• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, June 10, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Uncategorized

Ingabo za FARDC n’abambari babo biyambaje ibi bunda bikomeye kugira ngo barwanye M23 muri Tongo n’ahandi.

minebwenews by minebwenews
October 9, 2023
in Uncategorized
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Intambara ikomeye yavuzwemo ibibunda byarutura n’iyo iramukiye M’uburasirazuba bwa Republika ya Demokarasi ya Congo, n’amakuru yemezwa n’abayobozi b’umutwe wa M23 aho bavuzeko kuri uyu wa Mbere uyu mutwe wagabweho ibitero bikomeye ba bigabweho n’Ingabo za Congo n’abo bakorana, barimo imitwe yitwaje imbunda n’abacancuro ndetse n’imbonerakure zo mugihugu c’u Burundi zaje ziva muri Kivu yamajy’Epfo aho bari bamaze igihe kingana n’umwaka ndetse ko nizi Ngabo z’u Burundi ziri mubutumwa bw’amahoro muburyo bwa EAC ko nabo bakomeje gufasha FARDC.

You might also like

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, yemeje ko imirwano ihuza impande zombi iri kubera muri Groupement ya Tongo, muri teritwari ya Rutshuru, nyuma y’uko uruhande rw’Ingabo za Leta ya Congo rutangiye kurasa za bombe mu duce turimo ingabo za M23 n’udutuwe n’abaturage.

Yagize ati: “Izi Ngabo za Kinshasa muri gahunda yayo yo gutuma abasivile benshi binjira mubihe bibi no guharanira ko habaho ubwicanyi, FARDC n’abafatanyabikorwa bayo bakomeje gukaza umurego barasa ibisasu bidasobanutse ku mazu y’abasivili mu mujyi wa Tongo guhera saa kumi n’imwe za mugitondo muri iki gitondo gusa M23 irimo kurwana no gucecekesha izo Mbunda.”

Major Willy Ngoma uvugira uyu mutwe mu bya gisirikare ndetse na Lawrence Kanyuka uwuvugira mu bya Politiki bose bemeje aya makuru y’iyi mirwano.

Kuva ku wa Gatatu w’i Cyumweru gishize nta gahenge impande zombi ziratanga.

Kuri iki Cyumweru imirwano ikomeye yumvikanye mu duce dutandukanye twa za Teritwari zirimo Rutshuru, Masisi na Nyiragongo.

Hari amakuru avuga ko hari tumwe mu duce Ingabo za RDC zafashe, gusa Kanyuka avuga ko “bitandukanye n’ibivugwa ku mbuga nkoranyambaga, M23 iracyagenzura ibirindiro byayo byose.”

Agace bivugwa ko kabereyemo imirwano ikaze harimo umujyi wa Kitshanga M23 yambuye FARDC Ku wa Gatanu w’i Cyumweru gishize.

Kuriki Cyumweru Igisirikare cya Congo gifatanyije n’imitwe nka FDLR, Nyatura, Wazalendo n’abacancuro bagabye ibitero bigamije kwisubiza uyu mujyi wa Kitchanga uherereye muri Teritwari ya Masisi, gusa kugeza kuri uyu wa Mbere uyu mujyi wari ukigenzurwa na M23 ariko amakuru yatanzwe na Wazalendo isaha za saa tatu(9:30Am) ziki Gitondo bavuze ko bamaze kwinjira uyu Mujyi wa Kitchanga aho banavuze ko bawunjiyemo banyuze ku Marango ya Mubugu ko kandi bawugezemo ntasasu ruvuze.

By Bruce Bahanda.

Tariki 09/10/2023.

Tags: Hiyanbajwe ibi Bunda bikomeye kugira barwanye M23Muri Tongo n'ahandi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

by Bahanda Bruce
June 9, 2026
0
BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki

BREAKING NEWS: Kenya Mu Mvururu Nyuma y’Amasezerano ya Ebola na Amerika – Polisi Yifashishije Tear Gas, Ubucuruzi Burahagarara i Nanyuki Umwuka wa politiki n’imibereho rusange urakomeje kuba mubi...

Read moreDetails

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

by Bahanda Bruce
June 8, 2026
0
MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye

MRDP-Twirwaneho Yisubije Mikenke Nyuma y’Imirwano Ikomeye; Abaturage ba Minembwe Bagaragaza Ibyishimo Bikomeye Umutwe wa MRDP-Twirwaneho watangaje ko wongeye gufata ikigo cya Mikenke giherereye muri Teritwari ya Mwenga, mu...

Read moreDetails

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
I La Haye Hapfiriye Kabuga: Umwe mu Bantu Bashakishijwe Kurusha Abandi ku Isi

Kabuga meurt à La Haye : l’un des hommes les plus recherchés au monde s’éteint à 90 ans Félicien Kabuga, l’un des hommes d’affaires rwandais les plus influents...

Read moreDetails

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

by Bahanda Bruce
May 16, 2026
0
Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi

Ihuriro Rikomeye ry’Abatavuga Rumwe n’Ubutegetsi muri RDC Ryatangaje Gutangiza Urubuga rwo Kurengera Itegeko Nshinga; Igitutu Cyiyongera kuri Félix Tshisekedi Mu gihe Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ikomeje kwinjira...

Read moreDetails

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho

by Bahanda Bruce
May 9, 2026
0
Masisi : Les FARDC Bombardent des Zones Habitées par des Civils, Faisant Plusieurs Victimes

RDC: Leta Zunze Ubumwe za Amerika Zamaganye Ibitero bya Drone bya FARDC i Mushaki n’Ubwicanyi Bukomeje Gukorerwa Abaturage i Uvira no Mu Nkengero Zaho Leta Zunze Ubumwe za...

Read moreDetails
Next Post

Mugihe muri Tongo intambara ikomeje kubica bigacika abaturage bo mugace ka Katwiguru baboneyeho umwanya wokwica i Nzovu.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Not enough quota to unlock this post
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?