Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
  • Home
  • Conflict & Security
  • Regional Politics
  • World News
  • History
  • About Us
    • Privacy Policy
No Result
View All Result
Minembwe Capital News
No Result
View All Result
Home Regional Politics

Benshi mu basirikare b’u Burundi, barigucyurwa bavanwa RDC bafunzwe.

Bruce Bahanda by Bruce Bahanda
December 11, 2023
in Regional Politics
0
60
SHARES
1.5k
VIEWS
Share on FacebookShare on TwitterShare on Whatsapp

Abasirikare b’u Burundi ba barirwa muri magana ane(400), biravugwa ko bacyuwe bavanwe mu Burasirazuba bwa Repubulika ya Demokarasi ya Congo ndetse ko bamaze kugezwa i Bujumbura, mu gihugu c’u Burundi.

You might also like

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Ni nyuma y’uko bariya basirikare bari bigumuye ku buyobozi bwabo bw’Ingabo, aho byavuzwe ko banze kwifatanya na FARDC, FDLR na Wazalendo kurwanya M23.

Nk’uko Pacifique Nininahazwe, umwanditsi w’umurundi akaba n’umuyobozi w’umuryango wa FOCODE, utabariza abarundi benewabo ba ba baburiwe irengero, aheruka kubitangaza yavuze ko bariya basirikare b’u Burundi bavugako “badakomeza gupfira ubusa, intambara bo babona nk’intambara za mafuti.”

Kimweho uyu Pacifique Nininahazwe, kuri uyu wo ku Cyumweru, tariki 10/12/2023, yatangaje ko abasirikare b’u Burundi bavanwe i Goma, bambaye umwambaro w’igisirikare ca FARDC ba barirwa ku 147 bashitse i Bujumbura barafungwa aho yanahise atangaza ko bafungiwe mw’iperereza, bazira kuba baranze kurwanya M23.

Yanakomeje avuga ko k’uwa Gatanu, tariki 08/12/2023, Brigadier General Elie Ndizeye, wa mamaye kw’izina rya Muzinga, uyoboye ingabo za TAFOC (Ingabo z’u Burundi zoherejwe mu Ntara ya Kivu y’Amajy’epfo), ko yagaragaye atongana n’ingabo ze zanze kuja kurwana na M23. Gen Muzinga igihe kimwe aba ari umusirikare w’u Burundi wo mungabo za EACRF ikindi gihe abari umusirikare uyoboye ingabo zo mu mutwe wa TAFOC.

Harandi makuru ahamya ko k’umunsi w’ejo hashize tariki 10/12/2023, ko Ingabo z’u Burundi za cyuwe ni mugihe herekanwe video igaragaza amakamyo atanu arimo abasirikare benshi barimo bavanwa mu Burasirazuba bw’iki gihugu ca Republika ya Demokarasi ya Congo, bakambutswa iwabo mu gihugu c’u Burundi.

Muri bimwe bya babaje abasirikare b’u Burundi nk’uko Pacifique Nininahazwe, yabivuze n’uko ngo aba basirikare bajanwa k’urugamba bambaye umwambaro w’igisirikare ca RDC n’ibendera ry’igihugu ca Repubulika ya Demokarasi ya Congo. Bamwe muri aba basirikare bishwe bambaye uriya mwambaro abandi ba buriwe irengero.

Ibi yabyise ngo ni “Uguhemukirwa.”

Bruce Bahanda.

Tags: Benshi mu basirikare b'u Burundi barigucyurwa bavanwa RDC bafunzweBujumburaMu Burasirazuba bwa RDC
Share24Tweet15Send
Bruce Bahanda

Bruce Bahanda

Amakuru yizewe Kandi azira igihe ntahandi wayasanga atari kuri Minembwe Capital News. Tubagezaho Amakuru yomubiyaga bigari ndetse nohirya nohino kw'Isi. Murakaze neza mwese Kuri Minembwe Capital News.

Recommended For You

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y’uko RDC iyitambitse imbere.

Kigali yafashe umwanzuro ukakaye nyuma y'uko RDC iyitambitse imbere. Igihugu cy'u Rwanda cyikuye mu muryango wa CEEAC nyuma y'aho Repubulika ya demokarasi ya Congo ikibangamiye. Uyu mwanzuro u...

Read moreDetails

Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

by Bruce Bahanda
June 7, 2025
0
Kwa Tshisekedi barakajwe n’itsinda ry’abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23.

Kwa Tshisekedi barakajwe n'itsinda ry'abayobozi bo mukarere baheruka kuganira na AFC/M23. Repubulika ya demokarasi ya Congo yagaragaje ko yababajwe n'urwego rwa karere ka Afrika y'ibiyaga bigari rushinzwe kugenzura...

Read moreDetails

Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

by Bruce Bahanda
June 5, 2025
0
Ibivugwa ku mubonano Tshisekedi yagiranye na Fayulu.

Perezida Tshisekedi yakiriye wa munyapolitiki uheruka kwibasira Kabila. Perezida wa Repubulika ya demokarasi ya Congo, Felix Tshisekedi, yakiriye umunyapolitiki wo muri iki gihugu Martin Fayulu uheruka gutangaza ko...

Read moreDetails

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
AFC/M23 yatangaje igikorwa iri bwereke Isi kuri uyu wa 5.

M23 yatangaje ko yakiriye undi munyapolitiki ukomeye. Ihuriro rya Alliance Fleuve Congo, AFC, ryatangaje ko ryakiriye umunyapolitiki Marcelin Cishambo, kandi ko yazanye n'abandi banyapolitiki barimo n'abatavuga rumwe n'ubutegetsi...

Read moreDetails

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

by Bruce Bahanda
June 4, 2025
0
Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo.

Kinshasa yahakanye ibyo yashinjwaga byo kwibasira bamwe mu basirikare bayo. Leta ya Repubulika ya demokarasi ya Congo yahakanye ibivugwa ko iri mu kwibasira abasirikare ba kuru ba FARDC...

Read moreDetails
Next Post

Kandida Tshisekedi, waherukaga i Goma, arikumwe na Paul Kagame umukuru w'igihugu c'u Rwanda, kumunsi w'ejo y'umvikanye amutunga urutoki.

Browse by Category

  • Conflict & Security
  • History
  • Regional Politics
  • Religion
  • Uncategorized
  • World News

Minembwe Capital News

MINEMBWE DUTANGAZA AMAKURU ATOHOJE KANDI YIZEWE Y'I MULENGE NO MU KARERE, NDETSE NO KU ISI HOSE.

CATEGORIES

BROWSE BY TAG

Abanyamulenge Abaturage Amerika Bibogobogo Bukavu Burundi Evariste Ndayishimiye Fardc FDLR Fizi Goma ibiganiro Ibitero Igitero Ihuriro ry'Ingabo za RDC Imirwano Imyigaragambyo Ingabo z'u Burundi Intambara Israel Ituri Kenya Kinshasa Kivu yamajy'Epfo M23 Masisi Maï Maï Mikenke Minembwe Monusco Paul Kagame Rdc Rurambo Rwanda SADC Sake Tshisekedi Twirwaneho U Burusiya Uganda Ukraine Umutekano U Rwanda Uvira Wazalendo

© 2025 minembwe

No Result
View All Result
  • Home
  • Regional Politics
  • Conflict & Security
  • World News
  • About Us
    • Privacy Policy

© 2025 minembwe

This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
Are you sure want to unlock this post?
Unlock left : 0
Are you sure want to cancel subscription?