Ingabo Ziri Kuzamuka Ziva i Uvira
  • Shaka Nyamusaraba Ari He? Amakuru Mashya Atandukanye Yagaragaje Ibyihishe ku Rugendo Rwe i Kinshasa
  • About Us
  • Home
  • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Welcome Back!

Login to your account below

Forgotten Password?

Retrieve your password

Please enter your username or email address to reset your password.

Log In
Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2022-2026 minembwe - by MCN.

Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?