Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umusesenguzi Nshimiye Fidel, yavuze ku cyemezo ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya baheruka gufata cyokuvana Indorerezi zabo muri RDC.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 2, 2023
in Regional Politics
1
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Umusesenguzi w’u munyamulenge Nshimiye Fidel yagize icyavuga kuby’u bumwe bw’u Buraya, buheruka gutangaza ko bukuye Indorerezi zabo muri RDC.

You might also like

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

Fidele yagize ati: “Mu gihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo, ibyumweru bitatu mbere y’uko amatora y’umukuru w’igihugu aba, umuryango w’ubumwe bw’ibihugu by’u Buraya batangaje ko bakuye abantu babo bari m’ubutumwa bw’indorerezi ku matora, ateganijwe kuba muri RDC.”

“Biriya ba bitangaje kuri uyu wa Gatatu, muriki Cyumweru turimo. mu butumwa batanze bavuze ko ‘kubera umutekano muke’ uri muri RDC ziriya ntumwa zabo zitazabasha kugenzura ibikorwa by’amatora hirya no hino mu gihugu.”

“Ubushize ubusesenguzi duheruka kubaha butanzwe nanjye Fidèle twagarutse kuri ay’amatora, na babwiye ko ariya Matora dutegereje ateye impungenge ko kandi ashobora kutazaba nk’uko bigaragara. Komisiyo ishinzwe gutegura Amatora kugeza ubu ntamubare uhamye baratanga. Ay’amatora na naramuka anabaye azaba nabi.”

“Rero umuryango w’u bumwe bw’u Buraya bashobora kuba ba keneye ku garder honneur yawo batekereza ko kuba ay’amatora azabamo urusaku batinya kuzaseba. Iyi tekinike iri mubyatumye bagaragaza impanvu ko umutekano udahagije.”

“Itangazo rya CENI ryo ku wa 30/11/2023, binyuze muri Patricia NSEYA MULELA, ryavugako ibikoresho bya CENI byahiriye mu bu biko bwayo avugako ha hiriyemo ibintu byinshi. Ririya tangazo barangije basaba ko CENI yakongererwa igihe kugira ngo bongere bategure Amatora. Gusa ibi byose bigaragaza ko hariho imbogamizi kandi nabyita ko ari n’ibimenyetso bigaragaza ko amatora arimo urusaku.”

“Félix Tshisekedi kuri ubu arimuruzindiko i Dubaï muri leta y’unzubumwe bw’Abarabu mu Nama igira iya 28 yiga hejuru y’imihindukirire y’ibihe( COP 28). Ibi ntahandi biraba nka perezida uri mubihe byokwiyamamaza yari kuba yohereje undi umuhagararira muri uriya mwanya.”

Bruce Bahanda.

Tags: Umusesenguzi Nshimiye Fidel yavuze ku cyemezo ubumwe bw'ibihugu by'u Buraya baheruka gufata cyokuvana Indorerezi zabo muri RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

by Bruce Bahanda
July 24, 2025
0
U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi.

U Rwanda na RDC byasinyanye amasezerano yo gucyura impunzi. Guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo n'iy'u Rwanda zagiranye amasezerano yo gucyura impunzi ziri mu bihugu byombi zibishaka,...

Read moreDetails

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye.

Perezida Kagame yakoze impinduka muri guverinoma ye. Umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Paul Kagame, yashyizeho minisitiri w'intebe mushya, Dr. Justin Nsengiyumva. Uyu mwanya wa minisitiri w'intebe w'u Rwanda Dr....

Read moreDetails

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya!

by Bruce Bahanda
July 23, 2025
0
Perezida Trump yagaragaje ko yiteguye kwakira perezida Kagame na mugenzi we Tshisekedi .

U Rwanda rwamaganye RDC ruyiziza kubeshya! Minisitiri w'ubanye n'amahanga w'u Rwanda, Olivier Nduhungurehe, yamaganye Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yatangaje ko minisitiri w'u mutekano warwo, Vincent...

Read moreDetails

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y’amahoro hagati y’u Rwanda na RDC n’amahame ya AFC/M23 na Leta y’i Kinshasa.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Ibyo wa menya ku masezerano RDC na AFC/M23 basinyanye i Doha.

Icyo abahanga bavuga ku masezerano y'amahoro hagati y'u Rwanda na RDC n'amahame ya AFC/M23 na Leta y'i Kinshasa. Abakomeye ku rwego mpuzamahanga, bavuga ko amasezerano y'amahoro yasinywe hagati...

Read moreDetails

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

by Bruce Bahanda
July 22, 2025
0
Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y’uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze.

Amerika yagaragaje ko itewe impungenge y'uko mu Burasizuba bwa RDC hagiye gutirika imirwano ikaze. Leta Zunze ubumwe z'Amerika zabujije abaturage bayo kwirinda gukorera ingendo mu duce tw'u Rwanda...

Read moreDetails
Next Post

Abambere mu basirikare ba Kenya bari mu butumwa bw'amahoro mu Burasirazuba bwa RDC baratangira kuva i Goma uy'umunsi.

Comments 1

  1. Nzayiramya Fidèle says:
    2 years ago

    Gisegeti Niki yizeye kimutera gusuzugura uyumwanya wokwiyamamaza!

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?