• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Sunday, July 26, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

minebwenews by minebwenews
October 9, 2024
in Regional Politics
1
Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.
82
SHARES
2k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Visi perezida muri Kenya, yagaragaje imirongo ya Bibiriya iri ku mufasha muri ibi bihe bigoye ari gucamo.

You might also like

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

Visi perezida wa Kenya Rigathi Gachagua yatangaje ko hari imirongo ya Bibiriya irimo ku mufasha muri ibi bihe bigoye byo kweguzwa ku butegetsi, kandi avuga ko ari we wa mbere bibayeho mu mateka ya Kenya.

Ibi, Gachagua yabitangaje akoresheje urubuga rwa x, nyuma y’uko abadepite 281 muri 349 bagize intekonshingamategeko ya Kenya batoye bemeza ko uyu visi perezida Rigathi agomba kuva ku butegetsi, abandi 44 bagatora ko atakweguzwa, mu matora yabaye ku wa Kabiri tariki 08/10/2024, kubera ibyaha bigera kuri 11 ashinjwa birimo no gusuzugura umukuru w’igihugu. Uwo munsi w’urubanza wari umunsi ukomeye kuri bwana Rigathi Gachagua, nk’uko bikomeje gutangazwa n’ibitangazamakuru by’i Nairobi.

Ibyavuye mu matora y’abadepite bikimara gusohoka, visi perezida Gachagua yahise atanga ubutumwa akoresheje urubuga rwa x, agaragaza imirongo ya Bibiriya irimo kumuha ihumure mu bihe ari gucamo bitamworoheye, ibyo avuga ko biruhije.

Imwe muri iyo mirongo harimo, 1 Abatesalonike 5:18, havuga ngo, “Mu bibaho byose muhore mushima, kuko ari byo Imana ibashakaho muri Kristo Yesu.”

Undi murongo ni uwo muri Yeremiya 30:19, uvuga ngo “Hazavamo gushima n’ijwi ry’abanezerewe, kandi nzabagwiza ntibazaba bake, kandi nzabubahiriza ntibazaba aboroheje.”

Perezida wa Kenya, William Ruto yaje kugira ibyo avuga kuri iyi mirongo ya Bibiriya bwana Gachagua yashize hanze, maze agira ati: “Amen” bivuze ngo ‘bibe bityo.’

Kimwe mu bitangaza makuru byo muri icyo gihugu cya Kenya nk’icyitwa Tuko, cyanditse kuri ubwo butumwa, kigira kiti: “Gachagua ntiyigeze ahahara ku byavuye muri ayo matora y’abadepite kandi batoye ko agomba kuva ku butegetsi.”

Tubibutsa ko kuri ubu hasigaye ko Sena yemeza niba Gachagua avaho cyangwa agumaho, mu minsi icumi iri imbere. Sena ikaba izabanza kwiga kuri buri kirego uyu mugabo aregwa ikabona kuzafata icyemezo cyanyuma.

                MCN.
Tags: Imirongo ya BibiriyaRigathi GachaguaVisi perezida wa Kenya
Share33Tweet21Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

by Bahanda Bruce
July 26, 2026
0
Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y’u Rwanda na Uganda

Gen. Muhoozi Ari i Kigali ku Nshuro ya Mbere muri 2026: Ibyo Yemeranyije na Perezida Kagame Bishimangira Ubufatanye Bushya hagati y'u Rwanda na Uganda MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN)...

Read moreDetails

RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
RDC: Ubumwe bw’u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h’Igihugu

RDC: Ubumwe bw'u Burayi Buvuze Icyo Buteze ku Biganiro bya Tshisekedi, Butanga Ubutumwa Bukomeye ku Hazaza h'Igihugu MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Ubumwe bw'u Burayi (European Union – EU)...

Read moreDetails

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits

by Bahanda Bruce
July 25, 2026
0
Loni Yagaragaje Ikibazo Cy’Imizi muri RDC: Imiyoborere Mibi n’Ikoreshwa Ry’Umutungo Kamere Bikomeje Gukongeza Intambara

L’ONU Met en Lumière les Causes Profondes de la Crise en RDC : La Mauvaise Gouvernance et l’Exploitation des Ressources Naturelles Alimentent Toujours les Conflits MINEMBWE CAPITAL NEWS...

Read moreDetails

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

by Bahanda Bruce
July 23, 2026
0
ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano

ADF Yongeye Kumena Amaraso: Abasivili Bishwe Bunyamaswa mu Gace Kagenzurwa na FARDC, Mu gihe Aho MRDP-Twirwaneho na AFC/M23 Bagenzura Hakomeje Kurangwa Umutekano MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gitondo...

Read moreDetails

Impaka ku Biganiro by’Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo?

by Bahanda Bruce
July 22, 2026
0
Corneille Nangaa Yanenze Ibiganiro Byifuzwaga na Kinshasa, Atangaza Icyo Asanga Ari Wo Muti Wonyine w’Ibibazo bya RDC

Impaka ku Biganiro by'Igihugu muri RDC: Ese Gukumira Kabila, Nangaa na M23 Bizazana Amahoro Cyangwa Bizakomeza Gucamo Ibice Abanyekongo? MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Mu gihe Perezida wa Repubulika...

Read moreDetails
Next Post
Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

Mu mujyi wa Uvira abarimu bakoze imyigaragambyo.

Comments 1

  1. Museveni Eric says:
    2 years ago

    Niyihangane isi idyoha akanyagato kandi Koko mubibaho byose nugushima IMANA

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?