• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Monday, April 20, 2026
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Religion

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

Bahanda Bruce by Bahanda Bruce
October 6, 2025
in Religion
0
CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye
110
SHARES
2.7k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

CEPAC na CADEC nyuma y’igihe kirere bapingana, bahuye basabana imbabazi, inkuru irambuye

You might also like

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Itorero rya 8ème CEPAC n’irya 37ème CADEC, amakanisa akorera mu misozi miremire y’i Mulenge ataracanaga uwaka kuva kera; abayobozi bayo bahuye bakora
ibiganiro, babisabanamo n’imbabazi, ubundi kandi baranababarirana.

Ibiganiro byo gusabana imbazi hagati yaya matorero yombi, byabaye ku cyumweru tariki ya 05/10/2025, bibera mu Minembwe ahazwi nk’umurwa mukuru w’i Mulenge mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo.

Impande zombi amakuru akagaragaza ko zabifashijwemo n’ubuyobozi bw’umutwe wa Twirwaneho n’uwa M23.

Nk’uko aya makuru akomeza abivuga ku ruhande rwa Twirwaneho hari umugaba mukuru w’Ingabo z’uyu mutwe wa Twirwaneho Brigadier General Charles Sematama, mu gihe umutwe wa M23 wo harimo Colonel Oscar Ndabagaza n’abandi.

Naho abari bahagarariye 8ème CEPAC barimo abapasitori batandukanye ndetse n’aba Reverend, kimwe kandi n’abaje bahagarariye 37ème CADEC.

Mu mashusho abyerekana, agaragaza abayobozi baya matorero bahagaze hamwe nk’ikimenyetso cy’ubufatanye, ndetse kandi barimo no gusangira, nk’igihamya cyo kuba umwe, nk’uko Yesu ari umwe n’Imana.

Mu mwaka wa 1980, ni bwo aya matorero yatandukanye, ni nyuma y’aho abenshi bari baturiye iyi misozi y’i Mulenge banenze imiyoborere ya CEPAC ikanisa rimwe Abanyamulenge bari bafite icyo gihe, bazana CADEC.

Ubwo bimukaga baja muri iri rya CADEC, muburyo bunyuranyije n’amategeko batwaye bimwe mu bikoresho bya CEPAC, iryo bahozemo kuva Abanyamulenge bakira agakiza, ibyanatumye abagiye muri CADEC batengwa( barahagarikwa).

Bivugwa ko bimwe mu bikoresho batwawe, birimo ibikoresho bikoreshwa mu kwegera “uruhimbi rw’Umwami Yesu,” ndetse kandi bimukana n’indi mitungo y’itorero itandukanye yarimo n’amapfizi, n’ibindi.

Ibi byaje gutuma habaho umuzi mubi hagati y’abasigaye n’abagiye, kuko hari n’ubwo abasigaye bakundaga gukoresha amagambo asezereza, bakayabwira abagiye, aho bagiraga bati: “CADEC ntibazaja mu ijuru.”

Ubundi kandi bakavuga bati: “Nkure nanjye mbonwe.” Bishatse kuvuga ko bishakiye ibyubahiro, mu gihe abakristu basanganwe imyizerere ivuga ko “Imana n’iyo ikura kucyavu, ikicyazanya n’ibikomangama.”

Nyamara nubwo hari uko kutumvikana, ariko Abahanuzi bakomezaga guhanura, bakavuga ko Imana ishakako aya matorero yombi asabana imbazi, kandi akagendererana.

Hari n’ubwo aba bahanuzi bavuga ko Imana yababwiye ko nibatagira ubumwe ngo bagendererane, hazaduka intambara igasenya n’igihugu cyabo.

Bimwe muri ibyo babwirwaga, byarabaye, bifatwa nk’inkoni bakubiswe.

Umwe mu bakozi b’Imana uri ruguru, wanabonye aho iki gikorwa cyo guhuza aya matorero cyabaye, yabwiye Minembwe Capital News ko “Imana yakoze umurimo ukomeye, CEPAC na CADEC birahura.”

