• Shop & Explore
  • About Us
  • Privacy Policy
Wednesday, September 10, 2025
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • sport & entertainment
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Ingabo z’u Burundi, zishe Abatutsi, i Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu y’Amajyaruguru.

minebwenews by minebwenews
December 8, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Ingabo z’u Burundi z’ibarizwa k’ubutaka bwo muri Kivu y’Amajyaruguru mu gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, zirashinjwa kwica abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, zibarasiye mu gace ka Murambi, gaherereye muri Ngungu, muri teritware ya Masisi, mu Ntara ya Kivu Yaruguru.

You might also like

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Nyuma y’uko Ingabo z’u Burundi zifatanije n’ihuriro ry’Ingabo za RDC, FDLR, Wazalendo, Wagner na FARDC, zitsinzwe n’u mutwe wa M23 muri Mushaki bikarangira ziriya Ngabo z’u Burundi zitawanyitse, bya vuzwe ko ubwo bariya basirikare b’u Burundi bari bamaze kugera ku Murambi, agace gatuwe n’abaturage bo mu bwoko bw’Abatutsi, bahise barasa Abasivile mu Muhana bamwe barakomereka abandi barapfa.

Ati: “Abaturage ba Batutsi, bari kwicwa n’Abasirikare b’u Burundi, barashe mu Muhana wa Murambi abantu ba biri barapfa abandi u Munani barakomereka bikabije.”

Hari n’amakuru avuga ko bariya basirikare b’u Burundi ko boba bahahamitse kubera gukubitwa cyane n’Ingabo za ARC/M23.

Mu makuru yizewe Minembwe Capital News, yabwiwe n’uko m’urugamba rwo kuwa Kane, tariki 07/12/2023, bariya basirikare b’u Burundi ko bapfushije abasirikare babo benshi mu Ntambara ya Mushaki no mu nkengero zayo ko kandi batswe n’Imbunda zo mu bwoko bwa Mashini Gani(Mashinigun), 47.

Ibi bikaba byarabatereye guhahamuka. Ni mugihe kandi herekanwe abasirikare b’u Burundi bahungiye ku k’ibuga c’indege ca Goma, aho “basabisha ko batahanwa mu gihugu cyabo i Burundi, ngo kuko ntibashaka kongera kurwana n’umutwe wa M23.”

Aha kandi muri Murambi hari umusirikare wo mungabo z’u Burundi, wiyishe akoresheje imbunda bigakekwa ko yoba yari ya hahamutse.

Bruce Bahanda.

Tags: Ingabo z'u Burundi zishe Abatutsi i Ngungu muri teritware ya MasisiMu Ntara ya Kivu y'AmajyaruguruRdc
Share24Tweet15Send
minebwenews

minebwenews

Recommended For You

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

by Bahanda Bruce
September 10, 2025
0
U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo

U Rwanda rwagaragaje ko RDC yarengereye kubyo yavuze ku ngabo zarwo Guverinoma y'u Rwanda yamaganiye kure imvugo bamwe mu bagize guverinoma ya Repubulika ya demokarasi ya Congo bashinje...

Read moreDetails

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya

U Rwanda na RDC byahuriye i Washington DC bafata imyanzuro mishya Intumwa z'u Rwanda n'iza Repubulika ya demokarasi ya Congo zahuriye i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe...

Read moreDetails

Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

by Bahanda Bruce
September 4, 2025
0
Mu Burundi isubira nyuma ry’ubukungu bwaho riravuza ubuhuha

Mu Burundi isubira nyuma ry'ubukungu bwaho riravuza ubuhuha Ubukungu bw'igihugu cy'u Burundi ku ngoma ya perezida Evariste Ndayishimiye bugenda burushaho kujya ahabi, kubera ibura ry'ibikomoka kuri peteroli, ugakubitiraho...

Read moreDetails

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

by minebwenews
September 2, 2025
0
Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n’iz’u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo

Nangaa adaciye kuruhande yaburiye ingabo za RDC n'iz'u Burundi kudakomeza gushotora AFC/M23/MRDP, za byanga avuga icyo zizahura na cyo Umuhuza bikorwa w'ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC/M23/MRDP-Twirwaneho rirwanya...

Read moreDetails

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

by minebwenews
September 1, 2025
0
U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza.

U Rwanda rwashyizwe ku mwanya ushimishije mu bihugu bya Afrika bifite imiyoborere myiza. U Rwanda ruyobowe na perezida Paul Kagame, rwashyizwe ku mwanya wa kabiri mu bihugu bya...

Read moreDetails
Next Post

Igitero cya Maï Maï, Red Tabara, na FDLR, cyari cyagabwe mu nkengero za Komine Minembwe, Twirwaneho ya gisubije inyuma.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • Religion
  • Shop & Explore
  • sport & entertainment
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge AFC/m23 Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Iran Israel Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Trump Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?