• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Friday, December 19, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
1
Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

You might also like

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

Urukiko rwo mu gihugu cya Uganda rwakatiye umugabo w’imyaka 24 wo muri iki gihugu, gufungwa imyaka itandatu nyuma y’uko yari yatutse Museveni akoresheje urubuga rwa Tik Tok.

Biravugwa ko uwatutse perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni azwi ku mazina ya Edward Awebwa. Mu byo aregwa harimo ko yakoresheje imvugo y’urwango no gukwirakwiza ‘amakuru ayobya ndetse aharabika perezida Yoweli Kaguta Museveni.’

Kandi binavugwa ko atibasiye perezida wa Uganda gusa, kuko yatutse n’umudamu wa Perezida, Janet Museveni, ndetse n’umuhungu we Muhoozi Kainarugaba, umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda.

Awebwa ngo yatutse Museveni anakwirakwiza ibihuha ko ku butegetsi bwe, imisoro izajya ikomeza kwikuba inshuro.

Umucamanza Stella Maris Ambilis yavuze ko uregwa yakoresheje imvugo nyandagazi bityo ko akwiye igihano kizatuma yigira ku kahise he kugira ngo ubutaha azubahe perezida, umugore wa Perezida n’umuhungu wa Perezida.

Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda , ikunze kwamagana abategetsi ba Uganda ibashinja guhonyora uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bwo kuvuga icyo umuntu atekereza.

         MCN.
Tags: Perezida wa UgandaUwatutseYakatwiweYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo

Abarwanyi ba Wazalendo Bahungiye mu Burundi Bari Kurya Imbwa Bitewe n’Imibereho Babayemo Abarwanyi bo mu mitwe y’ihuriro rya Wazalendo, bahungiye mu Burundi mu gihe umujyi wa Uvira wafatwaga...

Read moreDetails

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw’u Burundi

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
Auto Draft

Umutekano muke mu Burasirazuba bwa RDC wahungabanyije ubukungu bw'u Burundi Umutekano muke mu burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC) umaze kugira ingaruka zikomeye ku bukungu bw’ibihugu...

Read moreDetails

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

by Bahanda Bruce
December 18, 2025
0
RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC

RDC mu Kaga ka Dipolomasi, Félix Tshisekedi Yimwa Ijambo mu Nama Idasanzwe ya SADC Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo (RDC), Félix Antoine Tshisekedi Tshilombo, yimwe ijambo...

Read moreDetails

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba

Leta Zunze Ubumwe za Amerika Ziyemeje Gushyira Imbaraga Zose mu Gushyigikira Amahoro mu Burasirazuba bwa RDC, Nubwo Umutekano Ukomeje Kuzamba Nubwo hakomeje kugaragara urugomo n’intonganya zikaze mu mvugo...

Read moreDetails

Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC”

by Bahanda Bruce
December 17, 2025
0
Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC”

Umwuka mubi hagati ya Perezida Ndayishimiye n’Umugaba Mukuru w’Ingabo wateje impagarara mu Burundi no muri RDC” Ifatwa ry’umujyi wa Uvira, uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu burasirazuba...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    1 year ago

    Nabirikana bagize igihe biba Igihugu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?