• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

U Rukiko rukuru rwo mu Gihugu c’u Burusiya, rwategetse ko abahuza ibitsina ba bisangiye(LGBT), bitwa umutwe witera bwoba kw’Isi.

minebwenews by minebwenews
December 1, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Urukiko rukuru rwo mu gihugu c’u Burusiya, kuri uyu wa Kane, tariki ya 30/11/2023, rwemeje ko abahuza ibitsina ba bisangiye(LGBT) ko ari icyorezo gikomeye kw’Isi ko kandi bagomba kwitwa u mutwe w’iterabwoba.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Ruriya Rukiko rukaba rwaratangaje ko uzogerageza gushigikira ririya shirahamwe ryabahuza ibitsina ba bisangiye LGBT cangwa hakaba ugerageza ku bavugira mu gihugu c’u Burusiya azahabwa igihano c’u Rupfu.

U mucyamanza Oleg Nefedov, arinawe ukuriye u Rukiko rukuru rwo mu Burusiya, yahise ategeka ko ririya shirahamwe ry’abahuza ibitsina ba bisangiye LGBT ko kuva kuri uyu wa Kane, tariki 30/11/2023, bahite batangira kwitwa u mutwe w’iterabwoba kw’Isi ko kandi badakwiye kuzigera bahabwa umwanya ku butaka bwo mu gihugu c’u Burusiya.

Ibi umuryango w’Abibumbye (L’ONI), mw’ishamyi rishinzwe uburenganzira bw’amuntu, bahise batera utwatsi ruriya Rukiko rukuru rwo mu gihugu c’u Burusiya kuba barihutiye gufata iriya ngingo ibuza abahuza ibitsina ba bisangiye gukorera muricyo gihugu cy’u Burusiya.

Ririya shamyi ry’u muryango w’Abibumbye, rishinzwe uburenganzira bw’amuntu bo bavuga ko bitagakwiye kuba ikibazo cy’abantu bahuza ibitsina ba bisangiye ngo kuko mugihe bahisemo kubakana bagakwiye guhabwa agaciro ko kandi burimuntu afite uburenganzira bwoguhitamo uko abyumva.

Uhagarariye uburenganzira bw’amuntu mu muryango w’Abibumbye, avuga ko iriya ngingo u Rukiko rukuru rwo mu gihugu c’u Burusiya rwafashe bizarangira izanye ingaruka nini mu mibano y’abantu ba bishigikiye n’abatabishigikiye muricyo Gihugu.

Bruce Bahanda.

Tags: U Rukiko rukuru rwo mu Gihugu c'u Burusiya rwategetse ko abahuza ibitsina ba bisangiye LGBT bitwa umutwe witera bwoba kw'Isi
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo za RDF zashinze itangazo hanze rimenyesha abashaka kwinjira igisirikare cyabo inzira baganamo

Comments 1

  1. Bisetsa says:
    2 years ago

    Uburusiya nigihugu imana ikibonamo inshusho yabantu urwo rukiko rwanzuye neza

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?