• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, October 26, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

minebwenews by minebwenews
November 13, 2024
in Regional Politics
4
Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

You might also like

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Colonel Alain Sembokera wo muri polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo(PNC), wamamaye ku izina rya “Job,” yongeye kugaragara mu mujyi wa Goma nyuma yigihe kitari gito atahaboneka; akaba azwiho kuba ari umugambanyi w’ubwoko bw’Abatutsi, ndetse abenshi mu bo yagambaniye barapfuye abandi baracyafunzwe.

Amasoko yacu avuga ko Col. Job yabonetse i Goma ahar’ejo tariki ya 12/11/2024, ni mu gihe yari amaze amezi arindwi ari mu mujyi rwagati wa Kinshasa.

Mbere y’uko yerekeza i Kinshasa yabanje kuja i Bujumbura mu Burundi kwivuza indwara y’umutima amaranye igihe.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, ayo dukesha abaturiye i Goma, avuga ko “hari abaturage bongeye gukubita amaso Col. Job mu mujyi wa Goma ku munsi w’ejo hashize kandi ko ba mubonye igihe c’isaha z’igicamunsi.”

Ndetse bikavugwa ko nyuma yo kumubona hari abategetsi babimenyeshejwe barimo n’abakora munzego z’umutekano, nabo bavuga ko ayo makuru bayazi ariko ko hataramenyekana icyaba cyamuzanye.

Col.Job yahoze y’ungirije komiseri mukuru wa polisi mu ntara ya Kivu Yaruguru, akaba kandi yari ahagariye ibikorwa by’ubutabera muri iyi ntara ku rwego rwa polisi.

Kugaruka kwe mu Burasirazuba bw’iki gihugu, byateye impungenge nyinshi ubwoko bw’Abatutsi abo ahora ahiga ubuzima bwabo umunsi ku wundi.

Kuva icyo gihe agikorera i Goma yagiye agaragara mu bikorwa byo kugagambanira Abatutsi, kandi mubo yagambaniye bamwe biciwe muri DEMIAP, nka major Thomas w’Umunyamulenge uheruka gupfiramo n’abandi yagambaniye bagifungiye muri gereza ya Ndolo na Makala n’izindi.
Bamwe mubo yagambaniye barimo Honorable Kamanzi, Pedro, n’umusore w’Umunyamulenge wavanwe i Bukavu mu mezi umunani ashyize aja gufungirwa i Kinshasa kugeza n’ubu bakaba bagifunzwe bose.

Sabo bonyine yafungishije kuko hari n’abandi bavuka i Masisi bafungiwe mu ma gereza atandukanye yo muri RDC.

Uyu yanahoze mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo muri Kivu y’Amajyaruguru, ari nabwo yatangiye guhohotera Abatutsi, akananyaga ibyabo birimo Inka yanyagaga i Masisi na Rutshuru.

Kubera ubugome bwe bwo kwanga Abatutsi, byavuzwe ko hari n’igihe yigeze gusaba ubuyobozi bwa FARDC muri Goma ku muha ingabo akaja kurwanya umutwe wa M23 urwanya Leta. Ariko aza kwangirwa, kuko ntabuhanga bw’urugamba bumuzwiho, nk’uko abahaye MCN aya makuru babivuze.

Tags: AbatutsiCol.jobGoma
Share45Tweet28Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
1
Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by’i ngabo z’u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n’amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge

Hon. Nyarugabo ashyize ukuri hanze ku by'i ngabo z'u Burundi zikorera i Mulenge, ananenga n'amahanga arebera iyicarubuzo zikorera Abanyamulenge Me.Moise Nyarugabo uzwi cyane muri politiki ya Repubulika ya...

Read moreDetails

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye “guhangana aho gusabiriza”

Perezida Kagame yibukije Abanyarwanda icyo badakwiye kugirira ubwoba, ababwira ko bakwiye "guhangana aho gusabiriza" Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yabwiye Abanyarwanda ko mu bibabazo igihugu cyabo gifite...

Read moreDetails

Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

by Bahanda Bruce
October 25, 2025
0
Igihano gitangaje cya hanishijwe abasirikare b’u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC

Igihano gitangaje cyahanishijwe abasirikare b'u Burundi bishyuzaga umushahara barwaniye muri RDC Abasirikare b'u Burundi bahanishijwe kuzenguruka u Burundi n'amaguru nyuma y'uko bishyuzaga umushara barwaniye muri Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye

by Bahanda Bruce
October 24, 2025
0
Perezida w’u Burundi yateye inkunga umwe mu mitwe igamije guhungabanya umutekano w’u Rwanda

AFC/M23 yakomoje ku biganiro ivugwamo na perezida Evariste Ndayishimiye Ihuriro rya Allience Fleuve Congo, AFC /M23 ryavuze ko amakuru avuga ko yagiranye ibiganiro na perezida w'u Burundi, Evariste...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

by Bahanda Bruce
October 23, 2025
0
U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC

U Rwanda na RDC byongeye guhurira i Washington DC U Rwanda na Repubulika ya demokarasi ya Congo, byongeye guhurira i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe z'Amerika, mu...

Read moreDetails
Next Post
Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w’ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w'ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Comments 4

  1. akamasa says:
    12 months ago

    Bruce, uyu mugome mureke igihe cye niki ! aje gupfa ntabwo yaje kwica nkuko yabimenyereye. Abana bari ready man

  2. Ensuent says:
    12 months ago

    Survival curves were generated by the Kaplan Meier method and compared with the log rank test priligy 30mg

  3. Ensuent says:
    12 months ago

    The other group receives the same treatment as the first group, followed by low dose chemotherapy in tablet form, taken one or two times per day, twice a week for one year cialis with priligy

  4. Ensuent says:
    11 months ago

    Turashaka kureba iyi mikorere ya SERM itaziguye n imikorere, tugasobanura uburyo n impamvu bakora, kandi byanze bikunze, uburyo ushobora gukoresha cyane iyi SERM priligy cvs

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
Manage options Manage services Manage {vendor_count} vendors Read more about these purposes
View preferences
{title} {title} {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?