• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, October 15, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n’Abasirikare baturiye teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo.

minebwenews by minebwenews
December 7, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Inzara iravuza ubuhuha muri teritware ya i Djwi, mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo, mu Gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo.

You might also like

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

Kuva mu ntangiriro z’ukwezi kwa Cumi n’umwe (11), nyuma y’uko byari bimaze ku menyekana ko leta ya Kinshasa ikomeje kohereza ingabo z’u Burundi na FDLR aho Congo ihana imbibi n’igihugu c’u Rwanda, muri icyo gihe byavuzwe ko Congo Kinshasa ko y’aba ishaka gushora intambara yeruye kuri leta ya Kigali, ibi byatumye Abacuruzi bahagarara ahanini abacuruza ibijanye n’ibiryo.

Nk’uko byagiye bivugwa leta ya Kinshasa yashize Ingabo ninshi z’u Burundi na FDLR Nyangezi, Kamanyola, Ngomo na i Djwi, kugeza n’ubu ziriya Ngabo ziracahari n’amagingo aya.

Ibi byanahamijwe n’abaturage bo muribyo bice aho bahaye ubuhamya MCN, bagize bati: “Uduce twose twa Congo duhana imbibi n’u Rwanda, bari kuhashira Ingabo z’u Burundi na FDLR.”

Bisanzwe bizwi ko abaturage baturiye teritware ya i Djwi, bahahira mu Gihugu cya baturanyi mu Rwanda. Ariko kuri ubu Abacuruzi baho ba bujijwe kongera kugurira ibijanye n’ibiryo mu Rwanda aho bariya bategetsi batinye ko byaba bigemurirwa FDLR na FDNB, bashaka gutera i Gihugu c’u Rwanda.

Umwe mu baturage baturiye ibyo bice yabwiye Minembwe Capital News, ati: “Ubu dufite inzara ninshi Abanyarwanda banze ko duhahira mu gihugu cyabo ngo ahari tubishira FDLR. Ariko kandi nibyo kuko niyo FDLR nayo itegera ibiryo ku bacuruzi bahahira i Rwanda.”

Yunzemo kandi ati: “Haba mu basirikare b’u Burundi baraha, FARDC na FDLR natwe abasivile, turashonje cyane. Abanyarwanda batwemereye gusa Inzoga n’izo ziva iwabo zikaza hano kw’i Djwi. Inzara iratumara tu kandi muzi ko na leta ya Kinshasa idahahaye abaturage bayo n’Abasirikare.”

Teritware ya i Djwi, iherereye hagati mu mazi y’ikiyaga cya Kivu, gikora ku gihugu c’u Rwanda na Congo Kinshasa. Iyi teritware ya i Djwi yahawe ubwigenge ahagana mu mwaka w’1974. Ikaba ifite Cheferie zibiri gusa: Cheferie ya Mbere ni Rubenga iherereye mu Burasirazuba bw’iyi teritware na Cheferie Ntambuka, iherereye mu majy’Epfo.

Aka gace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abahavu.

Bruce Bahanda.

Tags: Inzara iravuza ubuhuha mu baturage n'Abasirikare baturiye teritware ya i DjwiKivu yamajy'Epfo
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

“Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba”-senateri Evode

by Bahanda Bruce
October 13, 2025
0
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

"Igikwiye nuko borasa perezida Tshisekedi amatwi akaziba"-senateri Evode Umunyarwanda Evode Uwizeyimana umunyamategeko akaba ari n'umusenateri muri Leta y'u Rwanda, yatangaje ko imyitwarire ya perezida wa Repubulika ya demokarasi...

Read moreDetails

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza

by Bahanda Bruce
October 12, 2025
1
Perezida w’igihugu na cyo kirimo intambara ikomeye, ya tumiye Tshisekedi wa RDC, anahishyura ibyo ibihugu byombi bigiye gufatanya

Perezida Tshisekedi yivuguruje kubyo aheruka gutangaza Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi yatangaje ko ibyo yavuze abizi, kandi ko abatamuzi ari bo bavuga ko yapfukamiye...

Read moreDetails

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

by Bahanda Bruce
October 11, 2025
0
RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda

RDC yikomye bikomeye umuryango wa EU iwuhora u Rwanda Repubulika ya demokarasi ya Congo ibinyujije kuri minisitiri wayo w'ubanye n'amahanga, Therese Kayikwamba Wagner, yikomye umuryango w'ubumwe bw'u Burayi...

Read moreDetails

Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Umuvugizi w’ibiro by’umukuru w’igihugu cy’u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi

Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda yagize icyo avuga ku byatangajwe na Tshisekedi Umuvugizi w'ibiro by'umukuru w'igihugu cy'u Rwanda, Stephanie Nyombayire, yavuze ko ibyatangajwe na perezida Felix Tshisekedi...

Read moreDetails

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

by Bahanda Bruce
October 10, 2025
0
Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y’ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel

Ubutumwa perezida Kagame yatanze nyuma y'ibyo Tshisekedi yatangarije i Brussel Perezida Paul Kagame w'u Rwanda yatangaje ko umuntu agize ikibazo akabombolekana nk'ingungura irimo ubusa, na we yaba afite...

Read moreDetails
Next Post

Umuvugizi wa M23 mu bya politike, Lawrence Kanyuka, asobanuye impamvu bambuye ihuriro ry'ingabo za RDC, u Mujyi wa Mushaki?

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?