Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 9, 2024
in Regional Politics
1
Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Visi perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yatangaje ko hari imirongo ya Bibiriya irimo ku mufasha muri ibi bihe bigoye byo kweguzwa ku butegetsi, kandi avuga ko ari we wa mbere bibayeho mu mateka ya Kenya.

Ibi, Gachagua yabitangaje akoresheje urubuga rwa x, nyuma y’uko abadepite 281 muri 349 bagize intekonshingamategeko ya Kenya batoye bemeza ko uyu visi perezida Rigathi agomba kuva ku butegetsi, abandi 44 bagatora ko atakweguzwa, mu matora yabaye ku wa Kabiri tariki 08/10/2024, kubera ibyaha bigera kuri 11 ashinjwa birimo no gusuzugura umukuru w’igihugu. Uwo munsi w’urubanza wari umunsi ukomeye kuri bwana Rigathi Gachagua, nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru by’i Nairobi.

Ibyavuye mu matora y’abadepite bikimara gusohoka, visi perezida Gachagua yahise atanga ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, agaragaza imirongo ya Bibiriya irimo kumuha ihumure mu bihe ari gucamo bitamworoheye, ibyo avuga ko biruhije.

Imwe muri iyo mirongo harimo, 1 Abatesalonike 5:18, havuga ngo, “Mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.”

Undi murongo ni uwo muri Yeremiya 30:19, uvuga ngo “Hazavamo gushima n’ijwi ry’abanezerewe, kandi nzabagwiza ntibazaba bake, kandi nzabubahiriza ntibazaba aboroheje.”

Perezida wa Kenya, William Ruto yaje kugira ibyo avuga kuri iyi mirongo ya Bibiriya bwana Gachagua yashize hanze, maze agira ati: “Amen” bivuze ngo ‘bibe bityo.’

Kimwe mu bitangaza makuru byo muri icyo gihugu cya Kenya nk’icyitwa Tuko, cyanditse kuri ubwo butumwa, kigira kiti: “Gachagua ntiyigeze ahahara ku byavuye muri ayo matora y’abadepite kandi batoye ko agomba kuva ku butegetsi.”

Tubibutsa ko kuri ubu hasigaye ko Sena yemeza niba Gachagua avaho cyangwa agumaho, mu minsi icumi iri imbere. Sena ikaba izabanza kwiga kuri buri kirego uyu mugabo aregwa ikabona kuzafata icyemezo cyanyuma.

                MCN.
Tags: Imirongo ya BibiriyaRigathi GachaguaVisi perezida wa Kenya
Share33Tweet21Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post
Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

Comments 1

  1. Museveni Eric says:
    10 months ago

    Niyihangane isi idyoha akanyagato kandi Koko mubibaho byose nugushima IMANA

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?