• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Abacuruzi b’imyumbati n’ibindi biribwa ba bujijwe ku bizamura muri bi Bogobogo ahatuwe n’abaturage benshi ba Banyamulenge.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Maï Maï yo muri teritware ya Fizi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, irashinjwa ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’ibindi biribwa ku bizamura muri bi Bogobogo, ahatuwe n’abaturage benshi ba ba Banyamulenge bo mu bwoko bw’Abatutsi.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Byavuzwe ko uku ku buza Abacuruzi bi Myumbati n’Amafu ndetse n’ibindi biribwa ko Maï Maï yatangiye guha bariya benewabo amabwiriza yo kutabizamura ahatuwe n’Abanyamulenge ahagana mu mpera z’u kwezi kwa Cumi (10). Gusa ayo ma bwiriza ngo yarushijeho gukara mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi nabiri (12) uy’u mwaka w’2023.

Mu byumweru bibiri bishize, hariya muri bi Bogobogo, homuri teritware ya Fizi, havuzwe kandi Maï Maï yaje iva i Nakiheri muri Grupema ya Mutambara, iza ishaka kwica no kunyaga Inka z’Abaturage ba Banyamulenge. Ubwo byari mo bivugwa bahamije ko baje ba ka mbika ku misozi ya Magunga na Mugorore no kutundi dusozi turi mu nkengero ya bi Bogobogo, ibi byatumye abaturage bo mw’itsinda rya Twirwaneho bikusanya maze bazibira ziriya Maï Maï nk’uko iy’inkuru tuyikesha bamwe mu baturage baturiye ibyo bice, bahamirije Minembwe Capital News ko Maï Maï yahise yongera kubura bigakekwa ko basubiye mubice byo muri Gurupema ya Mutambara.

Gusa muri bi Bogobogo hasanzwe hari kindi kibazo cy’u bujura aho imirima y’abaturage yibwa n’Abantu baza bitwaje imbunda bigakekwa ko yoba ar’Ingabo za Republika ya Demokarasi ya Congo, z’ibarizwa muri ibyo bice. Umwe mu baturage ya bwiye MCN ko iki kibazo bagituye ziriya nzego zishinzwe u mutekano kuva mu kwezi kwa Cumi numwe (11) ariko kugeza ubu kiriya kibazo cyo kw’iba imirima gikomeje gufata indi ntera.

Bi Bogobogo, nagace ko muri teritware ya Fizi, gatuwemo n’ubwoko bw’Abatutsi (Abanyamulenge) benshi, Abapfulero bake na ba Bembe ndetse na Banyindu.

Bruce Bahanda.

Tags: Abacuruzi b'imyumbati n'ibindi biribwa ba bujijwe kubizamura muri bi BogobogoFiziKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Ingabo z'u Burundi zahunze umuriro w'imbunda z'ingabo za Gen Sultan Makenga, birangira Abarundi biroshe mu Batutsi ba twika amazu yabo.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?