• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, August 18, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in History
0
Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”
112
SHARES
2.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

You might also like

Arsenal yatsinze Manchester United.

Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama.

Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.

Ndabarishye Buseke wamenyekanye cyane cyane ku izina rya “Imbogo-y’ishyamba, yavuze aho ibyo ku mwita iryo zina byavuye, agaragaza ko yigeze kwirukana “impyisi ku mutuno” arayifata.

Bikubiye mu kiganiro Imbogo-y’ishyamba yagiranye na Minembwe Capital News mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025.

Muri iki kiganiro Imbogo-y’ishyamba yavuze ko iri zina kugira ngo aryitwe byavuye ku gikorwa yakoze gitangaje, ngo kuko yirukanye inyamanswa n’amaguru yo mu bwoko bw’ihongo arayifata, kandi nta mbwa afite.

Ubuhamya yaduhaye bugira buti: “Iri zina rifite amateka. Mu Mibunda ahantu hitwa mu Gipombo ni geze kwirukana ihongo ndayifata. Ibi nabikoze n’iruka n’ibirenge byanjye nta mbwa mfite.”

Nk’uko yabisobanuye yavuze ko ibyo byabaye mu myaka icumi ishize, mbere yuko yerekeza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho atuye kuri uyu munsi.

Imbogo-y’ishyamba kandi, yavuze ko ahitwa mu Gikozi ku Ndondo ya Bijombo, yigeze gufata n’amaboko Mai Mai, hari nyuma y’uko zari zabagabyeho igitero ari kumwe nabaganzi be barimo n’uwitwa Murama w’Abega, ndetse asobanura ko baje guhashya izo nyeshyamba zari zabagabyeho icyo gitero zigahungira mu ishyamba.

Ati: “Mu Gikozi, nafashe Mai Mai n’amaboko, abandi turabarasa bakwira imishwaro.”

Nubwo Imbogo-y’ishyamba atemeye ko yabayeho umusirikare, ariko yavuze ko yarwanye intambara nyinshi zagiye zibera i Ndondo ya Bijombo, Mibunda n’ahandi.

Uyu mugabo ni uwo mu bwoko bw’Abanyamulenge, akaba avuka mu muryango w’Abahinda bazwi cyane kw’i Tara mu Mibunda nubwo no ku wa Masata bahabaye.

Imbogo-y’ishyamba ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 40 na 45 y’amavuko.

Kubera ayo mateka byatumye uyu mugabo kuri none usigaye yituriye mu Amerika bamwita Imbogo-y’ishyamba.

Tags: GikoziImbogo-y'ishyambaMaï MaïMibunda
Share45Tweet28Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Arsenal yatsinze Manchester United.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Arsenal yatsinze Manchester United.

Arsenal yatsinze Manchester United Arsenal yatsinze Manchester United 1-0 mu mukino w’ifatizo wa weekend ku Cyumweru taliki ya 17 Kanama 2025, na Riccardo Calafiori atsinda igitego mu munota...

Read moreDetails

Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama.

Abanyekongo Batashye Bifashe Kumatama. Mu gikombe cya Afurika cy’abakinnyi bakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024), Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (DR Congo) yasezerewe nyuma yo gutsindwa na...

Read moreDetails

Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.

by Bruce Bahanda
August 17, 2025
0
Icyo wa menya ku gitabo cy’amateka y’Abanyamulenge cyanditswe na George.

Icyo wa menya ku gitabo cy'amateka y'Abanyamulenge cyanditswe na George. Ruberwa George yanditse igitabo yise amateka y'Abanyamulenge, kikaba gikubiyemo ibyo bahuye nabyo guhera mu mwaka wa 1576 kugeza...

Read moreDetails

DR Congo yatsinze Angola 2-0 mu mukino w’ingenzi wa CHAN 2025.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
DR Congo yatsinze Angola 2-0 mu mukino w’ingenzi wa CHAN 2025.

DR Congo yatsinze Angola 2-0 mu mukino w’ingenzi wa CHAN 2025. Ku itariki ya 14 zuku kwezi 2025, DR Congo yatsinze Angola ibitego 2-0 mu mukino wa Group...

Read moreDetails

Chelsea Yibutse Diogo Jota na Andre Silva mu Gikorwa cy’Agaciro.

by Bruce Bahanda
August 14, 2025
0
Chelsea Yibutse Diogo Jota na Andre Silva mu Gikorwa cy’Agaciro.

Chelsea Yibutse Diogo Jota na Andre Silva mu Gikorwa cy’Agaciro. Mu gikorwa cyakoze ku mitima ya benshi, ikipe ya Chelsea yafashe icyemezo cyo guha umuryango wa Diogo Jota...

Read moreDetails
Next Post
Abasirikare b’u Burundi bongeye guhemukira Abanyamulenge bari baherekeje.

Ingabo z'u Burundi zari mu Bibogobogo zahambiriye.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?