Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
July 12, 2024
in Regional Politics
1
Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Urukiko rwo mu gihugu cya Uganda rwakatiye umugabo w’imyaka 24 wo muri iki gihugu, gufungwa imyaka itandatu nyuma y’uko yari yatutse Museveni akoresheje urubuga rwa Tik Tok.

Biravugwa ko uwatutse perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni azwi ku mazina ya Edward Awebwa. Mu byo aregwa harimo ko yakoresheje imvugo y’urwango no gukwirakwiza ‘amakuru ayobya ndetse aharabika perezida Yoweli Kaguta Museveni.’

Kandi binavugwa ko atibasiye perezida wa Uganda gusa, kuko yatutse n’umudamu wa Perezida, Janet Museveni, ndetse n’umuhungu we Muhoozi Kainarugaba, umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda.

Awebwa ngo yatutse Museveni anakwirakwiza ibihuha ko ku butegetsi bwe, imisoro izajya ikomeza kwikuba inshuro.

Umucamanza Stella Maris Ambilis yavuze ko uregwa yakoresheje imvugo nyandagazi bityo ko akwiye igihano kizatuma yigira ku kahise he kugira ngo ubutaha azubahe perezida, umugore wa Perezida n’umuhungu wa Perezida.

Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda , ikunze kwamagana abategetsi ba Uganda ibashinja guhonyora uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bwo kuvuga icyo umuntu atekereza.

         MCN.
Tags: Perezida wa UgandaUwatutseYakatwiweYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    1 year ago

    Nabirikana bagize igihe biba Igihugu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?