Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

Papa Francisco, umushumba Mukuru w’idini Katolika, ararembye nimugihe byavuzwe ko arwaye indwara ikomeye…

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
November 30, 2023
in Religion
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

U mushumba Mukuru w’idini Eklezia Katolika, k’urwego rw’isi, Papa Francisco, byavuzwe ko arwaye indwara ya Bronchite ikaze.

You might also like

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kuri uy’u wa Gatandatu, tariki ya 25/11/2023, uriya Mushumba Mukuru w’idini Eklezia Katolika n’ibwo yanyuze mu gipimo nk’uko bitangazwa n’ikinyamakuru ca Ijwi ry’Amerika aho banerekanye ko yapimiwe mu bitaro bya Eklezia Katolika byitwa Gemelli, biherereye i Roma mu Butaliyani.

Iy’inkuru ikomeza ivuga ko Papa Francisco ya pimwe basanga i bihaha bye byarangiritse arinabyo ngo bituma atagihumeka neza .

Ikindi n’uko buriya burwayi buri mu byatumye Papa Francisco asubika urugenzi yari kugirira i Dubai, kuri uyu wa Kane, tariki 30/11/2023, ahari kubera i Nama y’Abakuru bi bihugu yiga k’u mihindukirire y’ikirere.

Nyuma y’uko asubitse urugendo, Papa Francisco yahaye ikiganiro Abanyamakuru abatangariza ko “Abaganga bamusanganye Bronchite ikomeye kandi yandura cyane.”

Papa yarakomeje ati: “N’ubwo ndwaye ariko nk’uko mu bibona ndacyariho.”

Muri riya Nama iri i Dubai byavuzwe ko Papa Francisco, azaserukirwa na Minisitiri we w’intebe Pietro Parolin.

Gusa n’ubwo Papa Francisco Abaganga ba musanganye Bronchite ariko mu busanzwe ubuzima bwe bwari bugaramiwe nimugihe yaragize igihe bavuga ko yarwaye ivi no mu rukenyerero ndetse ko n’urura rwe rwarehutse cyane ko runabyimbye.

Muri uku kwezi kwa 12/2023, papa Francisco aruzaza Imyaka 87 y’amavuko.

Bruce Bahanda.

Tags: Ararembye nimugihe byavuzwe ko arwaye indwara ikomeyeEklezia KatolikaIromaPapa Francisco
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

by Bruce Bahanda
June 3, 2025
0
Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa?

Na we wemera ko ibi byaje mu nsengero zari zikwiye gusengerwamo Imana gusa? Kuri ubu benshi bibaza kuri iki kibazo, aho kuri ubu aho kugira ngo insengero zibe...

Read moreDetails

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe.

by Bruce Bahanda
June 2, 2025
0
Kera kabaye, i Kinshasa bafunze abasirikare bayo ba ba-jenerali benshi.

Uvira ngo bazakubitwa nabi bahunge, umuhanuzi ibyo yeretswe. Umwe mu bahanuzi baherereye muri teritware ya Walungu muri Kivu y'Amajyepfo, yavuze ko ingabo za Congo n'iz'u Burundi zizakubitwa nabi...

Read moreDetails

Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

by Bruce Bahanda
June 1, 2025
0
Ibyo wa menya kuri Kofi ukoze amateka mu gucuranga injyana y’igisirimba.

Kofi akoze amateka mu gucuranga injyana y'igisirimba. Kofi uwo bamwe bakunze kwita Joshua, umucuranzi uri mubakunzwe cyane muri iki gihe mu matorero y'Abanyamulenge yo muri Uganda no ku...

Read moreDetails

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

by Bruce Bahanda
May 29, 2025
0
Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo.

Babwiwe ibibateye ubwoba ku Ndondo ya Bijombo. Umwe mu bahanuzi bakomeye ku Ndondo ya Bijombo muri Kivu y'Amajyepfo, yabwiye Abanye-Ndondo ubuhanuzi budasanzwe bubateye ubwoba. Mu cyumweru gishize ni...

Read moreDetails

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

by Bruce Bahanda
May 25, 2025
0
Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika.

Icyo Umushumba yavuze kuri Pentecost iyo abakristo bizihiza nyuma ya Pasika. Umushumba w'itorero rya All National Assembly of God, Reverend Misigaro Bizimana, yavuze ko igiterane cya Pentecost icyo...

Read moreDetails
Next Post

Ubumwe bw'Afrika na L'ONI, i New York, bagarutse ku kibazo cya RDC n'u Rwanda ndetse n'u Burasirazuba bwa RDC.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?