Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home History

Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
June 24, 2025
in History
0
Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”
72
SHARES
1.8k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Yatubwiye impamvu ba mwise “Imbogo-y’ishyamba.”

You might also like

Amateka: Col. Paul uheruka gufata imbunda iri muzikaze ni mu ntu ki?

Bujumbura: Kuri stade intwari habereye impanuka.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari abantu badashobora kwandura virusi itera sida.

Ndabarishye Buseke wamenyekanye cyane cyane ku izina rya “Imbogo-y’ishyamba, yavuze aho ibyo ku mwita iryo zina byavuye, agaragaza ko yigeze kwirukana “impyisi ku mutuno” arayifata.

Bikubiye mu kiganiro Imbogo-y’ishyamba yagiranye na Minembwe Capital News mu ijoro ryo ku wa kabiri rishyira kuri uyu wa gatatu tariki ya 25/06/2025.

Muri iki kiganiro Imbogo-y’ishyamba yavuze ko iri zina kugira ngo aryitwe byavuye ku gikorwa yakoze gitangaje, ngo kuko yirukanye inyamanswa n’amaguru yo mu bwoko bw’ihongo arayifata, kandi nta mbwa afite.

Ubuhamya yaduhaye bugira buti: “Iri zina rifite amateka. Mu Mibunda ahantu hitwa mu Gipombo ni geze kwirukana ihongo ndayifata. Ibi nabikoze n’iruka n’ibirenge byanjye nta mbwa mfite.”

Nk’uko yabisobanuye yavuze ko ibyo byabaye mu myaka icumi ishize, mbere yuko yerekeza muri Leta Zunze ubumwe z’Amerika, aho atuye kuri uyu munsi.

Imbogo-y’ishyamba kandi, yavuze ko ahitwa mu Gikozi ku Ndondo ya Bijombo, yigeze gufata n’amaboko Mai Mai, hari nyuma y’uko zari zabagabyeho igitero ari kumwe nabaganzi be barimo n’uwitwa Murama w’Abega, ndetse asobanura ko baje guhashya izo nyeshyamba zari zabagabyeho icyo gitero zigahungira mu ishyamba.

Ati: “Mu Gikozi, nafashe Mai Mai n’amaboko, abandi turabarasa bakwira imishwaro.”

Nubwo Imbogo-y’ishyamba atemeye ko yabayeho umusirikare, ariko yavuze ko yarwanye intambara nyinshi zagiye zibera i Ndondo ya Bijombo, Mibunda n’ahandi.

Uyu mugabo ni uwo mu bwoko bw’Abanyamulenge, akaba avuka mu muryango w’Abahinda bazwi cyane kw’i Tara mu Mibunda nubwo no ku wa Masata bahabaye.

Imbogo-y’ishyamba ni umugabo uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 40 na 45 y’amavuko.

Kubera ayo mateka byatumye uyu mugabo kuri none usigaye yituriye mu Amerika bamwita Imbogo-y’ishyamba.

Tags: GikoziImbogo-y'ishyambaMaï MaïMibunda
Share29Tweet18Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Amateka: Col. Paul uheruka gufata imbunda iri muzikaze ni mu ntu ki?

by Bruce Bahanda
June 16, 2025
0
I Mulenge: Herekanwe imbunda iheruka gufatwa ibabaza Wazalendo.

Amateka: Col. Paul uheruka gufata imbunda iri muzikaze ni mu ntu ki? Colonel Paul uzwi cyane mu misozi miremire y'i Mulenge ku izina rya Cobra ni umwe mu...

Read moreDetails

Bujumbura: Kuri stade intwari habereye impanuka.

by Bruce Bahanda
June 13, 2025
0
Bujumbura: Kuri stade intwari habereye impanuka.

Bujumbura: Kuri stade intwari habereye impanuka. Kuri stade intwari iherereye i Bujumbura ku murwa mukuru w'ubukungu w'i gihugu cy'u Burundi, ahakomeje gukorwa ibikorwa byo kuyivugurura, habereye impanuka idasanzwe,...

Read moreDetails

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari abantu badashobora kwandura virusi itera sida.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari abantu badashobora kwandura virusi itera sida.

Ubushakashatsi bwagaragaje ko hari abantu badashobora kwandura virusi itera sida. Mu gihe isi yose imaze imyaka isaga 40 ihanganye n'icyorezo cya sida, hari abantu bake cyane bafite ubushobozi...

Read moreDetails

YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo.

YouTube Chanel nshya ya CNTR, amakuru kuriyo. Felix Ntezeyombi wafunguye YouTube Chanel nshya iyo yahaye izina rya CNTR (Congo nshya Tv and radio), ni Umunyamulenge washatse kugira umusanzu...

Read moreDetails

Kabila yababajwe n’urupfu rwa Gen.Sikatende agira n’icyo aruvugaho.

by Bruce Bahanda
June 6, 2025
0
Umuryango wa Gen.Sikatende watanze umucyo kurupfu rwe.

Kabila yababajwe n'urupfu rwa Gen.Sikatende agira n'icyo aruvugaho. Joseph Kabila Kabange wabaye umukuru w'igihugu cya Repubulika ya demokarasi ya Congo, yashenguwe n'urupfu rwa general Sikatende uheruka gupfira muri...

Read moreDetails

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?