• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U mudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire ya .perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

minebwenews by minebwenews
November 29, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umwe mu badepite bo munteko ishinga amategeko muri Repubulika ya demokarasi ya Congo, Claude Rubaya, yanenze yivuye inyuma kandida nimero 20, perezida Félix Antoine Tshisekedi, kumyitwarire akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Nk’uko yabivuze yagaragaje ko perezida Félix Tshisekedi ashaka kwerekana ko ubushamirane burihagati y’u Rwanda na Congo butazashira n’imugihe uriya mukuru wigihugu Tshisekedi akomeje kubwira abanyekongo ko leta ya Kigali yateye igihugu cyabo mu Burasirazuba bwa Repubulika ya demokarasi ya Congo.

Félix Tshisekedi, ubwo yiyamamarizaga i Bandaka yabwiye abanyekongo ko hari Abakandida ba banyamahanga ko kandi bariya ba kandida impamvu batamagana u Rwanda ngo biva kukuba bariya ba kandida baratumwe na leta ya Kigali.

Uy’u Mukuru wigihugu rero agasaba abanyekongo ko mugihe bamutoreye Manda yakabiri kwazakora ibishoboka byose agatsinda intambara u Rwanda rwashoye kuri Congo.

Uriya mudepite wanenze perezida Félix Tshisekedi, kuri uyu wa Gatatu, tariki 29/11/2023, yasohoye impapuro ziriho ubutumwa bugira buti:

“Tshisekedi yagize ikibazo cy’u Rwanda na Congo nkicye bwite ariko sibyo. Kwifashisha urwango ruri hagati ya Congo n’u Rwanda munyungu zo kugira ngo bazamutore harimo uguhubuka gukomeye.”

Yakomereje agira ati: “Gufata ikibazo nkaho kitazakemuka nabwo ni ukwihenda. Tshisekedi yibagiwe ko yabayeho inshuti yahafi na perezida Kagame nyuma biza kurangira. Ntakintu gihoraho rero nurwango ruri hagati y’u Rwanda na Congo ruzagira iherezo.”

Uy’u mudepite Rubaya Claude, yanatanze i Nama avuga ko ikibazo cy’u Rwanda na RDC kizakemuka ngo mugihe ibihugu byagize uruhare.

Ati: “Iki n’ikibazo cy’ibihugu rero no kugira ngo gikemuke n’imugihe ibindi Bihugu byabahuje. Mugihe habonetse abahuza beza bazahagarara hagati bahuze ibi Bihugu byombi.”

Kw’iyamamaza muri RDC byatangiye kuri tariki ya 19/11/2023. Tshisekedi akaba amaze kw’iyamamariza mubice byinshi bigize i Ntara za Congo Kinshasa.

Bruce Bahanda.

Tags: Umudepite i Kinshasa yanenze imyitwarire perezida Félix Tshisekedi akomeje kugaragaza muri ibi bihe byokwiyamamaza
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Bidasanzwe Moïse Katumbi, yakiriwe n'abaturage hafi y'abantu bose baturiye i Kalemie, maze bamwita "Baba wa Taifa, Mkombizi wetu."

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?