Yavuze kandi ko guhura kwa CEPAC na CADEC babirangijemo amahoro adasanzwe mu gihugu cyabo.
Yasoje avuga ko ibyabaye biri mubyo Imana yari yarabwiye kuva kera.

Tags: CADECCEPACImbabaziTwirwaneho
Share44Tweet28Send
Bahanda Bruce

Bahanda Bruce

Recommended For You

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

by Bahanda Bruce
April 11, 2026
0
RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu

RDC: Perezida Tshisekedi Yatangije Umushinga Ukomeye wo Guhindura Nkamba Umujyi Mutagatifu Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yategetse Guverinoma gutangira bidatinze inzira zose zigamije kwemeza...

Read moreDetails

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

by Bahanda Bruce
April 4, 2026
0
UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu

UBUZIMA BWA YESU KRISTO: Inkuru y’Urukundo, Igitambo n’Agakiza kuva ku Ivuka kugeza ku Rupfu Ku munsi nk’uyu w’icyubahiro wa Pasika, abakirisitu hirya no hino ku isi bibuka urupfu...

Read moreDetails

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

by Bahanda Bruce
March 30, 2026
0
Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika

Papa Léon XIV Yaburiye Abashoza Intambara ku Isi Kuzihagarika Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Léon XIV, yongeye gutanga ubutumwa bukomeye bushinja abashoza intambara, agaragaza ko ibikorwa...

Read moreDetails

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

by Bahanda Bruce
March 22, 2026
0
MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi

MOSE: Umugaragu w’Imana Wahinduye Amateka y’Abisirayeli n’Isi Amazina ye abiri n’icyo asobanuraMose azwi cyane ku izina rya Mose (rikomoka ku rurimi rw’Igiheburayo Mosheh), risobanurwa nk’“uwakuwe mu mazi.” Iri...

Read moreDetails

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

by Bahanda Bruce
March 21, 2026
0
Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana

Yoshuwa: Intwari y’Ukuri Yayoboye Abisirayeli mu Ntsinzi n’Isezerano ry’Imana Yoshuwa, mwene Nuni, ni umwe mu bayobozi b’indashyikirwa bagaragaye mu mateka y’Abisirayeli. Azwi cyane nk’uwasimbuye Mose, akayobora ubwoko bw’Imana...

Read moreDetails
Next Post
Because Wazalendo rejected Gen. Gasita and the government did nothing about it, some FARDC soldiers have deserted.

Kivu y'Epfo: Imirwano yakomeje gukaza umurego hagati ya AFC/M23/MRDP n'Ingabo za RDC

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage AFC/m23 America Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Drone Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kagame Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Ndayishimiye Rdc Rwanda SADC Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

Manage Cookie Consent
To provide the best experiences, we use technologies like cookies to store and/or access device information. Consenting to these technologies will allow us to process data such as browsing behavior or unique IDs on this site. Not consenting or withdrawing consent, may adversely affect certain features and functions.
Functional Always active
The technical storage or access is strictly necessary for the legitimate purpose of enabling the use of a specific service explicitly requested by the subscriber or user, or for the sole purpose of carrying out the transmission of a communication over an electronic communications network.
Preferences
The technical storage or access is necessary for the legitimate purpose of storing preferences that are not requested by the subscriber or user.
Statistics
The technical storage or access that is used exclusively for statistical purposes. The technical storage or access that is used exclusively for anonymous statistical purposes. Without a subpoena, voluntary compliance on the part of your Internet Service Provider, or additional records from a third party, information stored or retrieved for this purpose alone cannot usually be used to identify you.
Marketing
The technical storage or access is required to create user profiles to send advertising, or to track the user on a website or across several websites for similar marketing purposes.
  • Manage options
  • Manage services
  • Manage {vendor_count} vendors
  • Read more about these purposes
View preferences
  • {title}
  • {title}
  • {title}
No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?