• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi zahunze umuriro w’imbunda z’ingabo za Gen Sultan Makenga, birangira Abarundi biroshe mu Batutsi ba twika amazu yabo.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, FDLR, FARDC, Wagner ingabo z’u Burundi na Wazalendo, barashinjwa kwibasira amazu y’Abatutsi aho byavuzwe ko barimo kuya twika i Mushaki, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru, mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Ibi bibaye nyuma y’uko ririya huriro ry’ingabo zirwana k’uruhande rwa leta ya Kinshasa, za gabye ibitero bikaze bakaza ku bitakarizamo ingabo ninshi zo k’uruhande rwa Barundi. N’ibitero bagabye igihe c’isaha z’ijoro ahagana isaha za saa munani (2:00Am), zo kw’itariki 07/12/2023, mu duce turimo Ingabo za ARC/M23, n’abaturage, muri Kabati na Ruvunda.

Mu makuru Minembwe Capital News imaze guhabwa yizewe n’uko bariya basirikare b’u Burundi bamaze gupfusha abasirikare ba bo benshi bi baviramo kwibasira abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi maze batwika inzu zabo ziri i Mushaki ndetse byavuzwe ko barimo no kwica Abatutsi.

Ay’amakuru yanemejwe n’umuvugizi wa M23 mu bya Gisirikare, Major Willy Ngoma, aho yagize ati: “Ihuriro ry’ingabo za Guverinoma ya Kinshasa, zibasiriye amazu y’Abatutsi i Mushaki, zirimo ku yatwika. Ntabwo M23 ibyihanganora turaza kubavugutira u muti.”

U muvugizi w’u mutwe wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka nawe y’unzemo ati: “Ihuriro ry’ingabo za RDC, bagabye ibitero muri Kabati na Ruvunda, nyuma yaho tubirukaho, basize ibikoresho by’agisirikare byinshi dukomeje kubirukaho kugira ngo tugarure u mutekano. Guhunga kwabo bageze mu marembo ya Mushaki batangira kwica abasivile.”

Kanyuka, yasoje avuga ati: “M23 irakomeje kurwana kubaturage n’ibyabo kandi turarwana kinyamwuga.”

Intambara ikaba kuri ubu iremeye mu marembo ya Mushaki ahari ibirindiro by’ingabo z’u Burundi z’ibarizwa mungabo za EACRF.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zahunze umuriro w'imbunda z'ingabo za Gen Sultan Makenga birangira Abarundi biroshe mu Batutsi ba twika amazu yabo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Gufata u Mujyi wa Mushaki, ngo rwari Urugamba rukaze, bidasubirwaho Sake irazengurutswe.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?