Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Umuvugizi wa Kinshasa, Patrick Muyaya, yasabye uruby’iruko rw’Abanyekongo kw’iyunga na Wazalendo ngo kuko bari gukora ibyiza.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
October 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umuvugizi w’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, akaba na Minisitiri w’itumanaho, yashimye imitwe yitwaje imbunda igize ihuriro rya Wazalendo, asaba n’urundi rubyiruko kubaba hafi maze bakiyunga na Wazalendo.

You might also like

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Mu kiganiro n’abanyamakuru kuriki Cyumweru tariki 8/10/2023, Muyaya yavuze ko Wazalendo ikomeje kurinda ubusugire bw’igihugu ngo Kandi ika rwanya umutwe witwaje intwaro wa M23, bityo ko idakwiye kwitwa ihuriro ry’imitwe y’abagizi ba nabi.

Yagize ati: “Mu gihe abavandimwe bacu barinda ubutaka bwacu, ntabwo wabita imitwe y’abagizi ba nabi. Ni ngombwa kumenya ko ibice bakoreramo operasiyo byafashwe. Bigendanye n’umurongo watangiwe i Luanda mukwezi kwa cumi nakumwe (11) 2022, guverinoma iracyubahiriza ihagarikwa ry’imirwano.”

Muyaya yakomeje ahamagarira abandi kwiyunga kuri Wazalendo, ati: “Leta ya Congo iri gukurikiranira hafi ibiri kuba. Hashizweho uburyo bwo kugenzura abantu bifuza kujya mu nkeragutabara z’igisirikare.”

Uruhande rwa M23 ruravuga ko ruhanganye n’ingabo za RDC zifatanyije na Wazalendo, FDLR n’abacancuro, n’ubwo Muyaya we avuga ko nta ruhare Leta ifite muri iyi mirwano yatangiranye n’uku kwezi kwa Cyumi.

Muyaya asingije Wazalendo mu gihe abarwanyi b’iri huriro bavugwaho kwitwara nabi ku rugamba, nk’aho baherutse gutwika amazu menshi ku musozi wa Nturo muri Kilolirwe bavuga ko yari acumbitsemo abarwanyi ba M23, ariko ku rundi ruhande bikavugwa ko yari ay’abaturage b’Abatutsi.

By Bruce Bahanda.

Tariki 09/10/2023.

Tags: Umuvugizi wa Kinshasa Patrick Muyaya yasabye uruby'iruko gushigikira Wazalendo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
1
Amakuru avugwa ku bitero FARDC iri gutegura kugaba i Mulenge.

Uwari uhetse kwica abatabazi bari i Mulenge yatawe muri yombi. Hafashwe umukobwa wari ufite misiyo yo kwica abayobozi bo muri Twirwaneho mu misozi miremire y'i Mulenge muri Kivu...

Read moreDetails

Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

by Bruce Bahanda
April 28, 2025
0
Iby’impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi.

Iby'impinduka zigiye kuba ku rubuga rwa Whatsapp rusanzwe rukoreshwa na benshi. Urubuga rwa Whatsapp rwamamaye ku isi cyane, ahanini mu gufasha abantu kuganira, rugiye gushyiraho uburyo bwo kurinda...

Read moreDetails

Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

by Bruce Bahanda
April 12, 2025
0
Banyamulenge Unite in Mbarara to Honor Mulenge Hero Rukunda Makanika

Banyamulenge living in Mbarara, Uganda, are honoring the hero of Mulenge, General Rukunda Michel, widely known as Makanika. In this regard, they are organizing a football match, and...

Read moreDetails

The Kinshasa Government has once again shown AFC/M23 severe Obstacles in Negotiations

by Bruce Bahanda
April 11, 2025
0

The government of the Democratic Republic of the Congo has requested the authorities in Doha, Qatar, to ask AFC/M23 to withdraw its fighters from all areas it has...

Read moreDetails

What you should know about what is being said in Kisangani.

by minebwenews
April 2, 2025
0
What you should know about what is being said in Kisangani.

The city of Kisangani in the province of Tshopo, which is the third largest in Congo after Kinshasa, the capital city of DRC Congo, and Lubumbashi in the...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za FARDC n'abambari babo biyambaje ibi bunda bikomeye kugira ngo barwanye M23 muri Tongo n'ahandi.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?