Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 13, 2024
in Regional Politics
4
Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Uzwiho ubugome bukabije ku bwoko bw’Abatutsi, yongeye kugaruka i Goma nyuma yigihe atahaboneka.

You might also like

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Colonel Alain Sembokera wo muri polisi ya Repubulika ya demokarasi ya Congo(PNC), wamamaye ku izina rya “Job,” yongeye kugaragara mu mujyi wa Goma nyuma yigihe kitari gito atahaboneka; akaba azwiho kuba ari umugambanyi w’ubwoko bw’Abatutsi, ndetse abenshi mu bo yagambaniye barapfuye abandi baracyafunzwe.

Amasoko yacu avuga ko Col. Job yabonetse i Goma ahar’ejo tariki ya 12/11/2024, ni mu gihe yari amaze amezi arindwi ari mu mujyi rwagati wa Kinshasa.

Mbere y’uko yerekeza i Kinshasa yabanje kuja i Bujumbura mu Burundi kwivuza indwara y’umutima amaranye igihe.

Amakuru agera kuri Minembwe Capital News, ayo dukesha abaturiye i Goma, avuga ko “hari abaturage bongeye gukubita amaso Col. Job mu mujyi wa Goma ku munsi w’ejo hashize kandi ko ba mubonye igihe c’isaha z’igicamunsi.”

Ndetse bikavugwa ko nyuma yo kumubona hari abategetsi babimenyeshejwe barimo n’abakora munzego z’umutekano, nabo bavuga ko ayo makuru bayazi ariko ko hataramenyekana icyaba cyamuzanye.

Col.Job yahoze y’ungirije komiseri mukuru wa polisi mu ntara ya Kivu Yaruguru, akaba kandi yari ahagariye ibikorwa by’ubutabera muri iyi ntara ku rwego rwa polisi.

Kugaruka kwe mu Burasirazuba bw’iki gihugu, byateye impungenge nyinshi ubwoko bw’Abatutsi abo ahora ahiga ubuzima bwabo umunsi ku wundi.

Kuva icyo gihe agikorera i Goma yagiye agaragara mu bikorwa byo kugagambanira Abatutsi, kandi mubo yagambaniye bamwe biciwe muri DEMIAP, nka major Thomas w’Umunyamulenge uheruka gupfiramo n’abandi yagambaniye bagifungiye muri gereza ya Ndolo na Makala n’izindi.
Bamwe mubo yagambaniye barimo Honorable Kamanzi, Pedro, n’umusore w’Umunyamulenge wavanwe i Bukavu mu mezi umunani ashyize aja gufungirwa i Kinshasa kugeza n’ubu bakaba bagifunzwe bose.

Sabo bonyine yafungishije kuko hari n’abandi bavuka i Masisi bafungiwe mu ma gereza atandukanye yo muri RDC.

Uyu yanahoze mu mitwe yitwaje intwaro ya Maï Maï yo muri Kivu y’Amajyaruguru, ari nabwo yatangiye guhohotera Abatutsi, akananyaga ibyabo birimo Inka yanyagaga i Masisi na Rutshuru.

Kubera ubugome bwe bwo kwanga Abatutsi, byavuzwe ko hari n’igihe yigeze gusaba ubuyobozi bwa FARDC muri Goma ku muha ingabo akaja kurwanya umutwe wa M23 urwanya Leta. Ariko aza kwangirwa, kuko ntabuhanga bw’urugamba bumuzwiho, nk’uko abahaye MCN aya makuru babivuze.

Tags: AbatutsiCol.jobGoma
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk’abamaraika, agaragaza n’impamvu yabyo.

Gen.Muhoozi yavuze ko perezida Kagame na Maj.Gen. Rwigema bameze nk'abamaraika, agaragaza n'impamvu yabyo. Umugaba mukuru w'Ingabo za Uganda, General Kainarugaba Muhoozi, yatangaje ko umukuru w'igihugu cy'u Rwanda Paul...

Read moreDetails

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

by Bruce Bahanda
July 21, 2025
0
Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe.

Umudipolomate wa RDC ukorera mu Bubiligi yafunzwe. Mu buryo budasanzwe umudipolomate wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Mutebwa Mulumba Jean Dieu, usanzwe ari umujyanama wa kabiri muri ambasade...

Read moreDetails
Next Post
Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w’ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Sebisusa wigeze kuyobora umutwe w'ingabo warwanyaga Leta ya Joseph Kabila, yitabye Imana.

Comments 4

  1. akamasa says:
    8 months ago

    Bruce, uyu mugome mureke igihe cye niki ! aje gupfa ntabwo yaje kwica nkuko yabimenyereye. Abana bari ready man

  2. Ensuent says:
    8 months ago

    Survival curves were generated by the Kaplan Meier method and compared with the log rank test priligy 30mg

  3. Ensuent says:
    8 months ago

    The other group receives the same treatment as the first group, followed by low dose chemotherapy in tablet form, taken one or two times per day, twice a week for one year cialis with priligy

  4. Ensuent says:
    8 months ago

    Turashaka kureba iyi mikorere ya SERM itaziguye n imikorere, tugasobanura uburyo n impamvu bakora, kandi byanze bikunze, uburyo ushobora gukoresha cyane iyi SERM priligy cvs

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?