• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Tuesday, October 14, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Umundyane muri FDLR uravuza ubuhuha nyuma y’urupfu rwa Colonel Gaby Ruhinda.

minebwenews by minebwenews
December 4, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Nyuma y’urupfu rwa Colonel Ruhinda Gaby, wayoboraga ingabo zo mu mutwe wa FDLR zirwana aho byananiranye bivugwa ko habaye gusubiranamo hagati mu buyobozi bw’uriya mutwe wa FDLR.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Isoko yacu dukesha iy’inkuru ihamya neza ko Colonel Ruhinda Gaby, yishwe ku kagambane ku muyobozi Mukuru wa FDLR, General Pacifique Ntawunguka wamamaye kw’izina rya Omega.

Nk’uko byavuzwe uriya General Omega yari aheruka guhabwa ifaranga azihawe na Guverineri w’i Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, Major Gen Peter Cirimwami Nkuba, zingana n’ibihumbi magana abiri by’idorali (200) z’Amerika, zoguha abarwanyi ba FDLR kugira bakomeze gufasha FARDC kurwanya u mutwe wa M23.

Nyuma y’uko Gen Omega ahawe kariya kayabo k’ifaranga yahise azigumanira we nagatsiko ke. Ibi byatereye Colonel Ruhinda Gaby wari ushinzwe iperereza na operasiyo (Opperation) mu mutwe wa FDLR gusa nugumutse kubuyobozi bwo mutwe wa FDLR.

Iy’i nkuru ikomeza ivuga ko General Omega ari mubaranze aho Colonel Ruhinda Gaby aherereye mu mirwano yo ku Cyumweru tariki 03/12/23 arinabyo byamuviriyemo kuraswa na nyuma yokuraswa byavuzwe ko ubwo Ruhinda Gaby yagezwa mu bitaro kugira ngo yitabweho nabwo Omega yatanze ruswa ku baganga ibabuza kumwitaho biza kuviramo urupfu rwa Colonel Ruhinda Gaby.

Colonel Ruhinda Gaby yishwe kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 03/12/2023, akaba yaraguye mu mirwano ihuriro ry’ingabo za Kinshasa zarizihanganyemo n’u mutwe wa M23 mubice bya Karenga muri teritware ya Masisi, Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Akaba yararangirije mu bitaro bya Heal Africa biherereye mu Mujyi wa Goma, uzwi nk’umurwa Mukuru w’Intara ya Kivu y’Amajyaruguru.

Kuri ubu ntibacana uwaka abarwanyi ba FDLR haravugwa amazimwe n’umundyane.

Bruce Bahanda.

Tags: DrcUmundyane muri FDLR uruvuza ubuhuha nyuma y'urupfu rwa Colonel Ruhinda Gaby
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Human Right Watch, yemeje ko abatutsi muri RDC bicwa bazira ubwoko bwabo maze basaba Kinshasa kubihagarika.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?