• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
1
Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Urukiko rwo mu gihugu cya Uganda rwakatiye umugabo w’imyaka 24 wo muri iki gihugu, gufungwa imyaka itandatu nyuma y’uko yari yatutse Museveni akoresheje urubuga rwa Tik Tok.

Biravugwa ko uwatutse perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni azwi ku mazina ya Edward Awebwa. Mu byo aregwa harimo ko yakoresheje imvugo y’urwango no gukwirakwiza ‘amakuru ayobya ndetse aharabika perezida Yoweli Kaguta Museveni.’

Kandi binavugwa ko atibasiye perezida wa Uganda gusa, kuko yatutse n’umudamu wa Perezida, Janet Museveni, ndetse n’umuhungu we Muhoozi Kainarugaba, umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda.

Awebwa ngo yatutse Museveni anakwirakwiza ibihuha ko ku butegetsi bwe, imisoro izajya ikomeza kwikuba inshuro.

Umucamanza Stella Maris Ambilis yavuze ko uregwa yakoresheje imvugo nyandagazi bityo ko akwiye igihano kizatuma yigira ku kahise he kugira ngo ubutaha azubahe perezida, umugore wa Perezida n’umuhungu wa Perezida.

Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda , ikunze kwamagana abategetsi ba Uganda ibashinja guhonyora uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bwo kuvuga icyo umuntu atekereza.

         MCN.
Tags: Perezida wa UgandaUwatutseYakatwiweYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    1 year ago

    Nabirikana bagize igihe biba Igihugu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?