• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, August 4, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home World News

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

minebwenews by minebwenews
May 28, 2024
in World News
0
Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Wazalendo barwanirira leta ya perezida Félix Tshisekedi Tshilombo bishe umunyarwanda bamunyaga nibye.

You might also like

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

Ni ku munsi wo ku Cyumweru tariki ya 26/05/2024, nibwo Wazalendo bishe umunyarwanda bamunyaga n’ihene zirenga 23 bamusanganye aragiye, nk’uko iy’inkuru iva muri ibyo bice ibivuga.

Ay’amakuru yahawe Minembwe Capital News avuga ko ibyo byabereye mu Kibaya cya Rusizi ki gabanya ubutaka bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo n’u Rwanda.

Kandi ko ibyo byabaye mu masaha ya saa kumi z’u mugoroba wo ku Cyumweru. Abaturage baherereye muri ibyo bice bavuga ko uyu munyarwanda wishwe yitwa Joseph Samvura, yari uwo mu murenge wa Busesamana ho muri Rubavu.

Ubuhamya twahawe kuri Minembwe Capital News buvuga ko Wazalendo baje bashaka kwiba ihene, mu gihe bageragezaga kugira ngo bazishorere Joseph Samvura nawe agatabaza bituma bamutera icyuma cy’imbunda ahita apfa barangije baraziba.

Ubuhamya bw’u muturage bugira buti: “Narindimo guhinga hafi naho byabereye mu Kibaya cya Rusizi, Samvura nawe yari aragiye ihene hafi aho numva arimo gutabaza niruka njya kureba ikibaye nsanga Wazalendo babiri bari kwirukankana ihene bazijana muri RDC.”

Yakomeje agira ati: “Haje kuza undi musore aramfasha dushaka Joseph Samvura dusanga ahantu arimo gusambira ba muteye ibyuma bibiri kimwe mu mutwe ikindi munda, turamurengeza tumujana mu kigo nderabuzima cya Busesamana ari naho yaje kurangiriza.”

Iki kibaya gihuza u Rwanda na Congo Kinshasa cyagiye kivogerwa n’ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo ahanini bagishimutiramo abantu, amatungo y’abaturage bitewe n’uko ibi bice bitagaragara neza.

      MCN.
Tags: Banyaga iheneBishe umunyarwandaIkibaye cya RusiziJoseph SamvuraWazalendo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

by Bahanda Bruce
August 4, 2026
0
Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare

Ni Iki Kibera i Yaoundé? Perezida Biya Umaze Igihe Atagaragara, Ariko Ubutegetsi Bwe Bukomeje Gukora Impinduka Zikomeye mu Gisirikare Mu gihe Perezida wa Cameroun Paul Biya akomeje kutagaragara...

Read moreDetails

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

by Bahanda Bruce
August 2, 2026
0
Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv

Bidasanzwe: U Burusiya Bwakajije Ibitero bya Misile za Ballistic kuri Kyiv Intambara hagati y'u Burusiya na Ukraine ikomeje gufata indi ntera, nyuma y'uko mu gitondo cyo ku wa...

Read moreDetails

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

by Bahanda Bruce
August 1, 2026
0
TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura

TENSIYO IKOMEJE KWIYONGERA MU BURASIRAZUBA BWO HAGATI: Amerika na Israel Bivugwaho Imyiteguro ya Gisirikare, Iran na Yo Yongera Ingamba zo Kwihimura MINEMBWE CAPITAL NEWS Umwuka wa politiki n'umutekano...

Read moreDetails

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

by Bahanda Bruce
July 31, 2026
0
Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n’Icyo Bisobanura

Ibyo Utamenye ku Myitwarire ya Netanyahu muri White House Yavugishije Benshi; Dore Impamvu Yateje Impaka n'Icyo Bisobanura MINEMBWE CAPITAL NEWS Imyitwarire ya Minisitiri w'Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu,...

Read moreDetails

Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

by Bahanda Bruce
July 28, 2026
0
Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano

MINEMBWE CAPITAL NEWS (MCN) Impaka Zakomeje Kwiyongera mu Burundi Nyuma y’Amagambo ya Pacifique Nininahazwe ku Ruhare rw’u Burundi muri RDC: Igisirikare Cyamusubije ko Atanga Amakuru Ashobora Guhungabanya Umutekano...

Read moreDetails
Next Post
Bidasubirwaho ihuriro ry’Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Bidasubirwaho ihuriro ry'Ingabo za Guverinoma ya Kinshasa ryishe abaturage kandi riranabasenyera mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kabila Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Mikenke Minembwe Monusco MRDP-TWIRWANEHO Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?