• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70, uzwi kw’izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.

minebwenews by minebwenews
February 6, 2024
in Regional Politics
0
Wazalendo na FDLR, bishe umusaza uri mu kigero cy’imyaka 70, uzwi kw’izina rya Muyehe, azira ubwoko bwe Abatutsi.
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umugabo uri mu kigero cy’imyaka 70 uzwi kw’izina rya Muhaya, yishwe n’ihuriro ry’Ingabo zirwana k’uruhande rwa Guverinoma ya Kinshasa, muri teritware ya Masisi, azira ubwoko bwe Abatutsi.

You might also like

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Ni kugicamunsi cya none ku wa Kabiri, tariki ya 06/02/2024, bya menyekanye ko Muhaya yishwe arashwe n’ihuriro ry’imitwe y’itwaje imbunda ifasha ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo kurwanya M23.

Bikavugwa ko yarashwe na Wazalendo ifatanije na FDLR, nk’uko abakoresha imbuga nkoranya mbaga bo muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, bakomeje ba bitangaza.

Mu makuru yatanzwe na Justin, uherereye i Masisi , ya bwiye Minembwe Capital News ko Muhaya yiciwe ku misozi iherereye muri Localité ya Ngungu, ko kandi aba mwishe bamuhoye kuba ari Umututsi.

Nyuma yaho ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa zitsinzwe mu mirwano yabaye mu Cyumweru gishize, ahagana k’u wa Gatanu, ndetse no mu ntangiriro z’iki Cyumweru turimo, bya tumye ubogome burushaho kwiyongera ni mugihe Wazalendo na FDLR, bashimuse Abatutsi benshi muri Ngungu na Murambi, barimo uwitwa Jean Paul, umwuzukuru wa Nzanira, washimuswe ku Cyumweru ndetse n’abandi bashimuswe nyuma ye.

Ibi bibaye mugihe kuri uyu wa Kabiri, umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka yatangaje ko Perezida Félix Tshisekedi, n’ingabo ze ko bishe Abana n’Abadamu ndetse ngo basambura n’amazu y’abaturage muri Localité ya Mushaki.

Bwana Lawrence Kanyuka, yavuze ko ibyo ihuriro ry’Ingabo z’ubutegetsi bwa Kinshasa ba bikoze ku munsi w’ejo hashize.

Bruce Bahanda.

Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

by minebwenews
August 30, 2025
0
Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n’uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z’u Burundi zica Abanyamulenge.

Perezida wa MRDP-Twirwaneho, Kaniki, yavuze uburyo ari mu bashyinze AFC ndetse n'uburyo bagiye kuvugutira umuti Ingabo z'u Burundi zica Abanyamulenge. Freddy Kaniki Umuyobozi wungirije w'ihuriro rya Allience Fleuve...

Read moreDetails
Next Post
Mu mirwano ikomeye irimo kubera  hafi ya Centre ya Sake, M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye by’ihuriro ry’ingabo za leta ya Kinshasa.

Mu mirwano ikomeye irimo kubera hafi ya Centre ya Sake, M23 yigaruriye ibirindiro bikomeye by'ihuriro ry'ingabo za leta ya Kinshasa.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?