• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, September 9, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2024
in World News
0
Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

You might also like

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Ni ku munsi wo ku Cyumweru tariki ya 26/05/2024, nibwo Wazalendo bishe umunyarwanda bamunyaga n’ihene zirenga 23 bamusanganye aragiye, nk’uko iy’inkuru iva muri ibyo bice ibivuga.

Ay’amakuru yahawe Minembwe Capital News avuga ko ibyo byabereye mu Kibaya cya Rusizi ki gabanya ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda.

Kandi ko ibyo byabaye mu masaha ya saa kumi z’u mugoroba wo ku Cyumweru. Abaturage baherereye muri ibyo bice bavuga ko uyu munyarwanda wishwe yitwa Joseph Samvura, yari uwo mu murenge wa Busesamana ho muri Rubavu.

Ubuhamya twahawe kuri Minembwe Capital News buvuga ko Wazalendo baje bashaka kwiba ihene, mu gihe bageragezaga kugira ngo bazishorere Joseph Samvura nawe agatabaza bituma bamutera icyuma cy’imbunda ahita apfa barangije baraziba.

Ubuhamya bw’u muturage bugira buti: “Narindimo guhinga hafi naho byabereye mu Kibaya cya Rusizi, Samvura nawe yari aragiye ihene hafi aho numva arimo gutabaza niruka njya kureba ikibaye nsanga Wazalendo babiri bari kwirukankana ihene bazijana muri RDC.”

Yakomeje agira ati: “Haje kuza undi musore aramfasha dushaka Joseph Samvura dusanga ahantu arimo gusambira ba muteye ibyuma bibiri kimwe mu mutwe ikindi munda, turamurengeza tumujana mu kigo nderabuzima cya Busesamana ari naho yaje kurangiriza.”

Iki kibaya gihuza u Rwanda na Congo Kinshasa cyagiye kivogerwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ahanini bagishimutiramo abantu, amatungo y’abaturage bitewe n’uko ibi bice bitagaragara neza.

      MCN.
Tags: Banyaga iheneBishe umunyarwandaIkibaye cya RusiziJoseph SamvuraWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

by Bahanda Bruce
September 8, 2025
0
IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza

IDF yateguje gukora ibitero karahabutaka kuri Gaza Ingabo za Israel (IDF) zatangaje ko zifite umugambi wo kugaba ibitero bikomeye no gusenya umujyi wa Gaza ugenzurwa n'abarwanyi bo mu...

Read moreDetails

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y’ingabo avuga n’impamvu

Perezida Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo avuga n'impamvu Perezida wa Leta Zunze ubumwe z'Amerika, Donald Trump yahinduye izina rya minisiteri y'ingabo ayita minisiteri y'intambara, avuga ko isi...

Read moreDetails

Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

by Bahanda Bruce
September 6, 2025
0
Icyemezo gikakaye n’icyo ubutabera bw’i Dubai bwafashe ku mwana w’umukobwa w’imyaka 23

Icyemezo gikakaye n'icyo ubutabera bw'i Dubai bwafashe ku mwana w'umukobwa w'imyaka 23 Umukobwo w'imyaka 23 y'amavuko witwa Mia O'Brien ukomoka mu ntara ya Liverpool mu Bwongereza urukiko rw'i...

Read moreDetails

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango

U Bushinwa bwamuritse intwaro nshya zitari zizwi ko buzigira, bitera isi icyikango Mu karasisi gakomeye aho u Bushinwa bwamuritse intwaro zimwe zitari zizwi hamwe n'abasirikare ibihumbi batambuka badasobanya,...

Read moreDetails

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

by minebwenews
August 31, 2025
0
U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban

U Burusiya bwavuze impamvu bugiye gutera inkunga Aba-Taliban Guverinoma y'u Burusiya yasezeanyije iy'Aba-Taliban kuyitera inkunga kurushaho uko bwahoraga buyibatera. Bisanzwe bizwi ko Leta y'Aba-Taliban ko ari yo iyoboye...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bidasubirwaho ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?