• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, April 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

minebwenews by minebwenews
July 12, 2024
in Regional Politics
1
Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uwatutse perezida wa Uganda Yoweli Kaguta Museveni, yakatwiwe.

You might also like

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

Urukiko rwo mu gihugu cya Uganda rwakatiye umugabo w’imyaka 24 wo muri iki gihugu, gufungwa imyaka itandatu nyuma y’uko yari yatutse Museveni akoresheje urubuga rwa Tik Tok.

Biravugwa ko uwatutse perezida wa Uganda, Yoweli Kaguta Museveni azwi ku mazina ya Edward Awebwa. Mu byo aregwa harimo ko yakoresheje imvugo y’urwango no gukwirakwiza ‘amakuru ayobya ndetse aharabika perezida Yoweli Kaguta Museveni.’

Kandi binavugwa ko atibasiye perezida wa Uganda gusa, kuko yatutse n’umudamu wa Perezida, Janet Museveni, ndetse n’umuhungu we Muhoozi Kainarugaba, umugaba mukuru w’ingabo z’iki gihugu cya Uganda.

Awebwa ngo yatutse Museveni anakwirakwiza ibihuha ko ku butegetsi bwe, imisoro izajya ikomeza kwikuba inshuro.

Umucamanza Stella Maris Ambilis yavuze ko uregwa yakoresheje imvugo nyandagazi bityo ko akwiye igihano kizatuma yigira ku kahise he kugira ngo ubutaha azubahe perezida, umugore wa Perezida n’umuhungu wa Perezida.

Imwe mu miryango iharanira uburenganzira bwa muntu muri Uganda , ikunze kwamagana abategetsi ba Uganda ibashinja guhonyora uburenganzira bwa muntu n’ubwisanzure bwo kuvuga icyo umuntu atekereza.

         MCN.
Tags: Perezida wa UgandaUwatutseYakatwiweYoweli Kaguta Museveni
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda

U Bubiligi Bwateye Utwatsi Ibirego byo Guha u Burundi Intwaro Zigamije Gutera u Rwanda Minisitiri w’Intebe Wungirije w’u Bubiligi, akaba na Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Maxime Prévot, yamaganye yivuye...

Read moreDetails

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

by Bahanda Bruce
April 26, 2026
0
Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23

Analyse approfondie de la visite du chef de la MONUSCO à Goma, sous contrôle de la coalition AFC/M23 Dans le cadre des efforts visant à instaurer une paix...

Read moreDetails

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges

The Fifth Meeting in Washington Between Rwanda and the DRC Highlights Progress and Remaining Challenges As part of ongoing efforts to find a lasting solution to the long-standing...

Read moreDetails

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

by Bahanda Bruce
April 24, 2026
0
Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye

Inama ya Gatanu i Washington hagati y’u Rwanda na RDC yagaragaje aho ibintu bigeze n’imbogamizi zisigaye Mu rwego rwo gukomeza gushakira umuti urambye ibibazo by’umutekano bimaze igihe mu...

Read moreDetails

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura

by Bahanda Bruce
April 23, 2026
0
Perezida Ndayishimiye w’u Burundi adaciye ku ruhande yatangaje amagambo akakaye ku rubuga rwitwa “Imbwa”

Impinduka zikomeye mu Ngabo z’u Burundi nyuma y’iturika rikomeye ry’ububiko bw’intwaro i Bujumbura Perezida w’u Burundi, Évariste Ndayishimiye, yakoze ivugurura rikomeye mu buyobozi bw’ingabo, ririmo guhindura abayobozi bashinzwe...

Read moreDetails
Next Post
Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Mu Rulenge, muri teritware ya Fizi, Abapfulero baho bagize icyo basaba Abanyamulenge, abo bari bagize igihe barwanya ndetse bakanabica.

Comments 1

  1. Musirimuandre says:
    2 years ago

    Nabirikana bagize igihe biba Igihugu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?