• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Wazalendo ngo b’injiye mu bujura bwo k’urwego rwohejuru nimugihe bamaze gushamirana n’abaturage i Karisimbi.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umutekano mu Burasirazubwa bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, ukomeje kuzamo umwuka mubi nimugihe muri Komine ya Karisimbi imwe mu ma Komine agize u Mujyi wa Goma, hari ugushamirana hagati y’abaturage n’Abajura bo mw’itsinda rya Wazalendo bakorana n’ingabo za FARDC.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Byavuzwe ko bariya Wazalendo kuri ubu bari gukora Ubujura bwo k’urwego rwohejuru nimugihe biba mu mazu babanjye gusenya. Ibi babikora igihe c’amasaha y’ijoro gusa.

Iy’inkuru inemezwa n’Umuyobozi w’urubyiruko rwo muri Komine ya Karisimbi. Uriya muyobozi yemejeko uko gusenya amazu bashaka kw’iba kobimaze kugaragara kumazu agera kuri 376. Buriya bujura bukorwa na Wazalendo, bikavugwa ko babukora bitwaje imbunda n’ibikoresho byagakondo. Gusa ahamya kwibi byongeye gufata Indi ntera mu byumweru bibiri bishize.

Bwana Claude Rugo umuyobozi w’urubyiruko rw’Abanyekongo, baturiye Komine ya Karisimbi yagize ati: “Ayomabandi burigihe aza yitwaje imbunda kandi baza bambaye n’imyenda y’i gisirikare cya FARDC.”

Yongeye ati: “Si Ubujura bakora gusa ahubwo banica n’Abantu.”

Uruby’iruko rwomuri Komine ya Karisimbi, mu Mujyi wa Goma, bakaba bahamagariye leta ya Kinshasa ko badakwiye guceceka kwahubwo bagomba kubaba hafi.

Ikindi n’uko ruriya r’ubyiruko rwanenze guceceka kwabashinzwe u mutekano w’abaturage mugihe abo baturage bafite ikibazo cy’abajura bo mw’itsinda rya Wazalendo.

Bruce Bahanda.

Tags: I KarisimbiWazalendo bashamiranye n'abaturage bapfa Ubujura
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

I Kindu abavoka (Avocats), bishize hamwe maze bazenguruka i Mihanda basaba kohoba ubutabera k'umutu wo mw'ishyaka rya Katumbi Moïse, w'ishwe k'uwa Kabiri.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?