• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Saturday, October 25, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uyu munsi ihuriro ry’Ingabo za Congo, ryakubiswe ahababaza muri Kivu y’Epfo.

minebwenews by minebwenews
February 5, 2025
in Regional Politics
0
M23 ikomeje gukora amateka nyuma y’uko ifashe utundi duce muri Kivu y’Epfo.
126
SHARES
3.1k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uyu munsi ihuriro ry’Ingabo za Congo, ryakubiswe ahababaza muri Kivu y’Epfo.

You might also like

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

Amakuru aturuka muri teritware ya Kalehe, avuga ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Kinshasa, ryagabye ibitero ku birindiro by’umutwe wa M23 biri muri iyi teritwari maze birangira abarwanyi b’uyu mutwe barikubise inshuro, rihunga amasigamana.

Ni ibitero iri huriro rigizwe n’ingabo za FARDC, FDLR, ingabo z’u Burundi na Wazalendo, ryagabye igihe c’isaha ya saa kumi nimwe y’urukerera rwo kuri uyu wa gatatu tariki ya 05/02/2025, aho ryabigabaga mu gace ka Nyabibwe gaheruka kwigarurirwa n’uyu mutwe wa M23.

Iri huriro ryagabye iki gitero riturutse mu bice bya Kavumu ahari ikibuga cy’indege cya Bukavu.
Aya makuru avuga ko umutwe wa M23 waje kwirwanaho maze ukubita inshuro iri huriro ryawugabyeho igitero, nyuma y’imirwano ikomeye yabanje kuhaca.

Binavugwa ko muri iyi mirwano yumvikanyemo urusaku rw’imbunda ziremereye n’izito, kandi ko uru ruhande rurwana ku ruhande rwa Leta rwakoresheje ibibunda bya mizinga mukurasa ahatuwe n’abaturage no mu birindiro by’uyu mutwe wa M23.

Kurundi ruhande, indi mirwano ikomeye yavuzwe muri Rusazi no mu tundi duce duherereye mu misozi miremire ya Kalehe, ariko natwo tukaba twaje kwigarurwa n’uyu mutwe wa M23, nk’uko iyi nkuru ikomeza ibivuga.

Iyi mirwano ibaye nyuma y’umunsi umwe gusa ubuyobozi bw’umutwe wa M23 butangaje agahenge. Ni agahenge uyu mutwe wavuze ko ushaka ko ibikorwa byo kugoboka abavanywe mubyabo kubera intambara bagerwaho. Ndetse kandi uvuga ko hari n’ibindi ushaka gutunganya bijanye no gufasha abaturage.

Kimwecyo, uruhande rwa Leta ntacyo rwigeze ruvuga kuri aka gahenge, bikaba biri mubikekwa ko ari yo mpamvu rwakomeje kugaba ibitero kuri uyu mutwe.

Nyamara kandi ubwo umutwe wa M23 wigaruriraga umujyi wa, itangazo washyize hanze icyo gihe, ryavugaga ko ugiye gukomereza imirwano mu bindi bice, kandi ko uzashyirwa aruko ushyizeho akadomo kanyuma ubutegetsi bwa Kinshasa.

Nanone kandi, uyu mutwe wakunze kugenda utangaza ko ahazaturuka igitero hose kibuza abasivile amahoro bazagikurikira, mu rwego rwo kugira ngo bagicyecekeshe.

Hagataho, ibitero ingabo zo ku ruhande rwa Leta zagabye i Nyabibwe harebwa n’abarwanyi ba M23 byaturukaga i Kavumu ku kibuga cy’indege cya Bukavu.

Aka gace ka Nyabibwe kakaba kari mu ntera y’ibirometero 54 uvuye ku kibuga cy’indege cya Bukavu.

Tags: FardcFDLRM23NyabibweWazalendo
Share50Tweet32Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 21, 2025
0
Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n’abarwanye intambara yo kubuhora u Rwanda

Menya Abanya-Rukombe binjiye igisirikare, harimo n'abarwanye intambara yo kubohora u Rwanda Ababarirwa mu mirongo barimo abahungu n'abagabo, bavuye mu gice kizwi nk'i Rukombe binjira igisirikare cy'umutwe wa FDL...

Read moreDetails
Next Post
Urujya n’uruza rw’abantu n’imodoka byatangiye kugaragara mu mujyi wa Goma.

Umubare w'ingabo zo kuruhande rwa Leta waguye i Goma wamenyekanye, uteye ubwoba.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?