Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusirikare Mukuru w’ingabo za Uganda ziri mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokorasi ya Congo, yinubiye Imihanda yomuri icyo gihugu.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 1, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Komanda w’ingabo za Uganda ziri muri Ituri mu gihugu ca RDC Major Gen Dick Olum, yinubiye Imihanda yomuri Republika ya Demokarasi ya Congo, avuga ko iriya Mihanda ibabera imbogamizi zogukora akazi ko kurwanya Inyeshamba zo mu mutwe w’iterabwoba wa ADF.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Nk’uko uriya musirikare mukuru w’ingabo za Uganda yabitangaje avuga ko iriya Mihanda ituma ibikoresho by’agisirikare bitinda kubageraho kugira barase ziriya Nyeshamba za ADF.

Yagize ati: “Imbogamizi turi guhura nayo ni Mihanda imeze nabi. Ibikoresho bitinda kugera aho bigenewe kandi iyi mbogamizi ihavuye twaba dutsinze Urugamba rumwe.”

Uriya musirikare mukuru Major Gen Olum, yanabajije niba leta ya Kinshasa yoba ifite Gahunda yogukora iriya Mihanda? Gusa avugako we atabifiteho amakuru ahagije ariko yemeza ko ubuyobozi bukuru bw’igisirikare cya Uganda buzi kiriya kibazo.

Kimwe mu binyamakuru bya Uganda cya Daily Monitor, cyagaragaje amashusho y’u buryo imodoka zikora Impanuka zahato nahato mu Burasirazuba bwa RDC ngo bivuye kubyondo biba byuzuye i Mihanda muri biriya bice.

Amakuru kiriya Kinyamakuru cya Daily Monitor cyatangaje n’uko ziriya Ngabo za Uganda zajanye ikimashini gitunganya Imihanda ariko kubera ko arikimwe akazi ngo kakibanye kenshi.

Bruce Bahanda.

Tags: Umusirikare wo mungabo za Uganda yinubiye Imihanda yomuri Republika ya Demokarasi ya Congo
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Uvira hateguwe imyigaragambyo yamagana ingabo za leta ziheruka kurekura abafatiwe Makobola harimo n'Abanyamulenge bo mu bwoko bw'Abatutsi.

Comments 1

  1. Wilson says:
    2 years ago

    Imihanda Muri Congo Ninkaho Ubutegetsi Butazi Akamaro kayo Mugihugu

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?